Insigamigani:’’U Rwanda ruratera ntiruterwa’’ 

Insigamigani:’’U Rwanda ruratera ntiruterwa’’ 

Abantu benshi bakunda guca imigani miremire,iy’imigenurano ndetse n’Insigamigani,abandi bakibaza inkomoko yayo, bikababera urujijo ,aha twarabakoreye ubushakashatsi bw’igihe kirekire bw’Inkomoko y’iyo Migani ikoreshwa ahantu henshi hatandukanye.Umugani tugiye...

Umugani wa CACANA

Umugani wa CACANA

Cacana yari mukuza, yari mukoza. Yaje ntinyishi kwa Bacondo, arabahamagara, arababwira ati « yemwe bene urugo, ntimushaka kubaga, nkabatiza intorezo n'umuhoro, mukampa ikibaro?» Baramukubita, aragenda n'i Gatovu kwa Rukangamiheto rwa Rwogera ati «yemwe bene urugo,...

Ibitabo 12 by’abana bakwiriye gusoma muri uyu mwaka 2024

Ibitabo 12 by’abana bakwiriye gusoma muri uyu mwaka 2024

Ni byiza gutangira umwaka dushishikariza abana kumenya ibitabo bakwiriye gusoma, ibitabo ababyeyi bakwiriye kugurira abana babo ngo basome. Ni ibitabo byagenewe abana bo kuva mu mwaka wa mashuri y’inshuke kugeza mu mashuri abanza. Bizafasha ababyeyi gusomera abana...

Top Chef Guest House, ahantu ho gucumbika I Musanze

Top Chef Guest House, ahantu ho gucumbika I Musanze

Ni byiza gutembera I Musanze ukabona ahantu heza, hari umutekano  wawe ndetse n’ibyawe, ahantu uruhukira kandi atari kure y’umuhanda. Guest House ni amacumbi meza, kandi y’amake, y’ibyumba bitandukanye, afite isuku n’umutekano w’ibyawe. Bafite na Top Chef Bar...

2023, ibitabo byasomwe na Ndahimana Gilbert

2023, ibitabo byasomwe na Ndahimana Gilbert

Ndahimana Gilbert ni umunyarwanda ukunda gusoma no kwandika. Mu mwaka wa 2023 yasomye ibitabo byiza yakunze byamufashije mu gutera imbere mu bitekerezo, kugira ubumenyi, kumenya uko umuntu yitwara mu bibazo, kunguka inshuti, kumenya ibyo umuntu akunda ku giti cye,.…...

Insigamigani:’’U Rwanda ruratera ntiruterwa’’ 

Abantu benshi bakunda guca imigani miremire,iy’imigenurano ndetse n’Insigamigani,abandi bakibaza inkomoko yayo, bikababera urujijo ,aha twarabakoreye ubushakashatsi bw’igihe kirekire bw’Inkomoko y’iyo Migani ikoreshwa ahantu henshi hatandukanye.Umugani tugiye...

Umugani wa CACANA

Cacana yari mukuza, yari mukoza. Yaje ntinyishi kwa Bacondo, arabahamagara, arababwira ati « yemwe bene urugo, ntimushaka kubaga, nkabatiza intorezo n'umuhoro, mukampa ikibaro?» Baramukubita, aragenda n'i Gatovu kwa Rukangamiheto rwa Rwogera ati «yemwe bene urugo,...

Ibitabo 12 by’abana bakwiriye gusoma muri uyu mwaka 2024

Ni byiza gutangira umwaka dushishikariza abana kumenya ibitabo bakwiriye gusoma, ibitabo ababyeyi bakwiriye kugurira abana babo ngo basome. Ni ibitabo byagenewe abana bo kuva mu mwaka wa mashuri y’inshuke kugeza mu mashuri abanza. Bizafasha ababyeyi gusomera abana...

Top Chef Guest House, ahantu ho gucumbika I Musanze

Ni byiza gutembera I Musanze ukabona ahantu heza, hari umutekano  wawe ndetse n’ibyawe, ahantu uruhukira kandi atari kure y’umuhanda. Guest House ni amacumbi meza, kandi y’amake, y’ibyumba bitandukanye, afite isuku n’umutekano w’ibyawe. Bafite na Top Chef Bar...

2023, ibitabo byasomwe na Ndahimana Gilbert

Ndahimana Gilbert ni umunyarwanda ukunda gusoma no kwandika. Mu mwaka wa 2023 yasomye ibitabo byiza yakunze byamufashije mu gutera imbere mu bitekerezo, kugira ubumenyi, kumenya uko umuntu yitwara mu bibazo, kunguka inshuti, kumenya ibyo umuntu akunda ku giti cye,.…...