by admin | Mar 31, 2026 | Abanditsi
Ndahimana Gilbert ni umunyarwanda ukunda gusoma no kwandika. Mu mwaka wa 2025 yasomye ibitabo byiza yakunze bivuga ku; mateka, urukundo, inkuru, kubaho mu dushya na magazine. Ni ibitabo bifasha kumenya, kumva no gutekereza ibyo umuntu arimo gusoma. 1.Les Grands...
by admin | Mar 31, 2026 | Abanditsi
Ni isomero rya Komisiyo y’Igihugu Ikorana na UNESCO (Rwanda National Commission For UNESCO). Isomero rifite ubukungu bw’ ibitabo by’amoko yose (ubukungu, politiki, umuco, ubuzima, ikoranabuhanga, inkuru, ubushakashatsi,.. ..). Ubushakashatsi Rizwi kuba ahantu ho...
by admin | Mar 31, 2026 | Abanditsi
Ni isomero riri mu Kigo cy’Urubyiruko kizwi nko kuri Rafiki (Rafiki Youth Center) riherereye mu murenge wa Rwezamenyo. Ni isomero rifite ibitabo bitandukanye, biri mu ndimi zitandukanye, isomero ryakira abantu b’ingeri z’itandukanye; abana, urubyiruko, n’abakuze....
by admin | Mar 28, 2026 | Abanditsi
Mu murenge wa Kacyiru mu karere ka Gasabo habarizwa amasomero akomeye mu Rwanda, ni amasomero yakira abantu batandukanye kandi usangamo ibitabo bishya, byihariye, ibitabo bya kera bivuga ku bintu byose. Amasomero afasha abantu kugira ubumenyi, kubona ahantu ho...
by admin | Mar 28, 2026 | Abanditsi
Gutoza umwana gusoma ibitabo akiri muto ni ibintu by’ingenzi, bimufasha gukura neza, azi ubwenge kandi afite n’ubumenyi. Gusoma ibitabo bifasha ubwonko bw’umwana gukura neza. Ntabwo watinze cyangwa hari uwo muri kurushanwa mu gusoma ku mwana wawe cyangwa umuvandimwe...