Imiziririzo: Umuntu n’udusimba

Imiziririzo: Umuntu n’udusimba

Umuntu uciriye ikibwana cy’imbwa ntareba inyuma ataha ,ngo iyo mbwa yajya yiba bakayica. Kirazira gucisha imbwa mu nsi y’uruhu, kuba ari ukuyibuza kubwagura. Kirazira ko imbwa irigata umuntu, biba ari ukumusurira kuzagwa kure. Imbwa iyo iryamye ku buriri, iba...
Imiziririzo: Umuntu n’Inka

Imiziririzo: Umuntu n’Inka

1. Umuntu abona inka zitashye akazicanira bona nubwo haba ari ku manywa, kirazira ko inka zitahira mu kizima,abase baza kuzinyaga ntiziburanwe. 2. Umuntu iyo agiye kurahura umuriro wo gucanira inka, kirazira kurahura ikara rimwe kuba ari ukuzitubya,kuko ikara rimwe...
IMPAMVU ZO GUKUNA,AGAKIZA K’UMWARI WO HAMBERE

IMPAMVU ZO GUKUNA,AGAKIZA K’UMWARI WO HAMBERE

Nk’uko habaho imihango,imigenzo n’imiziririzo y’abantu n’ibintu,mu Rwanda rwo hambere, ni na ko habaho n’imihango,imigenzo n’imiziririzo igiye yihariye kuri buri bwoko bw’abantu n’ibintu. Gukuna imwe mu mihango yakorwaga n’igitsina gore,habamo no gukuna/guca...
Umwaka mushya, ingendo nyobokamana wakora muri Mutarama

Umwaka mushya, ingendo nyobokamana wakora muri Mutarama

Kuragiza Imana umwaka mushya ni ikintu cy’ingenzi kuri buri muntu aba agomba gushyira muri gahunda mu mwaka mushya. Ni byiza kureba ingendo nyobokamana wakora, ugahura n’abandi ugasenga, ukereka Imana ibyifuzo, ingamba, gahunda by’umwaka mushya. Urugendo rwo Kwa Yezu...