by admin | Dec 19, 2023 | Inkuru zo kwamamaza
Ni byiza gufata umwaka wo gutekereza ku bintu byo gukora muri iki gihe cy’iminsi mikuru, igihe cyigizwe no gusoza mwaka no gutangira. Dore ibintu 10 wakora muri iki gihe: 1.Kureba uko umwaka uragiye wagenze Iki ni igihe cyiza cyo gutekereza uko umwaka urangiye...
by admin | Dec 19, 2023 | Urugendo
Umwaka iyo urangiye ni byiza gutekereza ahantu uzawusoreza, n’ aho uzawutangirira undi. Biri mu bintu byiza cyane biba urwibutso mu buzima. Impamvu imwe ugomba kuba uri I Kigali, ni ukurangiza umwaka no gutangira umwaka mushya kuri Kigali Convention Center ni...
by admin | Dec 19, 2023 | Amateka y'Ahantu
Kamegeri yari umutware ku ngoma ya Mibambwe II Sekarongoro II Gisanura yatwikiwe kuri uru rutare nyuma y’aho asabiye ko abari bagize nabi barujugunywa ho rumaze gucanirwa. Ruherereye mu karere ka Ruhango umurenge wa Ruhango munsi y’umuhanda hagati y’umujyi wa...
by admin | Dec 19, 2023 | Amateka y'Ahantu
Kuva u Rwanda rwatangira kubaho n’impugu zarwo, hariho agace kitwaga “NTORA “kabarizwaga mu Ngoma y’ u Bwanacyambwe.Nyuma y’aho Umwami KIGELI I MUKOBANYA umuhungu wa Cyilima I Rugweagabye Igitero kibasiye Ingoma y’u Bwanacyambwe , ahasaga mu w’ 1378, kikigarurira...
by admin | Dec 19, 2023 | Amateka y'Ahantu
Umwami Rwabugiri yagiye kugaruza ibihugu ageze ku karwa kitwa Nkombo amasha umwambi ugwa ahantu ho mu cyika, bomotse umwambi barawubura kuko nta mwami wasubiraga inyuma. Ageze ku mugezi wa Kirimbi, arahindukira ati ‘Uri kinyaga’. Ni aho izina ‘Kinyaga’...