Guhitamo ibitabo byo gusoma muri uyu mwaka, ni ukugufasha kumenya ibitabo byiza byandikiwe abana. Gusoma bigufasha kugira ubumenyi n’ubwenge bifasha mu buzima bwa buri munsi, ari ubu n’ahazaza. Bifasha umwana gukuza ubwonko bwe, akazaba umuhanga.
Mudacumura Publishing House
-Fora ndi nde?
-Agati
-Gasuku ica Imigani
-Inzozi za Sugira
-Izuba mu Icupa
-Kizere wets the bed
Arise Bookshop
– Queen Yaa
-Wikendi na Tota
– Shaka Zulu
– The New Boy
-Utunyange
-Five Fingers and a nose
IGA Publishers (Educate a Generation)
– Ana umwana wintangarugero
-Nyiramatama
-Nkunda U Rwanda
-Inka Yanjye
-Suka Yanjye
Ibitabo bya Bakame Editions
-Nguge na Bihehe
-La formule Magique
-Mutamu wo Mu Bisi bya Huye
-Kalisa wa Munyantamati
– Kera Habayeho
Ibitabo bya Imagine We Rwanda
– Journey to Musanze
-Teatime for Toni
-The ABC’s of Rwanda
– That Child is me
– Keza n’umujyi utoshye
“Color my world” cyanditswe na Michael Sengazi.
Ikindi: Ujye usoma na Igicumbi Magazine, ubashe kumenya amakuru y’ubukerarugendo, umuco n’amateka, n’imirage by’u Rwanda na Afurika muri rusange. Uzabasha no gusangamo imikino, ibintu byongera ubumenyi! Ntabwo cyakubuza gusoma ibindi bitabo.