• Home  
  • Kwibuka 30, aba visi Perezida b’ibihugu baje mu muhango wo kwibuka Jenoside Yakorewe abatutsi muri Mata 1994.
- Jenoside

Kwibuka 30, aba visi Perezida b’ibihugu baje mu muhango wo kwibuka Jenoside Yakorewe abatutsi muri Mata 1994.

Tariki ya 7 Mata 1994-Tariki ya 7 Mata 2024. Imyaka 30 irashize mu Rwanda habaye jenoside yakorewe abatutsi. Dore aba visi Perezida baje bahagarariye ibihugu byabo mu kwifatanya n’abanyarwanda. Visi Perezida Rigathi Gachagua (Kenya) Visi Perezida Jessica Alupo (Uganda)

Tariki ya 7 Mata 1994-Tariki ya 7 Mata 2024. Imyaka 30 irashize mu Rwanda habaye jenoside yakorewe abatutsi.

Dore aba visi Perezida baje bahagarariye ibihugu byabo mu kwifatanya n’abanyarwanda.

Visi Perezida Rigathi Gachagua (Kenya)

Visi Perezida Jessica Alupo (Uganda)

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Igicumbi @2024. All Rights Reserved.