by admin | Dec 22, 2023 | Amateka y'Abantu
Mory Kanté ni umunyaguineya, wamenyekanye nk’umuhanzi mu kumenyekanisha umuziki w’injyana ya Kinyafurika ku rwego mpuzamahanga. Mory Kanté yari umuhanzi kandi akandika n’indirimbo. Dore ibintu wamenya kuri Mory 1. Mory Kanté yavutse tariki 29 Werurwe 1950 2. Mory...
by admin | Dec 22, 2023 | Amateka y'Abantu
Hamid Cheriet ni umuhanzi w’umunyaligeriya, wamenyekanye mu ndirimbo z’ijyana yiranga umuco wa Kabyle n’ababeriberi. Ni umuhanzi, umwanditsi, utunganya indirimbo, yari afite ubuhanga bwo gucuranga gitari. Dore ibintu wamenya kuri Hamid 1. Hamid Cheriet...
by admin | Dec 22, 2023 | Amateka y'Abantu
Emmanuel N’Djoke Dibango ni umuhanzi,umwanditsi w’indirimbo ukomoka muri Cameroun. Emmanuel yaririmbaga mu jyana ya Jazz, umuhanga mu gucuranga Saxophone na Vibraphone.Yateje imbere ijyana gakondo yo muri cameroun. Yavukiye mu muryango ufite imico itandukanye...
by admin | Dec 22, 2023 | Amateka y'Abantu
Nsazamahoro Denis ni umunyarwanda, umukinnyi n’utuganya sinema. Denis yari intararibonye muri cinema, yakinnye muri filimi izitandukanye haba mu Rwanda n’izo mu mahanga. Denis yarazwiho kuba yari umukinnyi mwiza muri filii yabaga yakinnemo, umuntu ukunda umwuga akora,...
by admin | Dec 22, 2023 | Amateka y'Ahantu
Afurika ni umugabane wa gatatu mu migabane minini igize isi, ugizwe n’ubutaka n’amazi, bigize umurage kamere wa Afurika. Mu nzuzi nini ziboneka muri Afurika zituruka mu bice bitandukanye byose by’umugabane w’Afurika; mu majyaruguru, amajyepfo, hagati, uburengerazuba...
by admin | Dec 21, 2023 | Amateka y'Ahantu
Amasangano y’uruzi rwa Nyabarongo n’umugezi wa Mukungwa ni ahantu izi nzuzi zihurira, Nyabarongo iturutse mu Majyepfo y’u Rwanda na Mukungwa mu Majyaruguru y’u Rwanda. Amasangano ya Nyabarongo na Mukungwa ni ahantu hihariye hahurira uturere dutatu n’...
by admin | Dec 21, 2023 | Amateka y'Ahantu
Rwanda ni igihugu gifite ubuso bugana na kirometero kare 26 333, ni igihugu gifite umurwa mukuru wa Kigali. Umujyi wa Kigali ni umurwa mukuru w’u Rwanda kuva mu 1962, igihugu kikibona ubwigenge. Kuva mu mwaka wa 2006, umujyi wa Kigali ugizwe n’uturere dutatu aritwo...
by admin | Dec 21, 2023 | Ibyiza Nyaburanga
U Rwanda rufite imijyi itatu ikora ku kiyaga cya Kivu, bigatuma iyo mijyi igira ibyiza byinshi, ikurura abakerarugendo, igendwa cyane muri rusange. Ni imijyi iri mu ntara y’uburengerazuba bw’u Rwanda. Ikiyaga cya Kivu ni kimwe mu biyaga binini biri mu karere k’ibiyaga...
by admin | Dec 21, 2023 | Ibyiza Nyaburanga
Rwanda ni igihugu gifite ibyiza nyaburanga byinshi mu mpande zose z’igihugu.Hakaba ahantu hazwi cyane haba ubukerarugendo kubera imiterere yahoo, ibyiza kamere byaho, ibyishimo bihaba,amafunguro ahaba, ibikorwa byinshi bikurura abakerarugendo. Imijyi y’ubukerarugendo...
by admin | Dec 21, 2023 | Ibyiza Nyaburanga
Rwanda ni igihugu gifite ibintu byinshi ndangamurage byerekeranye n’amateka, umuco hirya no hino mu gihugu. Bituma hari ahantu hihariye kubera amateka haba hazwiho ko ari ku gicumbi cy’umuco n’amateka by’u Rwanda n’abanyarwanda muri rusange. Umuyoboro w’umurage, ni...