

Imiziririzo: umuntu n’ihene
Umuntu uguze ihene n’undi, iyo bamaze kugura bareba ikiziriko cyayo bakakigabana .Impamvu ni ukugirango iyo hene izororoke, kandi bombo bazatunge. Umuntu iyo yonewe n’ihene, maze akifuza ko nyirayo atayitunga, ukundi, ajyana ihene, igihe ayigejeje iruhande rw’ikigega,...

Imiziririzo: Umuntu n’udusimba
Umuntu uciriye ikibwana cy’imbwa ntareba inyuma ataha ,ngo iyo mbwa yajya yiba bakayica. Kirazira gucisha imbwa mu nsi y’uruhu, kuba ari ukuyibuza kubwagura. Kirazira ko imbwa irigata umuntu, biba ari ukumusurira kuzagwa kure. Imbwa iyo iryamye ku buriri, iba...

Imiziririzo: Umuntu n’Inka
1. Umuntu abona inka zitashye akazicanira bona nubwo haba ari ku manywa, kirazira ko inka zitahira mu kizima,abase baza kuzinyaga ntiziburanwe. 2. Umuntu iyo agiye kurahura umuriro wo gucanira inka, kirazira kurahura ikara rimwe kuba ari ukuzitubya,kuko ikara rimwe...

IMPAMVU ZO GUKUNA,AGAKIZA K’UMWARI WO HAMBERE
Nk’uko habaho imihango,imigenzo n’imiziririzo y’abantu n’ibintu,mu Rwanda rwo hambere, ni na ko habaho n’imihango,imigenzo n’imiziririzo igiye yihariye kuri buri bwoko bw’abantu n’ibintu. Gukuna imwe mu mihango yakorwaga n’igitsina gore,habamo no gukuna/guca...

Umwaka mushya, ingendo nyobokamana wakora muri Mutarama
Kuragiza Imana umwaka mushya ni ikintu cy’ingenzi kuri buri muntu aba agomba gushyira muri gahunda mu mwaka mushya. Ni byiza kureba ingendo nyobokamana wakora, ugahura n’abandi ugasenga, ukereka Imana ibyifuzo, ingamba, gahunda by’umwaka mushya. Urugendo rwo Kwa Yezu...

Kuri Noheli n’Ubunani, ahantu ho gusohokana abana muri Kigali
Ni byiza kumenya ahantu wabasha gusohokana abana muri iki gihe cy’iminsi mikuru, abana bakishima, bakanezerwa, bakamenya ahantu hatandukanye. Ni ahantu n’abantu bakuru bajya bakishimana n’abana! Kandi haba hari ibyo kurya no kunywa. 1.Santas Leisure Park (Kanombe)...

#FestiveSeason2023,Imurika ry’ubugeni n’ubuhanzi wasura muri Kigali
Muri iki gihe cy’iminsi mikuru isoza umwaka no gutangira umwaka mushya ni igihe cyiza ku bantu bakunda ubugeni kubona aho bajya kureba imurika, guhura kuganira n’abandi no kugura impano (ibihangano) batanga. Abanyabugeni nabo ni igihe cyiza cyo gukora no guhura...

Afurika y’Uburasirazuba, inzu ndangamurage wasura
Ibihugu bigize umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba (East Africa Community), aribyo; Kenya, Uganda, Rwanda, Burundi, Tanzania, Sudani y’epfo, Somalie, RDC…. Ni ibihugu bifite amateka menshi, ibihugu bifite abaturage benshi bafite ibyo bahuriyeho mu mibereho, umuco,...

IBIYAGA BIGARI, INZU NDANGAMURAGE WASURA
Ibihugu bigize umuryango w’akarere k’ibiyaga bigari aribyo u Rwanda, Burundi na RDC, ni ibihugu bihurira cyane mu burengerazuba bw’u Rwanda, bugahuzwa n’amazi y’ikiyaga cya Kivu. Ni ibihugu biri mu muryango ukoresha ururimi rw’igifaransa. Ingoro Ndangamurage ya...

Ibintu 22 bikurura abantu muri Afurika
Umugabane wa Afurika ni umugabane ufite ibintu byinshi bikurura abantu, hari ibintu nyaburanga, ahantu ndangamateka, ndangamuco, imiterere kamere yihariye. Afurika ni umugabane ukikijwe n’inyanja y’Ubahinde, inyanja ya Atalatika, inyanja ya Mediterane...
- Umuhindo 2025, amaserukiramuco ugomba kwitabira
- Ibisubizo 15 bya Mukunzi Jean De Dieu ku bukerarugendo n’umuco
- Huye, Amasaha 10 I Sovu
- Umuganura 2025, abahanzi basurukije abitabiriye umuhango w’umuganura.
- Amafunguro ya Kigande I Kibeho
- Umuyobozi wungirije w’Intebe y’Inteko y’Umuco yasobanturiye abaturage akamaro ka hantu ndangamateka na ndangamuco.
- Gushyigikira ubukerarugendo buramye kuri Bungwe Queen’s Park
- Gusura imirima y’icyayi muri Nyaruguru
- Huye, Impamvu 5 ukwiriye gusura Bungwe Queen’s Park
- Umuganura 2025, gusura ahantu ndangamateka na ndangamuco
- Umuganura 2025, imihango ikomeye yizihijwe
- Kuzamuka umusozi wa Huye
- Gusura ibisi bya Huye kwa Nyagakecuru
- Ibintu 20 ukwiriye kumenya ku Bwami bwa Bungwe
- Igicumbi Magazine: Mata-Kamena 2025 #Issue3
- Igicumbi Magazine: Mutarama-Werurwe 2025 #Issue2
- Igicumbi Magazine: Nimero Idasanzwe 2024
- Gushyigikira ubukerarugendo burambye I Rwiri
- Gusura Ivubiro rya Huro
- Umuganura 2025, Umuganura ku rwego rw’Igihugu wizihirijwe I Musanze
Imiziririzo: umuntu n’ihene
Umuntu uguze ihene n’undi, iyo bamaze kugura bareba ikiziriko cyayo bakakigabana .Impamvu ni ukugirango iyo hene izororoke, kandi bombo bazatunge. Umuntu iyo yonewe n’ihene, maze akifuza ko nyirayo atayitunga, ukundi, ajyana ihene, igihe ayigejeje iruhande rw’ikigega,...
Imiziririzo: Umuntu n’udusimba
Umuntu uciriye ikibwana cy’imbwa ntareba inyuma ataha ,ngo iyo mbwa yajya yiba bakayica. Kirazira gucisha imbwa mu nsi y’uruhu, kuba ari ukuyibuza kubwagura. Kirazira ko imbwa irigata umuntu, biba ari ukumusurira kuzagwa kure. Imbwa iyo iryamye ku buriri, iba...
Imiziririzo: Umuntu n’Inka
1. Umuntu abona inka zitashye akazicanira bona nubwo haba ari ku manywa, kirazira ko inka zitahira mu kizima,abase baza kuzinyaga ntiziburanwe. 2. Umuntu iyo agiye kurahura umuriro wo gucanira inka, kirazira kurahura ikara rimwe kuba ari ukuzitubya,kuko ikara rimwe...
IMPAMVU ZO GUKUNA,AGAKIZA K’UMWARI WO HAMBERE
Nk’uko habaho imihango,imigenzo n’imiziririzo y’abantu n’ibintu,mu Rwanda rwo hambere, ni na ko habaho n’imihango,imigenzo n’imiziririzo igiye yihariye kuri buri bwoko bw’abantu n’ibintu. Gukuna imwe mu mihango yakorwaga n’igitsina gore,habamo no gukuna/guca...
Umwaka mushya, ingendo nyobokamana wakora muri Mutarama
Kuragiza Imana umwaka mushya ni ikintu cy’ingenzi kuri buri muntu aba agomba gushyira muri gahunda mu mwaka mushya. Ni byiza kureba ingendo nyobokamana wakora, ugahura n’abandi ugasenga, ukereka Imana ibyifuzo, ingamba, gahunda by’umwaka mushya. Urugendo rwo Kwa Yezu...
Kuri Noheli n’Ubunani, ahantu ho gusohokana abana muri Kigali
Ni byiza kumenya ahantu wabasha gusohokana abana muri iki gihe cy’iminsi mikuru, abana bakishima, bakanezerwa, bakamenya ahantu hatandukanye. Ni ahantu n’abantu bakuru bajya bakishimana n’abana! Kandi haba hari ibyo kurya no kunywa. 1.Santas Leisure Park (Kanombe)...
#FestiveSeason2023,Imurika ry’ubugeni n’ubuhanzi wasura muri Kigali
Muri iki gihe cy’iminsi mikuru isoza umwaka no gutangira umwaka mushya ni igihe cyiza ku bantu bakunda ubugeni kubona aho bajya kureba imurika, guhura kuganira n’abandi no kugura impano (ibihangano) batanga. Abanyabugeni nabo ni igihe cyiza cyo gukora no guhura...
Afurika y’Uburasirazuba, inzu ndangamurage wasura
Ibihugu bigize umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba (East Africa Community), aribyo; Kenya, Uganda, Rwanda, Burundi, Tanzania, Sudani y’epfo, Somalie, RDC…. Ni ibihugu bifite amateka menshi, ibihugu bifite abaturage benshi bafite ibyo bahuriyeho mu mibereho, umuco,...
IBIYAGA BIGARI, INZU NDANGAMURAGE WASURA
Ibihugu bigize umuryango w’akarere k’ibiyaga bigari aribyo u Rwanda, Burundi na RDC, ni ibihugu bihurira cyane mu burengerazuba bw’u Rwanda, bugahuzwa n’amazi y’ikiyaga cya Kivu. Ni ibihugu biri mu muryango ukoresha ururimi rw’igifaransa. Ingoro Ndangamurage ya...
Ibintu 22 bikurura abantu muri Afurika
Umugabane wa Afurika ni umugabane ufite ibintu byinshi bikurura abantu, hari ibintu nyaburanga, ahantu ndangamateka, ndangamuco, imiterere kamere yihariye. Afurika ni umugabane ukikijwe n’inyanja y’Ubahinde, inyanja ya Atalatika, inyanja ya Mediterane...