Ubukerarugendo

Afurika 2025, imyaka 20 (2005-2025) ya African Parks

Ikigo cya African Parks kimaze imyaka 20 gicunga pariki zo muri Afurika. Mu Rwanda gicunga Akagera National Park kuva mu 2010, na Nyungwe National Park kuva mu 2020. Ni ubufatanye bw’amasezerano cyakoranye n'Ikigo cy'Igihugu cy'Iterambere (RDB) mu gihe cy’imyaka 20,...

Ibisubizo 15 bya Mukunzi Jean De Dieu ku bukerarugendo n’umuco

Mukunzi Jean De Dieu ni umusore w’umunyarwanda, ukunda ibintu by’umuco n’ubukerarugendo. Kuganira n’abantu bakuze bimwigisha ibintu byinshi cyane, bituma amenya amateka ya kera y’abantu n’ahantu. Mukunzi avana ibyishimo mu gutembera mu ishyamba ahantu hatuje. Ni hehe...

Huye, Amasaha 10 I Sovu

Sovu ni akagari kari mu santere kari ku muhanda Huye-Nyamagabe-Rusizi, ni ahantu hari ibintu byinshi ukwiriye gusura, ibintu bifitiye akamaro abaturage n’abanyarwanda muri rusange. 7h-10h: Kuzamuka Umusozi wa Huye Umusozi wa Huye uherereye mu ntara y’amajyepfo,...

Amafunguro ya Kigande I Kibeho

Abantu batembera, basura I kibeho mu karere ka Nyaruguru babasha kubona ahantu bafatira amafunguro ya kinyafurika yo muri Uganda. Mama Africa restaurant ni Resitora itegura amafuguro ya Kigande meza, ifite uburambe mu gutegura amafunguro y’umwimerere, adafite amavuta...
Huye, Amasaha 10 I Sovu

Huye, Amasaha 10 I Sovu

Sovu ni akagari kari mu santere kari ku muhanda Huye-Nyamagabe-Rusizi, ni ahantu hari ibintu byinshi ukwiriye gusura,...