Kwibuka 30, aba visi Perezida b’ibihugu baje mu muhango wo kwibuka Jenoside Yakorewe abatutsi muri Mata 1994.

April 18, 2024

Tariki ya 7 Mata 1994-Tariki ya 7 Mata 2024. Imyaka 30 irashize mu Rwanda habaye jenoside yakorewe abatutsi.

Dore aba visi Perezida baje bahagarariye ibihugu byabo mu kwifatanya n’abanyarwanda.

Visi Perezida Rigathi Gachagua (Kenya)

Visi Perezida Jessica Alupo (Uganda)