Imiziririzo: Umuntu n’undi muntu

Imiziririzo: Umuntu n’undi muntu

1. Umuntu azira kurya abyina, kuba ari ugukenya bene nyina 2. Umuntu iyo ashatse kuvuga undi muntu akavugishwa, akavuga undi adashaka kuvuga, arongera akarisubiramo, ngo nawe arakavugwa.Iyo atamusubiye mu izina ngo amuvuge, kuba ari ukumukenya 3. Iyo umuntu arya maze...
Imiziririzo: umuntu n’ihene

Imiziririzo: umuntu n’ihene

Umuntu uguze ihene n’undi, iyo bamaze kugura bareba ikiziriko cyayo bakakigabana .Impamvu ni ukugirango iyo hene izororoke, kandi bombo bazatunge. Umuntu iyo yonewe n’ihene, maze akifuza ko nyirayo atayitunga, ukundi, ajyana ihene, igihe ayigejeje iruhande rw’ikigega,...
Imiziririzo: Umuntu n’udusimba

Imiziririzo: Umuntu n’udusimba

Umuntu uciriye ikibwana cy’imbwa ntareba inyuma ataha ,ngo iyo mbwa yajya yiba bakayica. Kirazira gucisha imbwa mu nsi y’uruhu, kuba ari ukuyibuza kubwagura. Kirazira ko imbwa irigata umuntu, biba ari ukumusurira kuzagwa kure. Imbwa iyo iryamye ku buriri, iba...
Imiziririzo: Umuntu n’Inka

Imiziririzo: Umuntu n’Inka

1. Umuntu abona inka zitashye akazicanira bona nubwo haba ari ku manywa, kirazira ko inka zitahira mu kizima,abase baza kuzinyaga ntiziburanwe. 2. Umuntu iyo agiye kurahura umuriro wo gucanira inka, kirazira kurahura ikara rimwe kuba ari ukuzitubya,kuko ikara rimwe...