Buri mwaka mu kwezi kwa Nyakanga ni igihe cyiza cy’impeshyi , igihe cyo gutembera ahantu hatandukanye mu Rwanda.
Mu rwego rwo guteza imbere ubukerarugendo burambye, ubukerarugendo bugirwamo uruhare n’abenegihugu, Twiyemeje gufasha abantu kubatembereza ahantu hatandukanye mu mafoto.
Ni ahantu bashobora kujya gutembera, gufasha abantu kumenya ibyiza nyaburanga bihari, impamvu bakwiriye kujyayo, ibyo bashobora kuryayo, imirage ndangamuco , ndangamateka na kamere bashobora gusura bakamenya n’ibiyerekeyeho.
Kanda hano urebe amafoto: https://www.flickr.com/photos/141807562@N05/albums/72157715330469488