Rwanda, hagati ya 17-31 Ukwakira hazaba iki?

Rwanda, hagati ya 17-31 Ukwakira hazaba iki?

Mu Rwanda turi mu gihe cy’umuhindo, ni igihe kiba kirangwa n’imvura, ariko hakaba ni bintu bitandukanye by’ibirori n’ibitaramo wakwitabira. Muri aya mariki y’Ukwakira hari ibintu bizaba hirya no hino mu gihugu wakwitabira: Wikendi ya 17-18-19 Ukwakira 2025 1.Kuwa...
Huye, Amasaha 10 I Sovu

Huye, Amasaha 10 I Sovu

Sovu ni akagari kari mu santere kari ku muhanda Huye-Nyamagabe-Rusizi, ni ahantu hari ibintu byinshi ukwiriye gusura, ibintu bifitiye akamaro abaturage n’abanyarwanda muri rusange. 7h-10h: Kuzamuka Umusozi wa Huye Umusozi wa Huye uherereye mu ntara y’amajyepfo,...