Tariki ya 4 Nyakanga, Umunsi mukuru wo kwibohora ni umunsi ukomeye mu Rwanda. Kuva tariki ya 1-tariki ya 4/Nyakanga aba ari iminsi ikomeye ikurikirana, iminsi y’ikiruhuko mu gihugu, aho usanga...
Ni byiza gutangira umwaka dufasha abantu bakuze kumenya ibitabo rukwiriye gusoma, ibitabo bakwiriye gushyira mu ngamba z’umwaka ngo bazabe babisomye. Kumenya ahantu babikura , uko babibona,.. Gusoma bifite akamaro ku...
Ni byiza gutangira umwaka dushishikariza abana kumenya ibitabo bakwiriye gusoma, ibitabo ababyeyi bakwiriye kugurira abana babo ngo basome. Ni ibitabo byagenewe abana bo kuva mu mwaka wa mashuri y’inshuke kugeza...
Ni byiza gutangira umwaka dushishikariza urubyiruko kumenya ibitabo rukwiriye gusoma, ibitabo ababyeyi bakwiriye gufasha urubyiruko kubona ngo basome. Ni ibitabo byagenewe urubyiruko rwo kuva mu mwaka wa mashuri makuru kugeza...
Mu rwego rwo guteza imbere umuco wo gusoma mu Rwanda hashyizweho gahunda yo gufungura amasomero y’abaturage(community library) hirya no hino mu gihugu mu rwego rwo gufasha abaturage kubona amasomero hafi...
Ni byiza kubona ahantu abahanzi batandukanye; abanditsi, abahanzi, ababyinnyi, abanditsi, abakina ikinamico na filimi, abanyabugeni, abanyarwenya, abanyamideli, abashushanya ….kubona ahantu bahurira bagakora imirimo yabo itandukanye. Rwanda Arts Initiative igamije gufasha...
Tel:+250 783541018 /728541018
Email:umuragewacugroup@gmail.com
Address:Kigali-Rwanda