Ibiganiro Ubukerarugendo

Ibisubizo 15 bya Habiyambere Egide

Habiyambere Egide ni umusore w’umunyarwanda wize Computer & Electronics, wihangiye imirimo y’ubutekinisiye mubyo yize.  Egide atuye mu murenge

Featured Post

Inkuru zo Gusoma

igicumbi Magazine

Abanditsi

#Gusoma2026, ibitabo 12 abantu bakwiriye gusoma

Ni ibitabo wasoma nibura buri kwezi ugasoma igitabo. Ugendeye kuri buri kwezi wabasha gusoma ibitabo 12

Inkuru z'Ibirori

Abanyafurika bahembwe na Tusk  muri uyu mwaka

Ikigo cya TUSK Conservation Awards  gitanga ibihembo kubantu bakoze ibikorwa by’indashyikirwa mu kurengera ibidukikije, mu

UNESCO 2025, imijyi yashyizwe ku rutonde rwa

Uyu mwaka wa 2025, UNESCO yahisemo imijyi 72 mishya mu mijyi yo ku isi, mu

Unesco yabonye umuyobozi mushya 2025.

Ni mu nama ya 43 ya UNESCO yabaye tariki ya 30 Ukwakira-13 Ugushyingo 2025, mu

Kwita izina 2025, abise izina abana b’ingagi

Umuhango wo Kwita Izina watangiye mu mwaka wa 2005, ni umuhango ubera mu Kinigi mu

Amafunguro

Ibiganiro
ZAMBIA: IBITEKEREZO MU GUKORA UBUKERARUGENDO BURAMBYE

Tariki ya 14- 24 Kanama 2018 I Livingstone mu mujyi w’ubukerarugendo wa Zambia habereye amasomo yo kwigisha abantu

Inkuru zo kwamamaza
Wekindi yo kwizihiza #Kwibohora31, ibitaramo bikomeye bizabera I Rubavu

Mu rwego rwo kwizihiza umunsi mukuru wo kwibohora ku nshuro ya 31, mu mujyi wa Rubavu hateguwe ibirori

Inkuru zo kwamamaza
Wekendi y’umuganura, ibintu bizaba mu Rwanda

Umuganura uba kuwa Gatanu wa mbere w’ukwezi kwa Munani buri mwaka, ni ibirori bifite ibisobanuro mu muco n’amateka

Amateka y'Ahantu
Weekend y’umuganura, ahantu 5 wasura hafite amateka y’umuganura

Umuganura ni umwe mu mihango y’abanyarwanda kuva kera, ni umuhango wayoborwaga n’umwami. Ubu abanyarwanda  bizihiza umuganura bafata umwanya

Insingamigani Inyurabwenge
Rubanda ni abahanya

Rubanda ni abahanya ni umugani baca iyo bashaka gutsindira umuntu ubugome badasobanuye uwo ari we; ni bwo bagira ngo:

Ibirori Inkuri z'ibirori Uncategorized
2021, Kwita Izina  abana b’ingagi ku nshuro ya 17

Kuva mu mwaka wa 2005, mu Rwanda haba igikorwo cyo kwita amazina abana b’ingagi baba baravutse mu miryango

Amateka Amateka y'Abantu
Menya bimwe mubintu 26 byaranze perezida wa mbere wa kenya “JOMO KENYATTA”

Jomo Kenyatta ni Umugabo wavukiye muri Kenya yarwanyije ubutegetsi bwaba koloni babongereza bari barigaruriye ubutaka bwa Kenya, yaharaniye

Abahanzi Inyurabwenge
Impamvu 5 zo gukorera muri Rwanda Arts initiative

Ni byiza kubona ahantu abahanzi batandukanye; abanditsi, abahanzi,  ababyinnyi, abakina ikinamico na filimi, abanyabugeni, abanyarwenya, abanyamideli, abashushanya ….kubona

  • Home  
  • Rwanda 2017, amatora ya Perezida wa Repubulika
- Repubulika

Rwanda 2017, amatora ya Perezida wa Repubulika

Amatora yo guhitamo umukuru w’igihugu yabaye 3 Kanama 2017 mu gihugu imbere, na 4 Kanama 2017 mu mahanga. Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’amatora ni Prof Kalisa Mbanda. Harimo abakandinda batatu: Umukandinda w’Umuryango FPR: Paul Kagame Umukandinda w’ingenga: Mpayimana Philippe Umukandinda wishyaka Democratic Green party: Habineza Frank Komisiyo y’Igihugu y’amatora yavuze ko abanyarwanda mu gihugu imbere […]

Amatora yo guhitamo umukuru w’igihugu yabaye 3 Kanama 2017 mu gihugu imbere, na 4 Kanama 2017 mu mahanga. Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’amatora ni Prof Kalisa Mbanda.

Harimo abakandinda batatu:

Umukandinda w’Umuryango FPR: Paul Kagame

Umukandinda w’ingenga: Mpayimana Philippe

Umukandinda wishyaka Democratic Green party: Habineza Frank

Komisiyo y’Igihugu y’amatora yavuze ko abanyarwanda mu gihugu imbere batoye ari 6 769 514 kuri 6 897 096 bari kuri lisiti y’itora. Mu mahanga bari 39 709 kuri 44 000 bari kuri lisiti.

Hari site z’itora 2 340 zigizwe n’ibyumba by’itora 16 691. 

Perezida kagame yatowe n’abanyarwanda 6 675 472 bangana na 98.8%.

Mpayimana Philippe yatowe na 49 031 bangana na 0.73%

Habineza Frank yatowe na 32 701 bangana na 0.48%

Perezida Paul Kagame yarahiye tariki ya 18 Kanama 2017 manda y’imyaka 7 kuri Sitade Amahoro.

Imvano: Eterinete.

Leave a comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Igicumbi @2024. All Rights Reserved.