Amateka

Aba Perezida bitabiriye umuhango wo kurahira kwa  Perezida Paul Kagame

Tariki ya 11 Kanama 2024, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yarahiriye kuzayobora u Rwanda muri mada y’imyaka itanu (2024-2029) kuri Sitade Amahoro I Remera. Ni umuhango witabiriwe  n’abanyarwanda baturutse hirya no hino, inshuti z’u Rwanda n’abanyacyubahiro...

Ijambo Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze mu muhango wo kurahirira manda nshya 2024-2029

I can only begin by thanking all Rwandans for putting your trust and confidence in me. It is an honour to serve as your President for another term. To all our guests, friends, and partners, from near and far, your presence on this important day is very deeply...

Gasabo, ibintu 45 bitandukanye ukwiriye kumenya mu Akarere ka Gasabo

Akarere ka Gasabo ni kamwe mu turere dutatu tw’umujyi wa Kigali, ni akarere gafite ubuso bwa km2 430.30, kagizwe n’imirenge 15, utugari 73 n’imidugugu 485. Ikicaro cya Karere ka Gasabo kibarizwa mu murenge wa Remera Akagari ka Nyarutarama. Akarere ka Gasabo kabayeho...

Weekend y’umuganura, ahantu 5 wasura hafite amateka y’umuganura

Umuganura ni umwe mu mihango y’abanyarwanda kuva kera, ni umuhango wayoborwaga n’umwami. Ubu abanyarwanda  bizihiza umuganura bafata umwanya wo gutekereza ku byo bagezeho bahereye mu ngo zabo kugeza ku rwego rw’igihugu mu nzego zose. Dore bimwe mu bintu wakora...