Repubulika

Ijambo rya Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva mu muhango wo Kwita Izina ku nshuro ya 20 (Musanze,05/09/2025)

Your Excellency First Lady of the Republic of Rwanda; Honorable Ministers; Senior Government officials; Professor Senait Fisseha, Vice President of Global Programs at the Susan Thompson Buffett Foundation; Mr. Itzhak Fisher, Chairman of the Board of Directors of...

Kurahira, ibintu 4 Perezida ahabwa

1.Guhabwa Itegeko Nshinga bisobanura ko ari ryo risumba ayandi mu gihugu, kandi ko buri wese aba agomba kurikurikiza harimo na Perezida nubwo aba ari we muyobozi mukuru w’Igihugu, ariko aba agomba gukurikiza ibyo ritegeka, kuko itegeko rivuga ko igikorwa cyose...

Amatora 2024, Ibintu 13 by’ingenzi ukwiriye kumenya

Mu Rwanda habaye amatora ya Perezida n’abadepite. Umubare w’abantu bari bemerewe gutora bageraga kuri miliyoni icyenda (9.071.1570); igitsina gabo; miliyoni 4.2, abagore miliyoni 4.845.417, site z’itora  ari 2433, abakorerabushake barenga ibihumbi 100, hari...

Aba Perezida bitabiriye umuhango wo kurahira kwa  Perezida Paul Kagame

Tariki ya 11 Kanama 2024, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yarahiriye kuzayobora u Rwanda muri mada y’imyaka itanu (2024-2029) kuri Sitade Amahoro I Remera. Ni umuhango witabiriwe  n’abanyarwanda baturutse hirya no hino, inshuti z’u Rwanda n’abanyacyubahiro...