Amateka y’Ahantu

Afurika, ibibumbabano bifite ibisobanuro bikomeye muri Afurika (1-10)

Ni byiza kumenya ibibumbano biri hirya no hino mu bihugu bya Afurika , ibibumbano bifite akamaro ku rwego rw’igihugu cyangwa rw’umugabane kubera ibisobanuro abanyagihugu baha icyo kibumbano. Ni ibibumbano by’abaturage, bisurwa na buri wese kandi ku buntu, bidasaba...

Ikiyaga cya Tanganyika, ikiyaga cy’ibihugu bine

Ikiyaga cya  Tanganyika ni ikiyaga giherereye mu Akarere k’ibiyaga bigari by’Afurika, giherereye mu Majyepfo ya Western Rift Valley, agace karimo ibiyaga byakomotse kwiruka ry’ibirunga. Kiri mu biyaga bimaze igihe ku isi, binini kandi bifite akamaro ku isi. Ni...

Gasabo, ibintu 45 bitandukanye ukwiriye kumenya mu Akarere ka Gasabo

Akarere ka Gasabo ni kamwe mu turere dutatu tw’umujyi wa Kigali, ni akarere gafite ubuso bwa km2 430.30, kagizwe n’imirenge 15, utugari 73 n’imidugugu 485. Ikicaro cya Karere ka Gasabo kibarizwa mu murenge wa Remera Akagari ka Nyarutarama. Akarere ka Gasabo kabayeho...

Weekend y’umuganura, ahantu 5 wasura hafite amateka y’umuganura

Umuganura ni umwe mu mihango y’abanyarwanda kuva kera, ni umuhango wayoborwaga n’umwami. Ubu abanyarwanda  bizihiza umuganura bafata umwanya wo gutekereza ku byo bagezeho bahereye mu ngo zabo kugeza ku rwego rw’igihugu mu nzego zose. Dore bimwe mu bintu wakora...