Jenocide

#Kwibuka30, amazina 9 y’abanyapolitike bongewe ku Rwibutso rwa Rebero

Tariki ya 13 Mata 2024, mu muhango wo gusoza icyumweru cy’icyunamo ku rwego rw’igihugu wabereye ku Rwibutso rwa Jenoside Yakorewe Abatutsi rwa Rebero mu mujyi wa Kigali hatangajwe amazina icyenda y’abandi banyapolitiki bishwe bazira kwitandukanya na politiki...

Kwibuka 30, abagore bayoboye imiryango mpuzamahanga ikomeye ku isi baje mu Rwanda

Tariki ya 7 Mata 1994-Tariki ya 7 Mata 2024. Imyaka 30 irashize mu Rwanda habaye jenoside yakorewe abatutsi. Mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 ayo marorerwa, haje inshuti z’u Rwanda zo hirya no hino ku isi. Dore abagore bakomeye, harimo n’umunyarwandakazi bayoboye...

Kwibuka 30, aba visi Perezida b’ibihugu baje mu muhango wo kwibuka Jenoside Yakorewe abatutsi muri Mata 1994.

Tariki ya 7 Mata 1994-Tariki ya 7 Mata 2024. Imyaka 30 irashize mu Rwanda habaye jenoside yakorewe abatutsi. Dore aba visi Perezida baje bahagarariye ibihugu byabo mu kwifatanya n’abanyarwanda. Visi Perezida Rigathi Gachagua (Kenya) Visi Perezida Jessica Alupo...

Kwibuka 30, abaminisitiri b’intebe b’ibihugu baje mu muhango wo kwibuka Jenoside Yakorewe abatutsi muri Mata 1994.

Tariki ya 7 Mata 1994-Tariki ya 7 Mata 2024. Imyaka 30 irashize mu Rwanda habaye jenoside yakorewe abatutsi. Dore abaminisitiri b’intebe baje bahagarariye ibihugu byabo mu kwifatanya n’abanyarwanda. Minisitiri w’Intebe Abiy Ahmed (Ethiopie) Minisitiri w’Intebe Raymond...