Munyakazi Deo,umuhanzi nyarwanda ucurangisha Inanga,igicurangisho cya gakondo.
Watangiye gucuranga muri 2012,akaba amaze kumenyekana hano mu Rwanda, muri Afurika ndetse no kuyindi migabane y’isi.Akaba yararangije kaminuza aho yize indimi zigezweho (modern languages) mu ishami ry’Ubuhanzi n’Ubugeni(Arts and Creative industries)....
Mudacumura Filston ni umunyarwanda,umwanditsi,rwiyemezamirimo washinze Inzu itangazibitabo(Mudacumura Publishing House).
Yize muri kaminuza nkuru y’u Rwanda(Huye) mu ishami rya Book Publishing,amaze imyaka 4 muri uru ruganda rwo gutangaza ibitabo.Filston akunda amahoro n’urukundo. Dore ikiganiro yagiranye na igicumbi.com Ni hehe watembereye mu Rwanda? Natembereye muri Pariki y’ ibirunga...
Niyitegeka Isaie ni umunyarwanda ukora umwunga wo gutwara abagenzi kuri moto.
Akaba amaze imyaka 2 atwara abagenzi,arubatse kandi atuye muri Kigali. Mu bintu akunda harimo gukora siporo no gusenga. Dore ikiganiro yagiranye na igicumbi.com Ni hehe watembereye mu Rwanda? Natembereye I Rulindo aho bita ku kirenge cya Ruganzu. Ni uwuhe muntu...
Ahmed Twahirwa ni umunyarwanda ukora akazi k’uburezi mu kigo cy’amashuri cya Essi Nyamirambo(Ecole secondaire Scientifique Islamique.
Akunda imikino cyane ,akaba umufana wa Rayon Sport.Mu bantu bikitegererezo be harimo Intumwa y’Imana Muhamad ndetse na Thomas Sankara. Dore ikiganiro yagiranye na igicumbi.com: Ni hehe watembereye mu Rwanda? Natembereye ahantu henshi mu gihugu harimo...
Menya byinshi ku muhanzi maniraguha maurice
Maniraguha Maurice, ni Umucuranzi w’Inanga ( igicurangisho cya gakondo cyakoreshwaga kera mu muziki, mu birori bitandukanye) .Izina ry’ubuhanzi akaba yitwa Umushakamba. Umushakamba ni umuhanzi ukiri muto wahisemo gucuranga akoresheje igikoresho cya...
Ububiko bw’inyandiko,isoko y’abashakashatsi
Ishyigura nyandiko ry’igihugu,rigenewe kwakira inyandiko za leta n’izibindi bigo biyishamikiyeho,kugirango bibikwe neza,kandi bishyirwe hamwe.Gushyigura inyandiko bifasha abakiri bato kumenya,rikanafasha abakora ubushakashatsi. Kuva cyatagira gukora muri 1979 nta...
Umwuga wa kera w’umubyeyi belancila
Igihe isi yizihizaga umunsi mpuzamahanga w’ababyaza (abafasha b’ababyeyi),nasuye umubyeyi wafashaga abandi babyeyi mugihe cya kera. Belancila ni umubyeyi usheshe akanguhe utuye mu murenge wa Nyamirambo, mu Kagali ka Rugarama , yavutse 1940, avukira mu Murera wo mu...
Umugani wa Ndabaga
Ngucire umugani nkubambuze umugani n’uzava I kantarange azasange ubukombe bw’umugani bumanitse kumuganda w’inzu… Ubusa bwaritse ku manga, Uruvu ruravugiriza, Agaca karacuranga, Nyiramusambi isabagirira inanga, Harabaye ntihakabe Harapfuye ntihagapfe Hapfuye imbwa...
Umunyabugeni icyimanimpaye jean damascene
Umunyabugeni Icyimanimpaye Jean Damascene ni umunyabugeni utuye mu mujyi wa Rubavu mu ntara y’Iburengerazuba. Ni umunyabugeni wabitangiye mu mwaka 1998, akiri muto, aho yafashaga Papa we gushaka ibikoresho no guconga ibihangano bye. Mu 2001...
Imikoreshereze y’inyuguti nkuru
1.Mu ntangiriro y’interuro Urugero :Isuka ibagara ubunshuti ni akarenge 2.Nyuma y ‘akabago,akabazo n’agatangaro Urugero :Twese hamwe duhagurukire kujijuka.wabigeraho ute utazi gusoma ? Oyeee !igitego kikabakirinjiye 3.Ku nyuguti itangira...
- Rwanda 2026, amarushanwa ya siporo ukwiriye kwitabira mu Rwanda.
- Abanyafurika bahembwe na Tusk muri uyu mwaka 2025
- Filimi nyarwanda; Minimals in a Titanic World yerekanywe muri European Film Festival 2025
- Umuganura, ibintu 22 ukwiriye kumenya ku mateka y’umuganura.
- Afurika 2025, imyaka 20 (2005-2025) ya African Parks
- Imyaka 20 (2005-2025) ya Eric Senderi mu muziki mu Rwanda
- Filimi,abanyarwanda 15 bagize komite ya OSCARS mu Rwanda
- Ibintu 12 wamenya ku gikomangomakazi Spéciose Mukabayojo
- Kiliziya 1990, Papa Jean Paul II mu Rwanda
- Kiliziya 2020, umukaridinali wa mbere w’umunyarwanda
- Kiliziya 1900, Misiyoni ya mbere mu Rwanda
- Kiliziya 1952, umwepisikopi wa mbere w’umunyarwanda
- UNESCO 2025, imijyi yashyizwe ku rutonde rwa Global Network of Learning Cities
- Kiliziya 1917 , abapadiri ba mbere b’abanyarwanda
- Igicumbi Magazine: A Memorable Summer in Rwanda 2025. Special cover 2025 #ISSUE6.
- Umuganura, ibintu 22 ukwiriye kumenya ku mateka y’umuganura.
- Unesco yabonye umuyobozi mushya 2025.
- Inama ku mushahara wawe.
- Kwita izina 2025, abise izina abana b’ingagi ku nshuro ya 20 (2005-2025)
- Imyaka 8 (2017-2025) , Audrey Azoulay ayobora UNESCO
Munyakazi Deo,umuhanzi nyarwanda ucurangisha Inanga,igicurangisho cya gakondo.
Watangiye gucuranga muri 2012,akaba amaze kumenyekana hano mu Rwanda, muri Afurika ndetse no kuyindi migabane y’isi.Akaba yararangije kaminuza aho yize indimi zigezweho (modern languages) mu ishami ry’Ubuhanzi n’Ubugeni(Arts and Creative industries)....
Mudacumura Filston ni umunyarwanda,umwanditsi,rwiyemezamirimo washinze Inzu itangazibitabo(Mudacumura Publishing House).
Yize muri kaminuza nkuru y’u Rwanda(Huye) mu ishami rya Book Publishing,amaze imyaka 4 muri uru ruganda rwo gutangaza ibitabo.Filston akunda amahoro n’urukundo. Dore ikiganiro yagiranye na igicumbi.com Ni hehe watembereye mu Rwanda? Natembereye muri Pariki y’ ibirunga...
Niyitegeka Isaie ni umunyarwanda ukora umwunga wo gutwara abagenzi kuri moto.
Akaba amaze imyaka 2 atwara abagenzi,arubatse kandi atuye muri Kigali. Mu bintu akunda harimo gukora siporo no gusenga. Dore ikiganiro yagiranye na igicumbi.com Ni hehe watembereye mu Rwanda? Natembereye I Rulindo aho bita ku kirenge cya Ruganzu. Ni uwuhe muntu...
Ahmed Twahirwa ni umunyarwanda ukora akazi k’uburezi mu kigo cy’amashuri cya Essi Nyamirambo(Ecole secondaire Scientifique Islamique.
Akunda imikino cyane ,akaba umufana wa Rayon Sport.Mu bantu bikitegererezo be harimo Intumwa y’Imana Muhamad ndetse na Thomas Sankara. Dore ikiganiro yagiranye na igicumbi.com: Ni hehe watembereye mu Rwanda? Natembereye ahantu henshi mu gihugu harimo...
Menya byinshi ku muhanzi maniraguha maurice
Maniraguha Maurice, ni Umucuranzi w’Inanga ( igicurangisho cya gakondo cyakoreshwaga kera mu muziki, mu birori bitandukanye) .Izina ry’ubuhanzi akaba yitwa Umushakamba. Umushakamba ni umuhanzi ukiri muto wahisemo gucuranga akoresheje igikoresho cya...
Ububiko bw’inyandiko,isoko y’abashakashatsi
Ishyigura nyandiko ry’igihugu,rigenewe kwakira inyandiko za leta n’izibindi bigo biyishamikiyeho,kugirango bibikwe neza,kandi bishyirwe hamwe.Gushyigura inyandiko bifasha abakiri bato kumenya,rikanafasha abakora ubushakashatsi. Kuva cyatagira gukora muri 1979 nta...
Umwuga wa kera w’umubyeyi belancila
Igihe isi yizihizaga umunsi mpuzamahanga w’ababyaza (abafasha b’ababyeyi),nasuye umubyeyi wafashaga abandi babyeyi mugihe cya kera. Belancila ni umubyeyi usheshe akanguhe utuye mu murenge wa Nyamirambo, mu Kagali ka Rugarama , yavutse 1940, avukira mu Murera wo mu...
Umugani wa Ndabaga
Ngucire umugani nkubambuze umugani n’uzava I kantarange azasange ubukombe bw’umugani bumanitse kumuganda w’inzu… Ubusa bwaritse ku manga, Uruvu ruravugiriza, Agaca karacuranga, Nyiramusambi isabagirira inanga, Harabaye ntihakabe Harapfuye ntihagapfe Hapfuye imbwa...
Umunyabugeni icyimanimpaye jean damascene
Umunyabugeni Icyimanimpaye Jean Damascene ni umunyabugeni utuye mu mujyi wa Rubavu mu ntara y’Iburengerazuba. Ni umunyabugeni wabitangiye mu mwaka 1998, akiri muto, aho yafashaga Papa we gushaka ibikoresho no guconga ibihangano bye. Mu 2001...
Imikoreshereze y’inyuguti nkuru
1.Mu ntangiriro y’interuro Urugero :Isuka ibagara ubunshuti ni akarenge 2.Nyuma y ‘akabago,akabazo n’agatangaro Urugero :Twese hamwe duhagurukire kujijuka.wabigeraho ute utazi gusoma ? Oyeee !igitego kikabakirinjiye 3.Ku nyuguti itangira...

