Ibintu 20 ukwiriye kumenya ku Bwami bwa Bungwe

Ibintu 20 ukwiriye kumenya ku Bwami bwa Bungwe

Ubwami bwa Bungwe ni ubwami bwari bugizwe n’igihugu giherereye mu gice cy’amajyepfo y’u Rwanda rw’ubu. Twavuga uturere twa Nyaruguru na Nyamagabe twose by’ubu, Igice cya Huye, igice cya Gisagara n’igice cy’I Burundi. Bwafataga U Busanza ( Komini Maraba, Mbazi...