Uturere tw’u Rwanda

December 13, 2023

Uturere tw’u Rwanda twashyizweho n’itegeko No.29/2005 ryo kuwa 31/12/2005 rigena imitegekere y’inzego z’igihugu, ryavuguruwe mu itegeko No.14/2013 ryo kuwa 25/03/2013 rigena imituganyirize n’imikorere by’intara n’uturere hagamijwe kwegereza ubuyobozi n’ubushobozi abaturage.

U Rwanda rugizwe n’uturere 30, akarere kayoborwa na Meya afatanyije n’Inama-jyanama itorwa n’abaturage.

Intara y’Umujyi wa Kigali

  1. Akarere ka Kicukiro
  2. Akarere ka Gasabo
  3. Akarere ka Nyarugenge

Intara y’Amajyaruguru

  1. Akarere ka Burera
  2. Akarere ka Gakenke
  3. Akarere ka Gicumbi
  4. Akarere ka Musanze
  5. Akarere ka Rulindo

Intara y’Amajyefo

  1. Akarere ka Gisagara
  2. Akarere ka Huye
  3. Akarere ka Kamonyi
  4. Akarere ka Muhanga
  5. Akarere ka Nyamagabe
  6. Akarere ka Nyanza
  7. Akarere ka Nyaruguru
  8. Akarere ka Ruhango

Intara y’uburengerazuba

  1. Akarere ka Karongi
  2. Akarere ka Ngororero
  3. Akarere ka Nyabihu
  4. Akarere ka Nyamasheke
  5. Akarere ka Rubavu
  6. Akarere ka Rusizi
  7. Akarere ka Rutsiro

Intara y’Uburasirazuba

  1. Akarere ka Bugesera
  2. Akarere ka Gatsibo
  3. Akarere ka Kayonza
  4. Akarere ka Kirehe
  5. Akarere ka Ngoma
  6. Akarere ka Nyagatare
  7. Akarere ka Rwamagana

Imvano: Iterinete.