by admin | Sep 30, 2024 | Amateka y'Abantu
AHOYIKUYE Jean Paul yari umusore w’umunyarwanda, wamenyekanye akina umupira w’amaguru mu Rwanda. Ni ibintu 27 bihwanye n’imyaka yitabye Imana afite. 1.Ahoyikuye Jean Paul yavutse tariki ya 1 Mutarama 1997 2.Ababyeyi be; Papa we ni Ahoyikuye Alex na Mama we ni...
by admin | Sep 30, 2024 | Repubulika
1.Guhabwa Itegeko Nshinga bisobanura ko ari ryo risumba ayandi mu gihugu, kandi ko buri wese aba agomba kurikurikiza harimo na Perezida nubwo aba ari we muyobozi mukuru w’Igihugu, ariko aba agomba gukurikiza ibyo ritegeka, kuko itegeko rivuga ko igikorwa cyose...
by admin | Sep 30, 2024 | Repubulika
Mu Rwanda habaye amatora ya Perezida n’abadepite. Umubare w’abantu bari bemerewe gutora bageraga kuri miliyoni icyenda (9.071.1570); igitsina gabo; miliyoni 4.2, abagore miliyoni 4.845.417, site z’itora ari 2433, abakorerabushake barenga ibihumbi 100, hari...
by admin | Sep 30, 2024 | Indashyikirwa
Ni iserukiramuco rikomeye mu Rwanda, rikunda kuba mu kwezi kwa Nyakanga buri mwaka kuva mu mwaka wa 2015 rishinzwe na Hope Azenda. Ni iserukiramuco ryitabirwa n’ababyinnyi bavuye hirya no hino ku isi mu migabane yose, bagamije kwamamaza umuco wo kubana mu...
by admin | Sep 25, 2024 | Ibyiza Nyaburanga
Green Park Gahanga ni pariki ishyigikira kubungabunga ibidukikije, kwirinda kwangiza ibidukikije. Ni ahantu hateye ibiti byinshi, indabyo, haba inyoni zitandukanye, bafata neza imyanda n’amazi ku buryo by’umwihariko. 1.Picnic 2.Gukora umwiherero n’inama (inshuti,...