by admin | May 18, 2024 | Jenocide
Imirage ndangamuco ifatika ku rwego rw’igihugu yasohotse ku mugereka w’teka rya Minisitiri, ry’umwaka wa 63, igazeti ya leta idasanzwe yo kuwa 9 Gashyantare 2024. Iteka rya Minisitiri No.001/MINUBUMWE/24 ryo kuwa 8 Gashyantare 2024 ryerekeye urutonde rw’umurage...
by admin | May 18, 2024 | Ibyiza Nyaburanga
Victoria Falls witwa na none Mosi-Oya-Tunya ni ahantu nyaburanga kamere haherereye ku ruzi rwa Zambezi, hagati y’igihugu cya Zambia na Zimbabwe. Uko kuntu hameze, hateye, amateka yaho hagati yahoo n’abantu bahaturiye, akamaro kaho, byatumye hashyirwa mu mirage y’isi...
by admin | May 4, 2024 | Insingamigani
Uyu mugani uvugwa kenshi mu Rwanda bawerekeje ku muntu, bakuye mu mage bakamudabagiza; niho bavuga ngo: «Bamushyize igorora!» Wakomotse ku munyagisaka witwaga Rumanzi; ahagana mu mwaka w’i 1700, wusirwa n’umunyanduma witwaga Shabwega bwa Rubunge...
by admin | May 4, 2024 | Inkuru zo kwamamaza
Umwaka wa 2024 uzabamo ibintu byinshi bikomeye mu Rwanda. Ni byiza gutangira umwaka uzirikana ibyo bintu kugirango uzabyitabire. 1.Umushyikirano (Inshuro 19) Umushyikirano ni umwanya mwiza abanyarwanda bahura n’abayobozi babo bakareba uko igihugu gihagaze mu nzego...
by admin | May 4, 2024 | Inkuru zo kwamamaza
Mu Rwanda hari ingoro ndangamurage umunani (8) ubu basizeho ibiciro bishya byo kubasha kuzisura; gusura imurika rihoraho mu ngoro n’ibindi bikorwa bigaragara mu ngoro ndandamurage (amamurika yihariye) Ibiciro bishya: Ibiciro by’abashyitsi (Kuri buri ngoro)...