Amateka

Umuyobozi wungirije w’Intebe y’Inteko y’Umuco yasobanturiye abaturage akamaro ka hantu ndangamateka na ndangamuco.

Ku munsi ubanziriza kwizihiza umuganura  w’umwaka 2025, Umuyobozi w’inteko y’Umuco yasuye ahantu ndangamateka na ndangamuco I Huro (Akarere ka Gakende) n’ I Rwiri (Akarere ka Rulindo). 1.Kumenya amateka avuga mu kurinda ahantu ndangamateka Itegeka No 28/2016 ryo...

Ibintu 20 ukwiriye kumenya ku Bwami bwa Bungwe

Ubwami bwa Bungwe ni ubwami bwari bugizwe n’igihugu giherereye mu gice cy’amajyepfo y’u Rwanda rw’ubu. Twavuga uturere twa Nyaruguru na Nyamagabe twose by’ubu, Igice cya Huye, igice cya Gisagara n’igice cy’I Burundi. Bwafataga U Busanza ( Komini Maraba, Mbazi...

Kwizihiza Kwibohora, ibintu 8 wakora

Abanyarwanda benshi tuzi agaciro ko Kwibohora, ni byiza kumenya ibintu wakora mu rwego rwo kwizihiza uyu munsi. Twishimira agaciro ko Kwibohora, dushyigikira abakoze urugendo rwo kubohora igihugu, kugirango cyongere gitere imbere. 1.Wakora urugendo rwa Kwibohora Trail...

Kwibohora Trail, ibintu 7 wamenya kuri urugendo

Urugendo rwo Kubohora igihugu, ni urugendo rw’urugamba  rwo gukora hazirikanwa igikorwa cy’indashyikirwa cyabaye cyo kubohora u Rwanda. Ni urugendo rubitse amateka menshi kandi afite akamaro ku banyarwanda; ari abakuze, urubyiruko ndetse n’abato. Ni urugendo...