Ibintu 10 wamenya ku ntara y’uburengerazuba.

December 13, 2023

Intara y’uburengerazuba yashyizweho n’itegeko No.29/2005 ryo kuwa 31/12/2005 rigena imitegekere y’inzego z’igihugu, ryavuguruwe mu itegeko No.14/2013 ryo kuwa 25/03/2013 rigena imituganyirize n’imikorere by’intara .

  1. Intara imwe mu ntara enye n’umujyi wa Kigali zigize u Rwanda.
  2. Intara y’uburengerazuba ihana imbibi mu Majyaruguru yayo  n’Intara y’Amajyaruguru y’u Rwanda n’igihugu cya Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo.
  3. Intara y’uburengerazuba ihana imbibi mu burasirazuba bwayo n’Intara y’Amajyepfo y’u Rwanda
  4. Intara y’uburengerazuba ihana imbibi mu majyepfo yayo n’igihugu cy’u Burundi na Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo.
  5. Ikicaro gikuru cy’intara kiri I Karongi mu Murenge wa Bwishyura kuva mu mwaka wa 2006.
  6. Intara y’Uburengerazuba ifite ubuso bwa km2 5882.
  • Intara y’uburengerazuba igizwe imirenge 96, utugari 538 n’imidugudu 3612.