by admin | May 16, 2026 | Abanditsi
Ni ibitabo wasoma nibura buri kwezi ugasoma igitabo. Ugendeye kuri buri kwezi wabasha gusoma ibitabo 12 muri uyu mwaka. Ibitabo bivuga ku bintu bitandukanye: amateka, ubushobozi, umuco, ubuzima, iterambere, ubuyobozi,urukundo … Byanditswe n’Abanyarwanda ,...
by admin | May 16, 2026 | Abanditsi
Ni byiza ko urubyiruko rukomeza umuco wo gusoma ibitabo kuko byongera ubumenyi, bigatuma ugira ibitekerezo byinshi kandi byagutse. Dore ibitabo urubyiruko rwasoma muri uyu mwaka: Les chemins des âmes libres Ni igitabo cy’umwanditsi Benjamin Bashoshere, kivuga inkuru...
by admin | May 16, 2026 | Abanditsi
Guhitamo ibitabo byo gusoma muri uyu mwaka, ni ukugufasha kumenya ibitabo byiza byanditswe n’abantu. Ni ibitabo bifite ubukungu bwinshi byatumye abantu bamwe baba abantu bakomeye,, ibitabo birimo ubuhamya, amakuru utaruzi,… Gusoma bigufasha kumenya amakuru,...
by admin | May 16, 2026 | Abanditsi
Guhitamo ibitabo byo gusoma muri uyu mwaka, ni ukugufasha kumenya ibitabo byiza byandikiwe abana. Gusoma bigufasha kugira ubumenyi n’ubwenge bifasha mu buzima bwa buri munsi, ari ubu n’ahazaza. Bifasha umwana gukuza ubwonko bwe, akazaba umuhanga, akagira ibitekerezo...
by admin | Apr 2, 2026 | Abanditsi
Ku nshuro ya mbere mu Rwanda hatanzwe ibihembo bya Women Books Award. Ibihembo bya Women Book Awards 2026 byahurije hamwe abanditsi, abamamaza ibitabo, abarimu n’abayobozi mu muco mu rwego rwo kwizihiza abagore ibikorwa byabo bikomeje kugira uruhare mu guteza imbere...