Abanyarwanda bavuga ururimi rw’ikinyarwanda, Ururimi rubahuza bose, rukoreshwa mu Rwanda hose. Ariko hakaba hariho amagambo akunda gukoreshwa muri rusange n’abantu mu ngeri zose; baba bari mu nzira bahuye, kuri telefone, mu ngendo, mu nama, mu bukwe, mu rugo, mu kazi, ku isoko, mu Nsengero cyangwa…