Amateka

Ijambo rya Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva mu muhango wo Kwita Izina ku nshuro ya 20 (Musanze,05/09/2025)

Your Excellency First Lady of the Republic of Rwanda; Honorable Ministers; Senior Government officials; Professor Senait Fisseha, Vice President of Global Programs at the Susan Thompson Buffett Foundation; Mr. Itzhak Fisher, Chairman of the Board of Directors of...

Umuyobozi wungirije w’Intebe y’Inteko y’Umuco yasobanturiye abaturage akamaro ka hantu ndangamateka na ndangamuco.

Ku munsi ubanziriza kwizihiza umuganura  w’umwaka 2025, Umuyobozi w’inteko y’Umuco yasuye ahantu ndangamateka na ndangamuco I Huro (Akarere ka Gakenke) n’ I Rwiri (Akarere ka Rulindo). 1.Kumenya amateka avuga mu kurinda ahantu ndangamateka Itegeka No 28/2016 ryo kuwa...

Ibintu 20 ukwiriye kumenya ku Bwami bwa Bungwe

Ubwami bwa Bungwe ni ubwami bwari bugizwe n’igihugu giherereye mu gice cy’amajyepfo y’u Rwanda rw’ubu. Twavuga uturere twa Nyaruguru na Nyamagabe twose by’ubu, Igice cya Huye, igice cya Gisagara n’igice cy’I Burundi. Bwafataga U Busanza ( Komini Maraba, Mbazi...

Kwizihiza Kwibohora, ibintu 8 wakora

Abanyarwanda benshi tuzi agaciro ko Kwibohora, ni byiza kumenya ibintu wakora mu rwego rwo kwizihiza uyu munsi. Twishimira agaciro ko Kwibohora, dushyigikira abakoze urugendo rwo kubohora igihugu, kugirango cyongere gitere imbere. 1.Wakora urugendo rwa Kwibohora Trail...