Rwanda 2017, amatora ya Perezida wa Repubulika

April 25, 2024

Amatora yo guhitamo umukuru w’igihugu yabaye 3 Kanama 2017 mu gihugu imbere, na 4 Kanama 2017 mu mahanga. Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’amatora ni Prof Kalisa Mbanda.

Harimo abakandinda batatu:

Umukandinda w’Umuryango FPR: Paul Kagame

Umukandinda w’ingenga: Mpayimana Philippe

Umukandinda wishyaka Democratic Green party: Habineza Frank

Komisiyo y’Igihugu y’amatora yavuze ko abanyarwanda mu gihugu imbere batoye ari 6 769 514 kuri 6 897 096 bari kuri lisiti y’itora. Mu mahanga bari 39 709 kuri 44 000 bari kuri lisiti.

Hari site z’itora 2 340 zigizwe n’ibyumba by’itora 16 691. 

Perezida kagame yatowe n’abanyarwanda 6 675 472 bangana na 98.8%.

Mpayimana Philippe yatowe na 49 031 bangana na 0.73%

Habineza Frank yatowe na 32 701 bangana na 0.48%

Perezida Paul Kagame yarahiye tariki ya 18 Kanama 2017 manda y’imyaka 7 kuri Sitade Amahoro.

Imvano: Eterinete.