by admin | Aug 1, 2024 | Inkuru zo kwamamaza
Ni byiza kumenya amaserukiramuco akomeye azaba mu gihugu, amaserukiramuco uzitabira, uzajyanamo n’inshuti n’abavandimwe. Kuva mu ntangiro z’umwaka kugera mu mpera zawo haba hari amaserukiramuco atandukanye mu mpande zose z’igihugu. Mu Rwanda, ni igihugu giteza imbere...
by admin | Aug 1, 2024 | Amateka y'Abantu
Padiri Silivani Bourget ni umupadiri w’umubiligi waje mu Rwanda gukora ubutumwa bw’iyobokamana mu Rwanda Nyakanga 1963-Ukuboza 2000. Dore ibintu 40 wamenya kuri uwo mu Padiri: 1.Silivani Bourguet yavutse tariki ya 16 Werurwe 1924 2. Mama we yitwaga Felicite...
by admin | Aug 1, 2024 | Inkuru zo kwamamaza
Kwitabira iserukiramuco ryiza mu Rwanda ni kimwe mu bintu bizagushimisha mu kurangiza uyu mwaka. Amaserukiramuco azabera ahantu hatandukanye mu Rwanda. Kuba uhatuye, utuye hafi yaho, uteganya kujyayo, tekereza ku iserukiramuco rizahabera. Ntugomba kubura! 1.Iteka...
by admin | Aug 1, 2024 | Urugendo
Umujyi wa Kigali wakoze Imbuga mu rwego rwo gufasha abanyamujyi ndetse n’abahagenda kubona ahantu ho kwicara, gukinira, kuganirira, kuruhuka, gusomera ibitabo, kubona iterineti y’ubuntu. Iyi mbuga igizwe n’ubusitani, intebe zo kwicaramo, ahantu ho gutegurira ibirori...
by admin | May 24, 2024 | Uncategorized
I Kigali habereye ku nshuro yaryo ya gatatu, umuhango wo guhemba mu irushanwa ry’abakora mu nzego z’ubukerarugendo ku mugabane wa Afurika. Ni ibihembo biba biri mu byiciro icyenda aho ibigo bitandukanye byarushanwaga. Uyu mwaka harushanwaga abagera ku 106. Abatsinze...
by admin | May 24, 2024 | Indashyikirwa
Umunyarwandakazi Aline Murekatete yatsindiye igihembo cyo mu rwego rw’urubyiruko rufite imishinga ifite udushya (Youth Innovation Competition). Umushinga wa Aline ni Spree Bubble Concept. Ni irushanwa ryateguwe urubyiruko rwohereza imishinga ifite udushya yo gufasha...
by admin | May 24, 2024 | Indashyikirwa
I Kigali habereye Africa Tourism Leadership Forum ku nshuro yaryo ya gatatu, habayemo umuhango wo guhemba mu irushanwa ry’abakora mu nzego z’ubukerarugendo ku mugabane wa Afurika. Voyages Afriq niyo yabonye igihembo mu itsinda ry’ibigo byandika ku bukerarugendo,...
by admin | May 18, 2024 | Amateka y'Ahantu
Imirage ndangamuco ifatika ku rwego rw’igihugu yasohotse ku mugereka w’ iteka rya Minisitiri, ry’umwaka wa 63, igazeti ya leta idasanzwe yo kuwa 9 Gashyantare 2024. Iteka rya Minisitiri No.001/MINUBUMWE/24 ryo kuwa 8 Gashyantare 2024 ryerekeye urutonde rw’umurage...
by admin | May 18, 2024 | Amateka y'Ahantu
Imirage ndangamuco ifatika ku rwego rw’igihugu yasohotse ku mugereka w’iteka rya Minisitiri, ry’umwaka wa 63, igazeti ya leta idasanzwe yo kuwa 9 Gashyantare 2024. Iteka rya Minisitiri No.001/MINUBUMWE/24 ryo kuwa 8 Gashyantare 2024 ryerekeye urutonde rw’umurage...
by admin | May 18, 2024 | Jenoside
Imirage ndangamuco ifatika ku rwego rw’igihugu yasohotse ku mugereka w’teka rya Minisitiri, ry’umwaka wa 63, igazeti ya leta idasanzwe yo kuwa 9 Gashyantare 2024. Iteka rya Minisitiri No.001/MINUBUMWE/24 ryo kuwa 8 Gashyantare 2024 ryerekeye urutonde rw’umurage...