Abanyamihango b’Ibwami
“I Bwami habaga imihango myinshi ,buri mihango yagiranga abayishizwe” Imirimo yo ku rurembo yabaga ari myinshi,ari na yo bitaga “Imihango”mu mvugo y’ubwiru,ariko iy’ingenzi yajyanaga n’ubwiru,n’ubutegetsi,imanza,itabaro,imibanire y’abagaragu nab a Shebuja,ndetse...
Imwe mu mirwa mikuru y’abami b’u rwanda
Abami b’u Rwanda,bagiraga imirwa mikuru y’igihugu cyabo,ariko iyo mirwa yagendaga ihindagurika,bitewe n’uburyo bagendaga bagaba ibitero byo kwagura igihugu,aho bafashe,hagatuma bimura icyicaro cy’ingoma. Imwe mu mirwa mikuru y’Abami b’u Rwanda,ni iyi ikrikira:...
Rwanda: abami b’ibitekerezo, abami bategetse imyaka isaga 648.
Abami b’ibitekerezo ni abami 22 bazwi neza igihe bategekeye n’ibyabaye ku ngoma zabo. Batangirira kuri Ruganzu I Bwimba(1312) bagaherukira kuri Kigeli V Ndahindurwa(1960). Ni ukuvugako bayoboye u Rwanda imyaka isaga 648. Bakaba barabisikanaga gutya mu Mazina:...
Rwanda, ibintu 20 wamenya ku mwamikazi rosalie gicanda
U Rwanda ni gihugu cyayobowe n’ingoma z’abami igihe kirekire, n’ubwo umwami yagiraga abagore benshi, havagamo umwe akaba Umwamikazi . Umwamikazi nta bubasha yagiraga mu ifatwa ry’ibyemezo, keretse umuhungu we iyo yimaga ingoma, akaba Umugabekazi. Umwamikazi...
1917,abasaseridoti mu rwanda
Abanyarwanda ntibari barigeze baca iryera abasaseridoti kugeza mu kinyejana cya 20 ubwo abamisiyoneri babazaniye inkuru nziza y’umukiro mu Rwagasabo. Abasaseridoti batatu b’Abamisiyoneri b’Afurika(bazwi ku izina ry’Abapadiri bera),aribo nyuma biswe izina rya...
Abasirikare 15 b’umuryango w’abibumbye baguye mu rwanda mu gihe cya jenoside yakorewe abatutsi mu 1994
Ifunguro rya kinyarwanda 100/% muri musanze
Musanze ni akarere kari mu ntara y’amajyaruguru,ku birenge by’ibirunga,niko karere gakora cyane ku birunga.Gafite ibyiza byinshi kuko uretse ibyo birunga bicumbikiye ingagi,kagira ubuvumo bunini. Ni ahantu hihariye,haba amafunguro aranga ako karere k’ibirunga...
Ingagi zikomeje kubugwabugwa mu rwanda
U Rwanda ni igihugu gikomeje kuba intangarugero mu kubungabuga ibikorwa by’ibidukikije harimo inyamaswa,amashyamba,imigezi n’ibindi. Ni muri urwo rwego,ingagi zo mu Rwanda ,ziba mu misozi mirermire,arizo zonyine zisigaye ku isi,zikomeje kwitabwaho zibugwabugwa muburyo...
Uwimana Sylvie ni umunyarwandakazi warangije amashuri yisumbuye akora muri Restaurant Hello Fast Food iherereye I Nyamirambo.
Akunda gutembera, gusenga no gukora siporo yo kwiruka Ni hehe watembereye mu Rwanda? Natembereye I Nyanza mu majyepfo y’u Rwanda Ni uwuhe muntu cyangwa ikintu mu mateka y’u Rwanda ukunda cyangwa uzirikana? Mu mateka y’u Rwanda nkunda kuzirikana imihango yakorwaga iyo...
Ruzigana Jerome ni umusore w’umunyarwanda warangije amashuri ya Kaminuza mu ikoranabuhanga
Ruzigana Jerome ni umusore w’umunyarwanda warangije amashuri ya Kaminuza mu ikoranabuhanga(Computer Science) akaba akora mu kigo cya ISCO mu ishami ryo gutanga internet. Ruzigana akaba akunda gukora, agakunda umutuzo,kubaho afite amahoro nta muntu bafitanye...
- Rwanda 2026, amarushanwa ya siporo ukwiriye kwitabira mu Rwanda.
- Abanyafurika bahembwe na Tusk muri uyu mwaka 2025
- Filimi nyarwanda; Minimals in a Titanic World yerekanywe muri European Film Festival 2025
- Umuganura, ibintu 22 ukwiriye kumenya ku mateka y’umuganura.
- Afurika 2025, imyaka 20 (2005-2025) ya African Parks
- Imyaka 20 (2005-2025) ya Eric Senderi mu muziki mu Rwanda
- Filimi,abanyarwanda 15 bagize komite ya OSCARS mu Rwanda
- Ibintu 12 wamenya ku gikomangomakazi Spéciose Mukabayojo
- Kiliziya 1990, Papa Jean Paul II mu Rwanda
- Kiliziya 2020, umukaridinali wa mbere w’umunyarwanda
- Kiliziya 1900, Misiyoni ya mbere mu Rwanda
- Kiliziya 1952, umwepisikopi wa mbere w’umunyarwanda
- UNESCO 2025, imijyi yashyizwe ku rutonde rwa Global Network of Learning Cities
- Kiliziya 1917 , abapadiri ba mbere b’abanyarwanda
- Igicumbi Magazine: A Memorable Summer in Rwanda 2025. Special cover 2025 #ISSUE6.
- Umuganura, ibintu 22 ukwiriye kumenya ku mateka y’umuganura.
- Unesco yabonye umuyobozi mushya 2025.
- Inama ku mushahara wawe.
- Kwita izina 2025, abise izina abana b’ingagi ku nshuro ya 20 (2005-2025)
- Imyaka 8 (2017-2025) , Audrey Azoulay ayobora UNESCO
Abanyamihango b’Ibwami
“I Bwami habaga imihango myinshi ,buri mihango yagiranga abayishizwe” Imirimo yo ku rurembo yabaga ari myinshi,ari na yo bitaga “Imihango”mu mvugo y’ubwiru,ariko iy’ingenzi yajyanaga n’ubwiru,n’ubutegetsi,imanza,itabaro,imibanire y’abagaragu nab a Shebuja,ndetse...
Imwe mu mirwa mikuru y’abami b’u rwanda
Abami b’u Rwanda,bagiraga imirwa mikuru y’igihugu cyabo,ariko iyo mirwa yagendaga ihindagurika,bitewe n’uburyo bagendaga bagaba ibitero byo kwagura igihugu,aho bafashe,hagatuma bimura icyicaro cy’ingoma. Imwe mu mirwa mikuru y’Abami b’u Rwanda,ni iyi ikrikira:...
Rwanda: abami b’ibitekerezo, abami bategetse imyaka isaga 648.
Abami b’ibitekerezo ni abami 22 bazwi neza igihe bategekeye n’ibyabaye ku ngoma zabo. Batangirira kuri Ruganzu I Bwimba(1312) bagaherukira kuri Kigeli V Ndahindurwa(1960). Ni ukuvugako bayoboye u Rwanda imyaka isaga 648. Bakaba barabisikanaga gutya mu Mazina:...
Rwanda, ibintu 20 wamenya ku mwamikazi rosalie gicanda
U Rwanda ni gihugu cyayobowe n’ingoma z’abami igihe kirekire, n’ubwo umwami yagiraga abagore benshi, havagamo umwe akaba Umwamikazi . Umwamikazi nta bubasha yagiraga mu ifatwa ry’ibyemezo, keretse umuhungu we iyo yimaga ingoma, akaba Umugabekazi. Umwamikazi...
1917,abasaseridoti mu rwanda
Abanyarwanda ntibari barigeze baca iryera abasaseridoti kugeza mu kinyejana cya 20 ubwo abamisiyoneri babazaniye inkuru nziza y’umukiro mu Rwagasabo. Abasaseridoti batatu b’Abamisiyoneri b’Afurika(bazwi ku izina ry’Abapadiri bera),aribo nyuma biswe izina rya...
Abasirikare 15 b’umuryango w’abibumbye baguye mu rwanda mu gihe cya jenoside yakorewe abatutsi mu 1994
Ifunguro rya kinyarwanda 100/% muri musanze
Musanze ni akarere kari mu ntara y’amajyaruguru,ku birenge by’ibirunga,niko karere gakora cyane ku birunga.Gafite ibyiza byinshi kuko uretse ibyo birunga bicumbikiye ingagi,kagira ubuvumo bunini. Ni ahantu hihariye,haba amafunguro aranga ako karere k’ibirunga...
Ingagi zikomeje kubugwabugwa mu rwanda
U Rwanda ni igihugu gikomeje kuba intangarugero mu kubungabuga ibikorwa by’ibidukikije harimo inyamaswa,amashyamba,imigezi n’ibindi. Ni muri urwo rwego,ingagi zo mu Rwanda ,ziba mu misozi mirermire,arizo zonyine zisigaye ku isi,zikomeje kwitabwaho zibugwabugwa muburyo...
Uwimana Sylvie ni umunyarwandakazi warangije amashuri yisumbuye akora muri Restaurant Hello Fast Food iherereye I Nyamirambo.
Akunda gutembera, gusenga no gukora siporo yo kwiruka Ni hehe watembereye mu Rwanda? Natembereye I Nyanza mu majyepfo y’u Rwanda Ni uwuhe muntu cyangwa ikintu mu mateka y’u Rwanda ukunda cyangwa uzirikana? Mu mateka y’u Rwanda nkunda kuzirikana imihango yakorwaga iyo...
Ruzigana Jerome ni umusore w’umunyarwanda warangije amashuri ya Kaminuza mu ikoranabuhanga
Ruzigana Jerome ni umusore w’umunyarwanda warangije amashuri ya Kaminuza mu ikoranabuhanga(Computer Science) akaba akora mu kigo cya ISCO mu ishami ryo gutanga internet. Ruzigana akaba akunda gukora, agakunda umutuzo,kubaho afite amahoro nta muntu bafitanye...

