Uncategorized

Rwanda 2010, amatora ya Perezida wa Repubulika

Amatora yo guhitamo umukuru w’igihugu yabaye tariki ya 9 Kanama 2010 mu gihugu imbere. Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’amatora Karangwa Chrysologue. Harimo abakandinda bane; Paul Kagame (Umuryango FPR), Dr Jean Damascene Ntawukuriryayo (PSD), Dr Prosper Higiro (PL)...

Amazina bwite atangizwa n’inyuguti ya T

Taba Tabara Tabaro Tabaruka Tafari Tahaninka Tamba Tambineza Tangamahoro Tanganika Tangimbabazi Tangineza Tebuka Tega Teganeza Teganya Tegayombi Tegeko Tegera Tegereza Tegeri Tegibanze Tegineza Tegura Tegurugori Temahagari Terebula Tereraho Tereyaho Terimbere Tesi...

Amasaha 9 mu mujyi wa Rubavu

Rubavu ni umujyi w’ubukerarugendo mu Rwanda, umujyi ufite ibyiza byiza byo gusura ,ibyiza byinshi byo kureba, umujyi wo kwishimiramo.Ni byiza gupanga uko wasimbukira mu mujyi wa Rubavu, umunsi umwe muri Weekend , ukamenya uko wawutembera kandi ukishima.Dore uko...