Urugendo

Gusura Ivubiro rya Huro

I Huro ni ahantu haberaga umuhango wo guhuza imyaka yoherezwaga I Bwami mu gukoreshwa mu muhango w’umuganura. Hagaragara Ivubiro ryahashizwe n’umuvubyi  witwaga Minyaruko ya Nyamikenke, wari umwami w’u Busigi mu kinyejana cya 16, abisabwe n’umwami Ruganzu II...

Gusura Amasangano ya Nyabarongo na Mukungwa

Ahantu hafite amateka mu Rwanda imigezi minini mu Rwanda ihuririra, ahantu ha hurira intara eshatu z’u Rwanda (Uburengerazuba, amajyepfo n’amajyaruguru). Kureba aho hantu hafite amateka mu mazi y’u Rwanda;  amazi ya Nyabarongo  aturuka mu majyepfo mu...

Muhanga, ibintu byo gusura mu misozi ya Ndiza

Uruhererekane rw’imisozi ya Ndiza ruherereye mu karere ka Muhanga na Kamonyi mu ntara y’amajyepfo. Ni uruhererekane ruri mu gice cy’amajyepfo cy’iyi ntara, mu gice cyayo cy’igizwe n’icyaro. Dore ibintu wasura: Ishyamba rya kimeza rya Busaga Ni ishyamba kimeza rifite...

Gusura ishyamba rya Busaga (Muhanga)

Ni ishyamba kimeza rifite ubuso bwa Hegitare 154, riherereye mu karere ka muhanga, mu ntara y’amajyepfo, riri mu murenge wa Rongi. Ni ishyamba rizwi kuba rivamo ibiti by'imiti ivura abantu n'amatungo, inyoni, inzoka, ibihunyira, inkima n'imondo, ingunzu n'izindi. Mu...