by admin | Aug 10, 2024 | Inkuru zo kwamamaza
Ama murikagurisha ni bumwe mu buryo bukorwa buhuza abantu bakora ibintu n’abakiriya babo. Ni umwanya mwiza wo kumenyana ku bantu bakora ibikorwa runaka, kwigira ku bandi, gusangira ubumenyi n’ibitekerezo, ni umwanya w’urugendoshuri, gutembera no gusohoka. Abashaka...
by admin | Aug 3, 2024 | Inkuru zo kwamamaza
Buri mwaka haba ibikorwa by’ubukorerabushake ku mirage y’isi hirya no hino ku isi. Muri Afurika y’uburasirazuba, hari imirage y’isi izakorwaho ibyo bikorwa bitandukanye bitewe n’ibyateganyijwe. Muri buri gihugu hari umuryango uba wateguye kuzakurikirana ibyo bikorwa,...
by admin | Aug 3, 2024 | Urugendo
Abanyarwanda bakunda gusenga, umubare munini ni uwabakristu. Muri uku kwezi kwa munani, umuntu yabasha kujya gusengera ahantu hatandukanye mu Rwanda. Urugendo rwo Kwa Yezu Nyirimpuhwe (Ruhango) Buri cyumweru cya mbere cy’ukwezi haba urugendo nyobokamana Kwa Yezu...
by admin | Aug 1, 2024 | Imigenzo & Imigenzo
Igihe cy’impeshyi gitangira mu kwezi kwa gatandatu (Kamena) ku kageza mu kwezi kwa cyenda hagati (Nzeri) ni byiza kumenya uko wakwitegura iki gihe cy’izuba. Ni igihe kirangwa n’ubushyuhe bwinshi, imyindagaduro, ibirori n’ibindi. Inama ya 1. Gutegura impeshyi kare Ni...
by admin | Aug 1, 2024 | Amateka y'Ahantu
Umuganura ni umwe mu mihango y’abanyarwanda kuva kera, ni umuhango wayoborwaga n’umwami. Ubu abanyarwanda bizihiza umuganura bafata umwanya wo gutekereza ku byo bagezeho bahereye mu ngo zabo kugeza ku rwego rw’igihugu mu nzego zose. Dore bimwe mu bintu wakora...