Insigamigani:’’U Rwanda ruratera ntiruterwa’’
Abantu benshi bakunda guca imigani miremire,iy’imigenurano ndetse n’Insigamigani,abandi bakibaza inkomoko yayo, bikababera urujijo ,aha twarabakoreye ubushakashatsi bw’igihe kirekire bw’Inkomoko y’iyo Migani ikoreshwa ahantu henshi hatandukanye.Umugani tugiye...
Ikirunga cya Sabyinyo, ikirunga gihuza ibihugu bitatu (Rwanda-RDC-Uganda)
Ikirunga kireshya na metero 3669 z’uburebure uturutse ku nyanja, cyahagaze kuruka, ku gasongero kacyo niho ibyo bihugu bitatu bihurira. Uruhererekane rw’imisozi y’Ibirunga iri hagati y’ibihugu by’ u Rwanda, Uganda na Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo. Iyo...
Intwari y’Imena; Ibintu 25 wamenya ku Ntwari Mutara III Rudahigwa
Intwari Mutara III Rudahigwa ni umwami w’u Rwanda, intwali y’u Rwanda iri mu cyiciro cy’Imena, ni icyiciro kibanziriza intwari z’u Rwanda. Ni intwari yaranzwe n’ibikorwa byinshi kandi byiza ku buzima bw’abanyawanda no ku iterambere ry’igihugu muri rusange Dore ibintu...
Mutarama-Werurwe 2025, Amaserukiramuco ukwiriye kwitabira mu Rwanda
Amaserukiramuco azaba mu ntangiro z’umwaka ni umwanya mwiza ku bantu bari mu ruganda ndangamuco guhura, gushaka ibitekerezo bishya (creative ideas), gufashanya, kuganira no gutekereza imishinga n’ibikorwa by’umwaka mushya. Kwitabira iserukiramuco, ni mu rwego rwo...
Umugani wa CACANA
Cacana yari mukuza, yari mukoza. Yaje ntinyishi kwa Bacondo, arabahamagara, arababwira ati « yemwe bene urugo, ntimushaka kubaga, nkabatiza intorezo n'umuhoro, mukampa ikibaro?» Baramukubita, aragenda n'i Gatovu kwa Rukangamiheto rwa Rwogera ati «yemwe bene urugo,...
Ibitabo 11 urubyiruko rukwiriye gusoma muri uyu mwaka wa 2024
Ni byiza gutangira umwaka dushishikariza urubyiruko kumenya ibitabo rukwiriye gusoma, ibitabo ababyeyi bakwiriye gufasha urubyiruko kubona ngo basome. Ni ibitabo byagenewe urubyiruko rwo kuva mu mwaka wa mashuri makuru kugeza muri kaminuza, urubyiruko rukora,...
Ibitabo 10 abantu bakuru bakwiriye gusoma muri uyu mwaka 2024
Ni byiza gutangira umwaka dufasha abantu bakuze kumenya ibitabo rukwiriye gusoma, ibitabo bakwiriye gushyira mu ngamba z’umwaka ngo bazabe babisomye. Kumenya ahantu babikura , uko babibona,.. Gusoma bifite akamaro ku muntu; byongera ubumenyi, bituma ugira...
Ibitabo 12 by’abana bakwiriye gusoma muri uyu mwaka 2024
Ni byiza gutangira umwaka dushishikariza abana kumenya ibitabo bakwiriye gusoma, ibitabo ababyeyi bakwiriye kugurira abana babo ngo basome. Ni ibitabo byagenewe abana bo kuva mu mwaka wa mashuri y’inshuke kugeza mu mashuri abanza. Bizafasha ababyeyi gusomera abana...
Top Chef Guest House, ahantu ho gucumbika I Musanze
Ni byiza gutembera I Musanze ukabona ahantu heza, hari umutekano wawe ndetse n’ibyawe, ahantu uruhukira kandi atari kure y’umuhanda. Guest House ni amacumbi meza, kandi y’amake, y’ibyumba bitandukanye, afite isuku n’umutekano w’ibyawe. Bafite na Top Chef Bar...
2023, ibitabo byasomwe na Ndahimana Gilbert
Ndahimana Gilbert ni umunyarwanda ukunda gusoma no kwandika. Mu mwaka wa 2023 yasomye ibitabo byiza yakunze byamufashije mu gutera imbere mu bitekerezo, kugira ubumenyi, kumenya uko umuntu yitwara mu bibazo, kunguka inshuti, kumenya ibyo umuntu akunda ku giti cye,.…...
- Rwanda 2026, amarushanwa ya siporo ukwiriye kwitabira mu Rwanda.
- Abanyafurika bahembwe na Tusk muri uyu mwaka 2025
- Filimi nyarwanda; Minimals in a Titanic World yerekanywe muri European Film Festival 2025
- Umuganura, ibintu 22 ukwiriye kumenya ku mateka y’umuganura.
- Afurika 2025, imyaka 20 (2005-2025) ya African Parks
- Imyaka 20 (2005-2025) ya Eric Senderi mu muziki mu Rwanda
- Filimi,abanyarwanda 15 bagize komite ya OSCARS mu Rwanda
- Ibintu 12 wamenya ku gikomangomakazi Spéciose Mukabayojo
- Kiliziya 1990, Papa Jean Paul II mu Rwanda
- Kiliziya 2020, umukaridinali wa mbere w’umunyarwanda
- Kiliziya 1900, Misiyoni ya mbere mu Rwanda
- Kiliziya 1952, umwepisikopi wa mbere w’umunyarwanda
- UNESCO 2025, imijyi yashyizwe ku rutonde rwa Global Network of Learning Cities
- Kiliziya 1917 , abapadiri ba mbere b’abanyarwanda
- Igicumbi Magazine: A Memorable Summer in Rwanda 2025. Special cover 2025 #ISSUE6.
- Umuganura, ibintu 22 ukwiriye kumenya ku mateka y’umuganura.
- Unesco yabonye umuyobozi mushya 2025.
- Inama ku mushahara wawe.
- Kwita izina 2025, abise izina abana b’ingagi ku nshuro ya 20 (2005-2025)
- Imyaka 8 (2017-2025) , Audrey Azoulay ayobora UNESCO
Insigamigani:’’U Rwanda ruratera ntiruterwa’’
Abantu benshi bakunda guca imigani miremire,iy’imigenurano ndetse n’Insigamigani,abandi bakibaza inkomoko yayo, bikababera urujijo ,aha twarabakoreye ubushakashatsi bw’igihe kirekire bw’Inkomoko y’iyo Migani ikoreshwa ahantu henshi hatandukanye.Umugani tugiye...
Ikirunga cya Sabyinyo, ikirunga gihuza ibihugu bitatu (Rwanda-RDC-Uganda)
Ikirunga kireshya na metero 3669 z’uburebure uturutse ku nyanja, cyahagaze kuruka, ku gasongero kacyo niho ibyo bihugu bitatu bihurira. Uruhererekane rw’imisozi y’Ibirunga iri hagati y’ibihugu by’ u Rwanda, Uganda na Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo. Iyo...
Intwari y’Imena; Ibintu 25 wamenya ku Ntwari Mutara III Rudahigwa
Intwari Mutara III Rudahigwa ni umwami w’u Rwanda, intwali y’u Rwanda iri mu cyiciro cy’Imena, ni icyiciro kibanziriza intwari z’u Rwanda. Ni intwari yaranzwe n’ibikorwa byinshi kandi byiza ku buzima bw’abanyawanda no ku iterambere ry’igihugu muri rusange Dore ibintu...
Mutarama-Werurwe 2025, Amaserukiramuco ukwiriye kwitabira mu Rwanda
Amaserukiramuco azaba mu ntangiro z’umwaka ni umwanya mwiza ku bantu bari mu ruganda ndangamuco guhura, gushaka ibitekerezo bishya (creative ideas), gufashanya, kuganira no gutekereza imishinga n’ibikorwa by’umwaka mushya. Kwitabira iserukiramuco, ni mu rwego rwo...
Umugani wa CACANA
Cacana yari mukuza, yari mukoza. Yaje ntinyishi kwa Bacondo, arabahamagara, arababwira ati « yemwe bene urugo, ntimushaka kubaga, nkabatiza intorezo n'umuhoro, mukampa ikibaro?» Baramukubita, aragenda n'i Gatovu kwa Rukangamiheto rwa Rwogera ati «yemwe bene urugo,...
Ibitabo 11 urubyiruko rukwiriye gusoma muri uyu mwaka wa 2024
Ni byiza gutangira umwaka dushishikariza urubyiruko kumenya ibitabo rukwiriye gusoma, ibitabo ababyeyi bakwiriye gufasha urubyiruko kubona ngo basome. Ni ibitabo byagenewe urubyiruko rwo kuva mu mwaka wa mashuri makuru kugeza muri kaminuza, urubyiruko rukora,...
Ibitabo 10 abantu bakuru bakwiriye gusoma muri uyu mwaka 2024
Ni byiza gutangira umwaka dufasha abantu bakuze kumenya ibitabo rukwiriye gusoma, ibitabo bakwiriye gushyira mu ngamba z’umwaka ngo bazabe babisomye. Kumenya ahantu babikura , uko babibona,.. Gusoma bifite akamaro ku muntu; byongera ubumenyi, bituma ugira...
Ibitabo 12 by’abana bakwiriye gusoma muri uyu mwaka 2024
Ni byiza gutangira umwaka dushishikariza abana kumenya ibitabo bakwiriye gusoma, ibitabo ababyeyi bakwiriye kugurira abana babo ngo basome. Ni ibitabo byagenewe abana bo kuva mu mwaka wa mashuri y’inshuke kugeza mu mashuri abanza. Bizafasha ababyeyi gusomera abana...
Top Chef Guest House, ahantu ho gucumbika I Musanze
Ni byiza gutembera I Musanze ukabona ahantu heza, hari umutekano wawe ndetse n’ibyawe, ahantu uruhukira kandi atari kure y’umuhanda. Guest House ni amacumbi meza, kandi y’amake, y’ibyumba bitandukanye, afite isuku n’umutekano w’ibyawe. Bafite na Top Chef Bar...
2023, ibitabo byasomwe na Ndahimana Gilbert
Ndahimana Gilbert ni umunyarwanda ukunda gusoma no kwandika. Mu mwaka wa 2023 yasomye ibitabo byiza yakunze byamufashije mu gutera imbere mu bitekerezo, kugira ubumenyi, kumenya uko umuntu yitwara mu bibazo, kunguka inshuti, kumenya ibyo umuntu akunda ku giti cye,.…...

