Rwanda, hagati ya 17-31 Ukwakira hazaba iki?

Rwanda, hagati ya 17-31 Ukwakira hazaba iki?

Mu Rwanda turi mu gihe cy’umuhindo, ni igihe kiba kirangwa n’imvura, ariko hakaba ni bintu bitandukanye by’ibirori n’ibitaramo wakwitabira. Muri aya mariki y’Ukwakira hari ibintu bizaba hirya no hino mu gihugu wakwitabira: Wikendi ya 17-18-19 Ukwakira 2025 1.Kuwa...
Huye, Amasaha 10 I Sovu

Huye, Amasaha 10 I Sovu

Sovu ni akagari kari mu santere kari ku muhanda Huye-Nyamagabe-Rusizi, ni ahantu hari ibintu byinshi ukwiriye gusura, ibintu bifitiye akamaro abaturage n’abanyarwanda muri rusange. 7h-10h: Kuzamuka Umusozi wa Huye Umusozi wa Huye uherereye mu ntara y’amajyepfo,...
Amafunguro ya Kigande I Kibeho

Amafunguro ya Kigande I Kibeho

Abantu batembera, basura I kibeho mu karere ka Nyaruguru babasha kubona ahantu bafatira amafunguro ya kinyafurika yo muri Uganda. Mama Africa restaurant ni Resitora itegura amafuguro ya Kigande meza, ifite uburambe mu gutegura amafunguro y’umwimerere, adafite amavuta...
Gusura imirima y’icyayi muri Nyaruguru

Gusura imirima y’icyayi muri Nyaruguru

Akarere ka Nyaruguru ni kamwe mu turere tw’u Rwanda tweramo icyayi cyinshi. Ni icyayi giteye ku misozi  n’ibishanga bigize akarere ka Nyaruguru. Ni akarere kagizwe n’imisozi, bituma hari ubutumburuke buri hejuru, ikirere cyiza kubera ari hafi y’ishyamba rya...