Umuco

Ingamba 6 wafata kugirango mwaka mushya uzakubere mwiza.

Ni byiza gutangira umwaka ufata ingamba, intego cyangwa imigenzo myiza wagenderaho kugirango umwaka uzabe mwiza. Ni ibintu umuntu wese yakora kugirango ubuzima buzabe bwiza. 1.Gufata ingamba nziza zifatika Kumenya ingamba ufashe, kubera iki ugomba gufata iz’ ingamba?...

Indashyikirwa 2024, Uwishema Olivier yahawe igihembo cya Diana Award mu buvuzi n’ubwami bw’ubwongereza

Uwishema Olivier ni umunyarwanda w’urubyiruko,  umuhanga mu bushakashatsi buteza imbere ubuvuzi, yahawe iki gihembo kubera imirimo akora mu guteza imbere urwego rw’ubuvuzi binyuze mu kigo yashinze.. Igihembo cyizwi nka Diana Award (cyitiriwe igikomangomakazi...

Indashyikirwa 2024, amakipe ya KEPLER na POLICE muri Volleball zatwaye irushanwa ryo Kwizihiza imyaka 30 yo Kwibohora

Ikipe ya KEPLER y’abagabo n’ikipe ya Police y’abagore nizo zatwaye igikombe cyo kwizihiza imyaka 30 yo Kwibohora. Ni  ku nshuro ya kabiri  iri rushanwa mu mukino wa Volleball ryari ribaye muri uyu mwaka wa 2024. KELPLER yatsinze ikipe ya POLICE VC, iyitsinda seti 3-1...

Indashyikirwa, Ikipe ya APR  WVC yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2023-2024.

Umwaka wa 2023-2024,Shampiyona y’umukino w’amaboko wa Volleball yatwawe n’ikipe y APR Volleball itsinze ikipe ya Police Volleball.   Ni umukino warangiye ari amaseti ane ( 27-25, 26-24, 14-25, 29-27).