Abanditsi

Gusoma 2024, ibitabo byasomwe na Ndahimana Gilbert

Ndahimana Gilbert ni umunyarwanda ukunda gusoma no kwandika. Mu mwaka wa 2024 yasomye ibitabo byiza yakunze byamufashije mu gutera imbere mu bitekerezo, kugira ubumenyi n’ibitekerezo mu byo akora,  kumenya uko umuntu yitwara mu bibazo, kwifuza ikintu nyuma sikibe...

Umwaka mushya 2025, Igitabo gishya cyasohotse ; Le Concept de Safari: Un Cadre Africain Pour les Soins de Fin de Vie

Igitabo Le Concept de Safari : Un Cadre Africain Pour les soins de Fin de Vie. Cyanditswe na Dr Christian Ntizimira, cyasohotse tariki ya 18 Mutarama 2025 kuri Mundi Center. Dr Christian yari kumwe na Dr Déo Mbonyinkebe basobantura akamaro k’iki gitabo ku ruhande...

Umwaka 2024, Ibitabo byasomwe na Perezida Barack Obama

Uwahoze ari Perezida wa  Leta Zunze Ubumwe za Amerika Barack Obama yasomye ndetse biramushimisha ibitabo 10 mu mwaka wa 2024. Ni byiza ko abantu bafatwa nk’icyitegerezo mu bantu, badusangiza ibikorwa byiza baba bakoze tukayigenderaho. 1.The Anxious Generation —...

Mu mujyi wa Kigali rwagati, amasomero wagana

Umuntu uri mu mujyi wa Kigali ashaka ahantu yakwicara, akaba asoma igitabo, akora ubushakashatsi, ahantu wajya hatuje ukaba wandika, ugahura n’abandi bantu bakunda gusoma.  Mu mujyi rwagati hari ahantu wagana hatandukanye, bafite ibitabo bitandukanye mu ndimi...