Jenoside

Kwibuka 30, abagore bayoboye imiryango mpuzamahanga ikomeye ku isi baje mu Rwanda

Tariki ya 7 Mata 1994-Tariki ya 7 Mata 2024. Imyaka 30 irashize mu Rwanda habaye jenoside yakorewe abatutsi. Mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 ayo marorerwa, haje inshuti z’u Rwanda zo hirya no hino ku isi. Dore abagore bakomeye, harimo n’umunyarwandakazi bayoboye...

Kwibuka 30, aba visi Perezida b’ibihugu baje mu muhango wo kwibuka Jenoside Yakorewe abatutsi muri Mata 1994.

Tariki ya 7 Mata 1994-Tariki ya 7 Mata 2024. Imyaka 30 irashize mu Rwanda habaye jenoside yakorewe abatutsi. Dore aba visi Perezida baje bahagarariye ibihugu byabo mu kwifatanya n’abanyarwanda. Visi Perezida Rigathi Gachagua (Kenya) Visi Perezida Jessica Alupo...

Kwibuka 30, abaminisitiri b’intebe b’ibihugu baje mu muhango wo kwibuka Jenoside Yakorewe abatutsi muri Mata 1994.

Tariki ya 7 Mata 1994-Tariki ya 7 Mata 2024. Imyaka 30 irashize mu Rwanda habaye jenoside yakorewe abatutsi. Dore abaminisitiri b’intebe baje bahagarariye ibihugu byabo mu kwifatanya n’abanyarwanda. Minisitiri w’Intebe Abiy Ahmed (Ethiopie) Minisitiri w’Intebe Raymond...

Kwibuka 30, abakuru b’ibihugu baje mu muhango wo kwibuka Jenoside Yakorewe abatutsi muri Mata 1994.

Tariki ya 7 Mata 1994 -Tariki ya 7 Mata 2024. Imyaka 30 irashize mu Rwanda habaye jenoside yakorewe abatutsi. Dore abakuru b’ibihugu baje kwifatanya n’abanyarwanda. 1.Mohamed Ould Ghazouani (Mauritanie) 2.Andry Nirina Rajoelina (Madagascar) 3. Cyril Ramaphosa (South...

No Results Found

The page you requested could not be found. Try refining your search, or use the navigation above to locate the post.