Umuganura 2025, imihango ikomeye yizihijwe

Umuganura 2025, imihango ikomeye yizihijwe

Ibirori byo kwizihiza Umuganura ku rwego rw’igihugu wabereye kuri Sitade Ubworoherane mu murenge wa Muhoza mu Akarere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru. Dore imihango ikomeye yizihizwa: Gusura imurikabikorwa ry’ibikorwa by’iterambere Ni ibikorerwa by’iterambere...
Kuzamuka umusozi wa Huye

Kuzamuka umusozi wa Huye

Umusozi wa Huye uherereye mu ntara y’amajyepfo, ureshya na 2400m z’uburebure. Ni umusozi ukora ku mirenge itatu y’akarere ka Huye, Umurenge wa Huye, umurenge wa Maraba n’umurenge wa Karama. Impamvu yo kuwuzamuka Guca umuhigo wo kuzamuka umusozi muremure wa 2400m....
Gusura ibisi bya Huye kwa Nyagakecuru

Gusura ibisi bya Huye kwa Nyagakecuru

Ibisi bya Huye ni uruhererekane rw’imisozi iri mu ntara y’amajyepfo, umwe muri iyo misozi ni umusozi wa Huye, ariwo witiriwe  akarere ka Huye. Impamvu ukwiriye kuhasura Guca umuhigo wo kuzamuka umusozi muremure wa 2400m Gusura umusozi ufite amateka ku ngoma...
Ibintu 20 ukwiriye kumenya ku Bwami bwa Bungwe

Ibintu 20 ukwiriye kumenya ku Bwami bwa Bungwe

Ubwami bwa Bungwe ni ubwami bwari bugizwe n’igihugu giherereye mu gice cy’amajyepfo y’u Rwanda rw’ubu. Twavuga uturere twa Nyaruguru na Nyamagabe twose by’ubu, Igice cya Huye, igice cya Gisagara n’igice cy’I Burundi. Bwafataga U Busanza ( Komini Maraba, Mbazi...