

Kwita Izina 2023, Amazina y’abana 23 b’ibangi
Kuva mu mwaka wa 2005, mu Rwanda haba igikorwa cyo kwita amazina abana b’ingagi baba baravutse. Ni amazina bitwa n’abantu batandukanye bavuye impande zose z’isi bakora mu bikorwabitandukanye; iby’ubukerarugendo, ubushakashatsi, ibyamamare muri politiki, imikino no mu...

Tariki ya 15-19 Ugushyingo 2023, I Kigali hazaba iki?
Hagati yaya matariki, 15-19 Ugushyingo 2023, I Kigali hateganyijwe ibirori bitandukanye. Ni byiza kumenya aho umuntu ashobora kujya wenyine cyangwa, kujyana n’inshuti, gushyigikira umuhanzi ukunda, kujya guhaha ibintu by’ubugeni, kureba filimi n’ibindi A star Is Born...

Dore ibintu 5 wakora mu kwizihiza umunsi wo Kwibohora
Umunsi mukuru wo kwibohora ni umunsi ukomeye mu Rwanda, kuva tariki ya 1-tariki ya 4/Nyakanga aba ari iminsi ikomeye, aba ari iminsi y’ikiruhuko mu gihugu, aho usanga abantu baba bayishimiye. Ni iminsi umunyarwanda wese akwiriye kuzirikana, ifite amateka...

Ibyiza 5 byo gutembera wenyine
Abantu benshi bumva ko iyo watembereye wenyine utabasha kwishima cyangwa ngo uryoherwe. Abantu bakunda gutembera bonyine ( Solo Travels) bagaragaza ko hari ibintu byinshi bishobora kugushimisha wagiye wenyine. Dore ibyiza 5 byo gutembera wenyine. 1.Wunguka...

Ahantu 15 Ndangamuco ukwiriye gusura muri 2024 mu Rwanda.
U Rwanda ni igihugu gifite ahantu ndangamuco henshi hirya no hino mu gihugu kandi heza, habumbatiye amateka y’abanyarwanda n’u Rwanda muri rusange. Ni byiza kuhasura ukamenya ibintu bitandukanye biri mu muco wacu. Uyu mwaka ni umwaka umuntu wese azakoramo ingendo...

Ingoma –ngabe,ikirango cy’u rwanda rwo hambere
“ Mu Rwanda rwo hambere,ikirango cy’igihugu cyari Ingoma-Ngabe” Ingoma-Ngabe ni yo yari Ibendera ry’igihugu,akaba ari na yo yari Nkuru imbere y’umwami n’Umugabekazi.Umurimo wayo ukaba wari uwo kwimika Abami no guhuza Umwami na Rubanda.Icyo twakwibutsa ahangaha,ni...

Abanyamihango b’Ibwami
“I Bwami habaga imihango myinshi ,buri mihango yagiranga abayishizwe” Imirimo yo ku rurembo yabaga ari myinshi,ari na yo bitaga “Imihango”mu mvugo y’ubwiru,ariko iy’ingenzi yajyanaga n’ubwiru,n’ubutegetsi,imanza,itabaro,imibanire y’abagaragu nab a Shebuja,ndetse...

Imwe mu mirwa mikuru y’abami b’u rwanda
Abami b’u Rwanda,bagiraga imirwa mikuru y’igihugu cyabo,ariko iyo mirwa yagendaga ihindagurika,bitewe n’uburyo bagendaga bagaba ibitero byo kwagura igihugu,aho bafashe,hagatuma bimura icyicaro cy’ingoma. Imwe mu mirwa mikuru y’Abami b’u Rwanda,ni iyi ikrikira:...

Rwanda: abami b’ibitekerezo, abami bategetse imyaka isaga 648.
Abami b’ibitekerezo ni abami 22 bazwi neza igihe bategekeye n’ibyabaye ku ngoma zabo. Batangirira kuri Ruganzu I Bwimba(1312) bagaherukira kuri Kigeli V Ndahindurwa(1960). Ni ukuvugako bayoboye u Rwanda imyaka isaga 648. Bakaba barabisikanaga gutya mu Mazina:...

Rwanda, ibintu 20 wamenya ku mwamikazi rosalie gicanda
U Rwanda ni gihugu cyayobowe n’ingoma z’abami igihe kirekire, n’ubwo umwami yagiraga abagore benshi, havagamo umwe akaba Umwamikazi . Umwamikazi nta bubasha yagiraga mu ifatwa ry’ibyemezo, keretse umuhungu we iyo yimaga ingoma, akaba Umugabekazi. Umwamikazi...
- Umuhindo 2025, amaserukiramuco ugomba kwitabira
- Ibisubizo 15 bya Mukunzi Jean De Dieu ku bukerarugendo n’umuco
- Huye, Amasaha 10 I Sovu
- Umuganura 2025, abahanzi basurukije abitabiriye umuhango w’umuganura.
- Amafunguro ya Kigande I Kibeho
- Umuyobozi wungirije w’Intebe y’Inteko y’Umuco yasobanturiye abaturage akamaro ka hantu ndangamateka na ndangamuco.
- Gushyigikira ubukerarugendo buramye kuri Bungwe Queen’s Park
- Gusura imirima y’icyayi muri Nyaruguru
- Huye, Impamvu 5 ukwiriye gusura Bungwe Queen’s Park
- Umuganura 2025, gusura ahantu ndangamateka na ndangamuco
- Umuganura 2025, imihango ikomeye yizihijwe
- Kuzamuka umusozi wa Huye
- Gusura ibisi bya Huye kwa Nyagakecuru
- Ibintu 20 ukwiriye kumenya ku Bwami bwa Bungwe
- Igicumbi Magazine: Mata-Kamena 2025 #Issue3
- Igicumbi Magazine: Mutarama-Werurwe 2025 #Issue2
- Igicumbi Magazine: Nimero Idasanzwe 2024
- Gushyigikira ubukerarugendo burambye I Rwiri
- Gusura Ivubiro rya Huro
- Umuganura 2025, Umuganura ku rwego rw’Igihugu wizihirijwe I Musanze
Kwita Izina 2023, Amazina y’abana 23 b’ibangi
Kuva mu mwaka wa 2005, mu Rwanda haba igikorwa cyo kwita amazina abana b’ingagi baba baravutse. Ni amazina bitwa n’abantu batandukanye bavuye impande zose z’isi bakora mu bikorwabitandukanye; iby’ubukerarugendo, ubushakashatsi, ibyamamare muri politiki, imikino no mu...
Tariki ya 15-19 Ugushyingo 2023, I Kigali hazaba iki?
Hagati yaya matariki, 15-19 Ugushyingo 2023, I Kigali hateganyijwe ibirori bitandukanye. Ni byiza kumenya aho umuntu ashobora kujya wenyine cyangwa, kujyana n’inshuti, gushyigikira umuhanzi ukunda, kujya guhaha ibintu by’ubugeni, kureba filimi n’ibindi A star Is Born...
Dore ibintu 5 wakora mu kwizihiza umunsi wo Kwibohora
Umunsi mukuru wo kwibohora ni umunsi ukomeye mu Rwanda, kuva tariki ya 1-tariki ya 4/Nyakanga aba ari iminsi ikomeye, aba ari iminsi y’ikiruhuko mu gihugu, aho usanga abantu baba bayishimiye. Ni iminsi umunyarwanda wese akwiriye kuzirikana, ifite amateka...
Ibyiza 5 byo gutembera wenyine
Abantu benshi bumva ko iyo watembereye wenyine utabasha kwishima cyangwa ngo uryoherwe. Abantu bakunda gutembera bonyine ( Solo Travels) bagaragaza ko hari ibintu byinshi bishobora kugushimisha wagiye wenyine. Dore ibyiza 5 byo gutembera wenyine. 1.Wunguka...
Ahantu 15 Ndangamuco ukwiriye gusura muri 2024 mu Rwanda.
U Rwanda ni igihugu gifite ahantu ndangamuco henshi hirya no hino mu gihugu kandi heza, habumbatiye amateka y’abanyarwanda n’u Rwanda muri rusange. Ni byiza kuhasura ukamenya ibintu bitandukanye biri mu muco wacu. Uyu mwaka ni umwaka umuntu wese azakoramo ingendo...
Ingoma –ngabe,ikirango cy’u rwanda rwo hambere
“ Mu Rwanda rwo hambere,ikirango cy’igihugu cyari Ingoma-Ngabe” Ingoma-Ngabe ni yo yari Ibendera ry’igihugu,akaba ari na yo yari Nkuru imbere y’umwami n’Umugabekazi.Umurimo wayo ukaba wari uwo kwimika Abami no guhuza Umwami na Rubanda.Icyo twakwibutsa ahangaha,ni...
Abanyamihango b’Ibwami
“I Bwami habaga imihango myinshi ,buri mihango yagiranga abayishizwe” Imirimo yo ku rurembo yabaga ari myinshi,ari na yo bitaga “Imihango”mu mvugo y’ubwiru,ariko iy’ingenzi yajyanaga n’ubwiru,n’ubutegetsi,imanza,itabaro,imibanire y’abagaragu nab a Shebuja,ndetse...
Imwe mu mirwa mikuru y’abami b’u rwanda
Abami b’u Rwanda,bagiraga imirwa mikuru y’igihugu cyabo,ariko iyo mirwa yagendaga ihindagurika,bitewe n’uburyo bagendaga bagaba ibitero byo kwagura igihugu,aho bafashe,hagatuma bimura icyicaro cy’ingoma. Imwe mu mirwa mikuru y’Abami b’u Rwanda,ni iyi ikrikira:...
Rwanda: abami b’ibitekerezo, abami bategetse imyaka isaga 648.
Abami b’ibitekerezo ni abami 22 bazwi neza igihe bategekeye n’ibyabaye ku ngoma zabo. Batangirira kuri Ruganzu I Bwimba(1312) bagaherukira kuri Kigeli V Ndahindurwa(1960). Ni ukuvugako bayoboye u Rwanda imyaka isaga 648. Bakaba barabisikanaga gutya mu Mazina:...
Rwanda, ibintu 20 wamenya ku mwamikazi rosalie gicanda
U Rwanda ni gihugu cyayobowe n’ingoma z’abami igihe kirekire, n’ubwo umwami yagiraga abagore benshi, havagamo umwe akaba Umwamikazi . Umwamikazi nta bubasha yagiraga mu ifatwa ry’ibyemezo, keretse umuhungu we iyo yimaga ingoma, akaba Umugabekazi. Umwamikazi...