by admin | Nov 18, 2023 | Inkuru zo kwamamaza
Abantu benshi bamaze kumenyera ko mu kwezi kwa Nzeri buri mwaka haba umuhango wo kwita amazina abana b’ingagi. Mu karere ka Musanze haba hateguwe ibirori bitandukanye bituma abanyamusanze, abatemberamuri ako karere, abaje kwitabira uwo muhango bataza kwicwa n’irungu,...
by admin | Nov 18, 2023 | Inkuru zo kwamamaza
Ukwezi kwa Nzeri kuba kwitezweho kurangira kw’ibihe by’izuba mu Rwanda, ni igihe haba hari amaserukiramuco atandukanye, umuntu ashobora kwitabira. Abakunzi b’ibikorwa ndangamuco, imbyino, gutembere, ukwezi kwa Nzeri niumwanya mwiza wo kwidagadura, kwishima. Ikirenga...
by admin | Nov 18, 2023 | Urugendo
Mu gihe cyo Kwita Izina abana b’ingagi, umujyi wa Musanze no mu nkengero zawo haba hashyushye,hari abantu benshi. Ni ahantu haba hahuriye abantu batandukanye; abanyamusanze cyangwaabahatembereye.Hari mpamvu abantu bakwiriye kumenya ibintu bakora muri iyo minsi....
by admin | Nov 18, 2023 | Abanditsi
Agati Library ni isomero ryashinzwe n’abantu batandukanye, bashaka gufasha abana kubona ahantu hogusomera, kungukira ubumenyi, kwigira, kuganira ku gitabo wasomye, kwandika inkuru, kunguka inshuti zikunda gusoma no kwandika. Ni isomero ryakira abantu bose, barigana...
by admin | Nov 18, 2023 | Urugendo
Umuntu wakwitabira umuhango wo Kwita Izina abana b’ingagi I Musanze, hari ibintu byinshi yakora nyuma y’uyu muhango. Ni byiza gukomeza kwishimira ibyiza biboneka muri aka karere kari mu majyaruguru y’u Rwanda. Dore bimwe mu byo ukwiriye gukora: Gusura ibyiza...