by admin | Feb 19, 2024 | Inkuru zo kwamamaza
Guhera tariki 18/02/2024 kugera tariki 25/02/2025 mu Rwanda harakinwa ku nshuro ya 16, isiganwa mpuzamahanga “Tour du Rwanda” rizenguruka u Rwanda. Amakipe 19, buri kipe ifite abakinnyi 5, ni yo azitabira Tour du Rwanda 2024. Amakipe y’Ibihugu (6)...
by admin | Feb 17, 2024 | Indashyikirwa
Isiganwa ry’amagare ryo kuzenguruka u Rwanda, kuva ryaba mpuzamahanga mu mwaka wa 2009, rikajya ku rwego rwa 2.1. Abanyarwanda bagize amahirwe yo kuritwara inshuro eshanu. 2014: Umunyarwanda Ndayisenga Valens 2015: Umunyarwanda Nsengimana Jean Bosco 2016: Umunyarwanda...
by admin | Feb 17, 2024 | Insingamigani
Abantu benshi bakunda guca imigani miremire,iy’imigenurano ndetse n’Insigamigani,abandi bakibaza inkomoko yayo, bikababera urujijo ,aha twarabakoreye ubushakashatsi bw’igihe kirekire bw’Inkomoko y’iyo Migani ikoreshwa ahantu henshi hatandukanye.Umugani tugiye...
by admin | Feb 17, 2024 | Ibyiza Nyaburanga
Ikirunga kireshya na metero 3669 z’uburebure uturutse ku nyanja, cyahagaze kuruka, ku gasongero kacyo niho ibyo bihugu bitatu bihurira. Uruhererekane rw’imisozi y’Ibirunga iri hagati y’ibihugu by’ u Rwanda, Uganda na Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo. Iyo...
by admin | Feb 17, 2024 | Amateka y'Abantu
Intwari Mutara III Rudahigwa ni umwami w’u Rwanda, intwali y’u Rwanda iri mu cyiciro cy’Imena, ni icyiciro kibanziriza intwari z’u Rwanda. Ni intwari yaranzwe n’ibikorwa byinshi kandi byiza ku buzima bw’abanyawanda no ku iterambere ry’igihugu muri rusange Dore ibintu...
by admin | Feb 13, 2024 | Inkuru zo kwamamaza
Amaserukiramuco azaba mu ntangiro z’umwaka ni umwanya mwiza ku bantu bari mu ruganda ndangamuco guhura, gushaka ibitekerezo bishya (creative ideas), gufashanya, kuganira no gutekereza imishinga n’ibikorwa by’umwaka mushya. Kwitabira iserukiramuco, ni mu rwego rwo...
by admin | Feb 10, 2024 | Imigani
Cacana yari mukuza, yari mukoza. Yaje ntinyishi kwa Bacondo, arabahamagara, arababwira ati « yemwe bene urugo, ntimushaka kubaga, nkabatiza intorezo n’umuhoro, mukampa ikibaro?» Baramukubita, aragenda n’i Gatovu kwa Rukangamiheto rwa Rwogera ati «yemwe...
by admin | Feb 10, 2024 | Abanditsi
Ni byiza gutangira umwaka dushishikariza urubyiruko kumenya ibitabo rukwiriye gusoma, ibitabo ababyeyi bakwiriye gufasha urubyiruko kubona ngo basome. Ni ibitabo byagenewe urubyiruko rwo kuva mu mwaka wa mashuri makuru kugeza muri kaminuza, urubyiruko rukora,...
by admin | Feb 10, 2024 | Abanditsi
Ni byiza gutangira umwaka dufasha abantu bakuze kumenya ibitabo rukwiriye gusoma, ibitabo bakwiriye gushyira mu ngamba z’umwaka ngo bazabe babisomye. Kumenya ahantu babikura , uko babibona,.. Gusoma bifite akamaro ku muntu; byongera ubumenyi, bituma ugira...
by admin | Feb 10, 2024 | Abanditsi
Ni byiza gutangira umwaka dushishikariza abana kumenya ibitabo bakwiriye gusoma, ibitabo ababyeyi bakwiriye kugurira abana babo ngo basome. Ni ibitabo byagenewe abana bo kuva mu mwaka wa mashuri y’inshuke kugeza mu mashuri abanza. Bizafasha ababyeyi gusomera abana...