Dore ibintu 5 wakora mu kwizihiza umunsi wo Kwibohora
Umunsi mukuru wo kwibohora ni umunsi ukomeye mu Rwanda, kuva tariki ya 1-tariki ya 4/Nyakanga aba ari iminsi ikomeye, aba ari iminsi y’ikiruhuko mu gihugu, aho usanga abantu baba bayishimiye. Ni iminsi umunyarwanda wese akwiriye kuzirikana, ifite amateka...
Ibyiza 5 byo gutembera wenyine
Abantu benshi bumva ko iyo watembereye wenyine utabasha kwishima cyangwa ngo uryoherwe. Abantu bakunda gutembera bonyine ( Solo Travels) bagaragaza ko hari ibintu byinshi bishobora kugushimisha wagiye wenyine. Dore ibyiza 5 byo gutembera wenyine. 1.Wunguka...
Ahantu 15 Ndangamuco ukwiriye gusura muri 2024 mu Rwanda.
U Rwanda ni igihugu gifite ahantu ndangamuco henshi hirya no hino mu gihugu kandi heza, habumbatiye amateka y’abanyarwanda n’u Rwanda muri rusange. Ni byiza kuhasura ukamenya ibintu bitandukanye biri mu muco wacu. Uyu mwaka ni umwaka umuntu wese azakoramo ingendo...
Ingoma –ngabe,ikirango cy’u rwanda rwo hambere
“ Mu Rwanda rwo hambere,ikirango cy’igihugu cyari Ingoma-Ngabe” Ingoma-Ngabe ni yo yari Ibendera ry’igihugu,akaba ari na yo yari Nkuru imbere y’umwami n’Umugabekazi.Umurimo wayo ukaba wari uwo kwimika Abami no guhuza Umwami na Rubanda.Icyo twakwibutsa ahangaha,ni...
Abanyamihango b’Ibwami
“I Bwami habaga imihango myinshi ,buri mihango yagiranga abayishizwe” Imirimo yo ku rurembo yabaga ari myinshi,ari na yo bitaga “Imihango”mu mvugo y’ubwiru,ariko iy’ingenzi yajyanaga n’ubwiru,n’ubutegetsi,imanza,itabaro,imibanire y’abagaragu nab a Shebuja,ndetse...
Imwe mu mirwa mikuru y’abami b’u rwanda
Abami b’u Rwanda,bagiraga imirwa mikuru y’igihugu cyabo,ariko iyo mirwa yagendaga ihindagurika,bitewe n’uburyo bagendaga bagaba ibitero byo kwagura igihugu,aho bafashe,hagatuma bimura icyicaro cy’ingoma. Imwe mu mirwa mikuru y’Abami b’u Rwanda,ni iyi ikrikira:...
Rwanda: abami b’ibitekerezo, abami bategetse imyaka isaga 648.
Abami b’ibitekerezo ni abami 22 bazwi neza igihe bategekeye n’ibyabaye ku ngoma zabo. Batangirira kuri Ruganzu I Bwimba(1312) bagaherukira kuri Kigeli V Ndahindurwa(1960). Ni ukuvugako bayoboye u Rwanda imyaka isaga 648. Bakaba barabisikanaga gutya mu Mazina:...
Rwanda, ibintu 20 wamenya ku mwamikazi rosalie gicanda
U Rwanda ni gihugu cyayobowe n’ingoma z’abami igihe kirekire, n’ubwo umwami yagiraga abagore benshi, havagamo umwe akaba Umwamikazi . Umwamikazi nta bubasha yagiraga mu ifatwa ry’ibyemezo, keretse umuhungu we iyo yimaga ingoma, akaba Umugabekazi. Umwamikazi...
1917,abasaseridoti mu rwanda
Abanyarwanda ntibari barigeze baca iryera abasaseridoti kugeza mu kinyejana cya 20 ubwo abamisiyoneri babazaniye inkuru nziza y’umukiro mu Rwagasabo. Abasaseridoti batatu b’Abamisiyoneri b’Afurika(bazwi ku izina ry’Abapadiri bera),aribo nyuma biswe izina rya...
Abasirikare 15 b’umuryango w’abibumbye baguye mu rwanda mu gihe cya jenoside yakorewe abatutsi mu 1994
- Gusoma 2025, ibitabo byasomwe na Ndahimana Gilbert
- Isomero rya Komisiyo y’Igihugu ya UNESCO
- Club Rafiki Community Library
- Kacyiru, igicumbi cy’amasomero akomeye mu Rwanda
- Gusoma ibitabo, uburyo wafashamo umwana gukunda gusoma
- Umwaka wa 2025, ibitabo byashimishije Perezida Obama
- Iminsi 21 yagufasha gukunda gusoma ibitabo uyu mwaka
- Gushakisha Umunyamideli Ukomeye W’u Rwanda Biratangiye
- Igicumbi Magazine :Ukwakira-Ukuboza 2025 #Issue12
- Igicumbi Magazine: FERWAFA Super Cup 2025 #Issue11 Nimero Yihariye.
- Igicumbi Magazine: UCI 2025: Le vélo dans les routes du pays des mille collines.#Issue10 Numéro Spécial!
- Igicumbi Magazine; Umunsi w’Igikundiro 2025 #Issue9 Numero yihariye
- Igicumbi Magazine;Umuganura 2025 #Issue8 Nimero Yihariye
- Rwanda 2026, amarushanwa ya siporo ukwiriye kwitabira mu Rwanda.
- Abanyafurika bahembwe na Tusk muri uyu mwaka 2025
- Igicumbi Magazine; Ubumuntu Arts Festival 2025 #Issue7 Special Cover
- Filimi nyarwanda; Minimals in a Titanic World yerekanywe muri European Film Festival 2025
- Umuganura, ibintu 22 ukwiriye kumenya ku mateka y’umuganura.
- Afurika 2025, imyaka 20 (2005-2025) ya African Parks
- Imyaka 20 (2005-2025) ya Eric Senderi mu muziki mu Rwanda
Dore ibintu 5 wakora mu kwizihiza umunsi wo Kwibohora
Umunsi mukuru wo kwibohora ni umunsi ukomeye mu Rwanda, kuva tariki ya 1-tariki ya 4/Nyakanga aba ari iminsi ikomeye, aba ari iminsi y’ikiruhuko mu gihugu, aho usanga abantu baba bayishimiye. Ni iminsi umunyarwanda wese akwiriye kuzirikana, ifite amateka...
Ibyiza 5 byo gutembera wenyine
Abantu benshi bumva ko iyo watembereye wenyine utabasha kwishima cyangwa ngo uryoherwe. Abantu bakunda gutembera bonyine ( Solo Travels) bagaragaza ko hari ibintu byinshi bishobora kugushimisha wagiye wenyine. Dore ibyiza 5 byo gutembera wenyine. 1.Wunguka...
Ahantu 15 Ndangamuco ukwiriye gusura muri 2024 mu Rwanda.
U Rwanda ni igihugu gifite ahantu ndangamuco henshi hirya no hino mu gihugu kandi heza, habumbatiye amateka y’abanyarwanda n’u Rwanda muri rusange. Ni byiza kuhasura ukamenya ibintu bitandukanye biri mu muco wacu. Uyu mwaka ni umwaka umuntu wese azakoramo ingendo...
Ingoma –ngabe,ikirango cy’u rwanda rwo hambere
“ Mu Rwanda rwo hambere,ikirango cy’igihugu cyari Ingoma-Ngabe” Ingoma-Ngabe ni yo yari Ibendera ry’igihugu,akaba ari na yo yari Nkuru imbere y’umwami n’Umugabekazi.Umurimo wayo ukaba wari uwo kwimika Abami no guhuza Umwami na Rubanda.Icyo twakwibutsa ahangaha,ni...
Abanyamihango b’Ibwami
“I Bwami habaga imihango myinshi ,buri mihango yagiranga abayishizwe” Imirimo yo ku rurembo yabaga ari myinshi,ari na yo bitaga “Imihango”mu mvugo y’ubwiru,ariko iy’ingenzi yajyanaga n’ubwiru,n’ubutegetsi,imanza,itabaro,imibanire y’abagaragu nab a Shebuja,ndetse...
Imwe mu mirwa mikuru y’abami b’u rwanda
Abami b’u Rwanda,bagiraga imirwa mikuru y’igihugu cyabo,ariko iyo mirwa yagendaga ihindagurika,bitewe n’uburyo bagendaga bagaba ibitero byo kwagura igihugu,aho bafashe,hagatuma bimura icyicaro cy’ingoma. Imwe mu mirwa mikuru y’Abami b’u Rwanda,ni iyi ikrikira:...
Rwanda: abami b’ibitekerezo, abami bategetse imyaka isaga 648.
Abami b’ibitekerezo ni abami 22 bazwi neza igihe bategekeye n’ibyabaye ku ngoma zabo. Batangirira kuri Ruganzu I Bwimba(1312) bagaherukira kuri Kigeli V Ndahindurwa(1960). Ni ukuvugako bayoboye u Rwanda imyaka isaga 648. Bakaba barabisikanaga gutya mu Mazina:...
Rwanda, ibintu 20 wamenya ku mwamikazi rosalie gicanda
U Rwanda ni gihugu cyayobowe n’ingoma z’abami igihe kirekire, n’ubwo umwami yagiraga abagore benshi, havagamo umwe akaba Umwamikazi . Umwamikazi nta bubasha yagiraga mu ifatwa ry’ibyemezo, keretse umuhungu we iyo yimaga ingoma, akaba Umugabekazi. Umwamikazi...
1917,abasaseridoti mu rwanda
Abanyarwanda ntibari barigeze baca iryera abasaseridoti kugeza mu kinyejana cya 20 ubwo abamisiyoneri babazaniye inkuru nziza y’umukiro mu Rwagasabo. Abasaseridoti batatu b’Abamisiyoneri b’Afurika(bazwi ku izina ry’Abapadiri bera),aribo nyuma biswe izina rya...

