by admin | Feb 10, 2024 | Abanditsi
Ni byiza gutangira umwaka dufasha abantu bakuze kumenya ibitabo rukwiriye gusoma, ibitabo bakwiriye gushyira mu ngamba z’umwaka ngo bazabe babisomye. Kumenya ahantu babikura , uko babibona,.. Gusoma bifite akamaro ku muntu; byongera ubumenyi, bituma ugira...
by admin | Feb 10, 2024 | Abanditsi
Ni byiza gutangira umwaka dushishikariza abana kumenya ibitabo bakwiriye gusoma, ibitabo ababyeyi bakwiriye kugurira abana babo ngo basome. Ni ibitabo byagenewe abana bo kuva mu mwaka wa mashuri y’inshuke kugeza mu mashuri abanza. Bizafasha ababyeyi gusomera abana...
by admin | Feb 9, 2024 | Amacumbi
Ni byiza gutembera I Musanze ukabona ahantu heza, hari umutekano wawe ndetse n’ibyawe, ahantu uruhukira kandi atari kure y’umuhanda. Guest House ni amacumbi meza, kandi y’amake, y’ibyumba bitandukanye, afite isuku n’umutekano w’ibyawe. Bafite na Top Chef Bar...
by admin | Feb 9, 2024 | Abanditsi
Ndahimana Gilbert ni umunyarwanda ukunda gusoma no kwandika. Mu mwaka wa 2023 yasomye ibitabo byiza yakunze byamufashije mu gutera imbere mu bitekerezo, kugira ubumenyi, kumenya uko umuntu yitwara mu bibazo, kunguka inshuti, kumenya ibyo umuntu akunda ku giti cye,.…...
by admin | Feb 7, 2024 | Amacumbi
Amacumbi yihariye I Rubavu ku muntu udashaka akavuyo, umuntu ushaka ahanyu hatuje. Harangwa n’isuku n’umutuzo. Wahamagara 0784 216 324