Ibiganiro Ubukerarugendo

Ibisubizo 15 bya Habiyambere Egide

Habiyambere Egide ni umusore w’umunyarwanda wize Computer & Electronics, wihangiye imirimo y’ubutekinisiye mubyo yize.  Egide atuye mu murenge

Featured Post

Inkuru zo Gusoma

igicumbi Magazine

Abanditsi

#Gusoma2026, ibitabo 12 abantu bakwiriye gusoma

Ni ibitabo wasoma nibura buri kwezi ugasoma igitabo. Ugendeye kuri buri kwezi wabasha gusoma ibitabo 12

Inkuru z'Ibirori

Abanyafurika bahembwe na Tusk  muri uyu mwaka

Ikigo cya TUSK Conservation Awards  gitanga ibihembo kubantu bakoze ibikorwa by’indashyikirwa mu kurengera ibidukikije, mu

UNESCO 2025, imijyi yashyizwe ku rutonde rwa

Uyu mwaka wa 2025, UNESCO yahisemo imijyi 72 mishya mu mijyi yo ku isi, mu

Unesco yabonye umuyobozi mushya 2025.

Ni mu nama ya 43 ya UNESCO yabaye tariki ya 30 Ukwakira-13 Ugushyingo 2025, mu

Kwita izina 2025, abise izina abana b’ingagi

Umuhango wo Kwita Izina watangiye mu mwaka wa 2005, ni umuhango ubera mu Kinigi mu

Amafunguro

Ibiganiro
ZAMBIA: IBITEKEREZO MU GUKORA UBUKERARUGENDO BURAMBYE

Tariki ya 14- 24 Kanama 2018 I Livingstone mu mujyi w’ubukerarugendo wa Zambia habereye amasomo yo kwigisha abantu

Inkuru zo kwamamaza
Wekindi yo kwizihiza #Kwibohora31, ibitaramo bikomeye bizabera I Rubavu

Mu rwego rwo kwizihiza umunsi mukuru wo kwibohora ku nshuro ya 31, mu mujyi wa Rubavu hateguwe ibirori

Inkuru zo kwamamaza
Wekendi y’umuganura, ibintu bizaba mu Rwanda

Umuganura uba kuwa Gatanu wa mbere w’ukwezi kwa Munani buri mwaka, ni ibirori bifite ibisobanuro mu muco n’amateka

Amateka y'Ahantu
Weekend y’umuganura, ahantu 5 wasura hafite amateka y’umuganura

Umuganura ni umwe mu mihango y’abanyarwanda kuva kera, ni umuhango wayoborwaga n’umwami. Ubu abanyarwanda  bizihiza umuganura bafata umwanya

Insingamigani Inyurabwenge
Rubanda ni abahanya

Rubanda ni abahanya ni umugani baca iyo bashaka gutsindira umuntu ubugome badasobanuye uwo ari we; ni bwo bagira ngo:

Ibirori Inkuri z'ibirori Uncategorized
2021, Kwita Izina  abana b’ingagi ku nshuro ya 17

Kuva mu mwaka wa 2005, mu Rwanda haba igikorwo cyo kwita amazina abana b’ingagi baba baravutse mu miryango

Amateka Amateka y'Abantu
Menya bimwe mubintu 26 byaranze perezida wa mbere wa kenya “JOMO KENYATTA”

Jomo Kenyatta ni Umugabo wavukiye muri Kenya yarwanyije ubutegetsi bwaba koloni babongereza bari barigaruriye ubutaka bwa Kenya, yaharaniye

Abahanzi Inyurabwenge
Impamvu 5 zo gukorera muri Rwanda Arts initiative

Ni byiza kubona ahantu abahanzi batandukanye; abanditsi, abahanzi,  ababyinnyi, abakina ikinamico na filimi, abanyabugeni, abanyarwenya, abanyamideli, abashushanya ….kubona

  • Home  
  • Impamvu 1 yo kuba I kigali mu ijoro ry’ubunani
- Urugendo

Impamvu 1 yo kuba I kigali mu ijoro ry’ubunani

Umwaka iyo urangiye ni byiza gutekereza ahantu uzawusoreza, n’ aho uzawutangirira undi.  Biri mu bintu byiza cyane biba urwibutso mu buzima. Impamvu imwe ugomba kuba uri I Kigali, ni ukurangiza umwaka no gutangira umwaka mushya kuri Kigali Convention Center ni ikintu cyiza cyane, haba hateguwe ahantu bari buturikirize imiriro yo mukirere (Fire warks), ni ahantu […]

Umwaka iyo urangiye ni byiza gutekereza ahantu uzawusoreza, n’ aho uzawutangirira undi.  Biri mu bintu byiza cyane biba urwibutso mu buzima.

Impamvu imwe ugomba kuba uri I Kigali, ni ukurangiza umwaka no gutangira umwaka mushya kuri Kigali Convention Center ni ikintu cyiza cyane, haba hateguwe ahantu bari buturikirize imiriro yo mukirere (Fire warks), ni ahantu haba hateguwe (CountDown timer), uko babara bahera ku 10, 9, 8, 7, 6,5,..kugeza kuri 0 basoza umwaka. Ni ibintu byiza.”

Ijoro ry’ubunani I Kigali, ni ijoro abantu benshi baba bishimira kurangiza umwaka no gutangira undi! Ni byiza kwishima kuba ugihumeka, ukiri kumwe n’inshuti n’abavandimwe bawe.

Mu buzima, ni byiza kugira imbaraga, ubushobozi bwo kwishima, nta guhora ugaya, untenga, ufite amakenga. Ibyangiye biba byarangiye, ni ngombwa gufata akanya ukishima, ukidagandura.

Ikindi bimaze kuba umuco ko ahantu hatandukanye ku misozi ikikije umujyi wa Kigali haba kohereza ibishashi by’umuriro ( Fireworks). Bitewe n’ahantu uzaba uherereye wabasha kwihera ijisho ibyo bishashi by’umuriro mu kirere.

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Igicumbi @2024. All Rights Reserved.