Inkomoko y’Urutare rwa Kamegeri
Kamegeri yari umutware ku ngoma ya Mibambwe II Sekarongoro II Gisanura yatwikiwe kuri uru rutare nyuma y’aho asabiye ko abari bagize nabi barujugunywa ho rumaze gucanirwa. Ruherereye mu karere ka Ruhango umurenge wa Ruhango munsi y’umuhanda hagati y’umujyi wa...
Inkomoko y’izina Gisozi
Kuva u Rwanda rwatangira kubaho n’impugu zarwo, hariho agace kitwaga “NTORA “kabarizwaga mu Ngoma y’ u Bwanacyambwe.Nyuma y’aho Umwami KIGELI I MUKOBANYA umuhungu wa Cyilima I Rugweagabye Igitero kibasiye Ingoma y’u Bwanacyambwe , ahasaga mu w’ 1378, kikigarurira...
Inkomoko y’izina Kinyaga
Umwami Rwabugiri yagiye kugaruza ibihugu ageze ku karwa kitwa Nkombo amasha umwambi ugwa ahantu ho mu cyika, bomotse umwambi barawubura kuko nta mwami wasubiraga inyuma. Ageze ku mugezi wa Kirimbi, arahindukira ati ‘Uri kinyaga’. Ni aho izina ‘Kinyaga’...
Inkomoko y’Izina Kigali
Iri zina ry’umurwa mukuru w’u Rwanda rikaba rikomoka ku musozi wa Kigali uzwi nka “Mont Kigali”hagati y’ikinyejana cya 14 na 15 ku ngoma y’umwami Kigeli Mukobanya.Umusozi wa Kigali ( “Mont Kigali”) hari ahu u Bugesera uwitwa Cyilima Rugwe yahatuye ashaka...
Kigali: Ibintu 5 ukwiriye kumenya mu gutegura urugendo mu mujyi wa Kigali
Umujyi wa Kigali ni umurwa mukuru w’u Rwanda kuva mu 1962. Kuva mu mwaka wa 2006, umujyi wa Kigali ugizwe n’uturere dutatu aritwo Gasabo, Nyarugenge na Kicukiro. Umujyi wa Kigali ufite ubuso bungana na kirometero kare 738 (738 km2) ukaba urimo igice cy’umujyi n’igice...
Impamvu 10 zo kuba uri I Kigali mu gihe cy’iminsi Mikuru #FestiveSeason
Igihe cy’iminsi mikuru #FestiveSeason ni igihe cyiza abantu benshi baba bategereje, bishimira gusoza umwaka no gutangira undi. Ni byiza kumenya impamvu ugomba guhitamo kuba uri cyangwa uzagera mu mujyi wa Kigali muri iyo minsi. Impamvu ukwiriye kuba uri I Kigali mu...
Inyuguti 24 z’Ikinyarwanda
Ikinyarwanda kigizwe n'inyuguti 24: a b c d e f g h i j k l m n o p r s t u v w y z Izi nyuguti 24 zirimo ibice 2: Inyajwi 5: a e i o u Ingombajwi (indagi) 19: b c d f g h j k l m n p r s t v w y z
Ingombajwi z’ikinyarwanda
Ingombajwi ni amajwi yitabaza inyajwi kugira ngo avugike neza/ku buryo bwatuye. Ingombajwi z’Ikinyarwanda ni izi zikurikira: b, c, d, f, g, h, j, k, l, m, n, p, r, s, t, v, w, y, z. Iyo zanditswe nk’inyuguti nkuru zandikwa zitya: B, C, D, F, G, H, J, K,...
Amazina bwite y’ikinyarwanda atangizwa n’inyuguti ya L
Libakare Libanje Liberakurora Liboneye Linganwa Linganwe Linguyeneza Liziki Lizinde Lugero Lyambabaje Lyamugwiza Lyamukuru Lyumugabe
Amazina bwite atangizwa n’inyuguti ya T
Taba Tabara Tabaro Tabaruka Tafari Tahaninka Tamba Tambineza Tangamahoro Tanganika Tangimbabazi Tangineza Tebuka Tega Teganeza Teganya Tegayombi Tegeko Tegera Tegereza Tegeri Tegibanze Tegineza Tegura Tegurugori Temahagari Terebula Tereraho Tereyaho Terimbere Tesi...
- Gusoma 2025, ibitabo byasomwe na Ndahimana Gilbert
- Isomero rya Komisiyo y’Igihugu ya UNESCO
- Club Rafiki Community Library
- Kacyiru, igicumbi cy’amasomero akomeye mu Rwanda
- Gusoma ibitabo, uburyo wafashamo umwana gukunda gusoma
- Umwaka wa 2025, ibitabo byashimishije Perezida Obama
- Iminsi 21 yagufasha gukunda gusoma ibitabo uyu mwaka
- Gushakisha Umunyamideli Ukomeye W’u Rwanda Biratangiye
- Igicumbi Magazine :Ukwakira-Ukuboza 2025 #Issue12
- Igicumbi Magazine: FERWAFA Super Cup 2025 #Issue11 Nimero Yihariye.
- Igicumbi Magazine: UCI 2025: Le vélo dans les routes du pays des mille collines.#Issue10 Numéro Spécial!
- Igicumbi Magazine; Umunsi w’Igikundiro 2025 #Issue9 Numero yihariye
- Igicumbi Magazine;Umuganura 2025 #Issue8 Nimero Yihariye
- Rwanda 2026, amarushanwa ya siporo ukwiriye kwitabira mu Rwanda.
- Abanyafurika bahembwe na Tusk muri uyu mwaka 2025
- Igicumbi Magazine; Ubumuntu Arts Festival 2025 #Issue7 Special Cover
- Filimi nyarwanda; Minimals in a Titanic World yerekanywe muri European Film Festival 2025
- Umuganura, ibintu 22 ukwiriye kumenya ku mateka y’umuganura.
- Afurika 2025, imyaka 20 (2005-2025) ya African Parks
- Imyaka 20 (2005-2025) ya Eric Senderi mu muziki mu Rwanda
Inkomoko y’Urutare rwa Kamegeri
Kamegeri yari umutware ku ngoma ya Mibambwe II Sekarongoro II Gisanura yatwikiwe kuri uru rutare nyuma y’aho asabiye ko abari bagize nabi barujugunywa ho rumaze gucanirwa. Ruherereye mu karere ka Ruhango umurenge wa Ruhango munsi y’umuhanda hagati y’umujyi wa...
Inkomoko y’izina Gisozi
Kuva u Rwanda rwatangira kubaho n’impugu zarwo, hariho agace kitwaga “NTORA “kabarizwaga mu Ngoma y’ u Bwanacyambwe.Nyuma y’aho Umwami KIGELI I MUKOBANYA umuhungu wa Cyilima I Rugweagabye Igitero kibasiye Ingoma y’u Bwanacyambwe , ahasaga mu w’ 1378, kikigarurira...
Inkomoko y’izina Kinyaga
Umwami Rwabugiri yagiye kugaruza ibihugu ageze ku karwa kitwa Nkombo amasha umwambi ugwa ahantu ho mu cyika, bomotse umwambi barawubura kuko nta mwami wasubiraga inyuma. Ageze ku mugezi wa Kirimbi, arahindukira ati ‘Uri kinyaga’. Ni aho izina ‘Kinyaga’...
Inkomoko y’Izina Kigali
Iri zina ry’umurwa mukuru w’u Rwanda rikaba rikomoka ku musozi wa Kigali uzwi nka “Mont Kigali”hagati y’ikinyejana cya 14 na 15 ku ngoma y’umwami Kigeli Mukobanya.Umusozi wa Kigali ( “Mont Kigali”) hari ahu u Bugesera uwitwa Cyilima Rugwe yahatuye ashaka...
Kigali: Ibintu 5 ukwiriye kumenya mu gutegura urugendo mu mujyi wa Kigali
Umujyi wa Kigali ni umurwa mukuru w’u Rwanda kuva mu 1962. Kuva mu mwaka wa 2006, umujyi wa Kigali ugizwe n’uturere dutatu aritwo Gasabo, Nyarugenge na Kicukiro. Umujyi wa Kigali ufite ubuso bungana na kirometero kare 738 (738 km2) ukaba urimo igice cy’umujyi n’igice...
Impamvu 10 zo kuba uri I Kigali mu gihe cy’iminsi Mikuru #FestiveSeason
Igihe cy’iminsi mikuru #FestiveSeason ni igihe cyiza abantu benshi baba bategereje, bishimira gusoza umwaka no gutangira undi. Ni byiza kumenya impamvu ugomba guhitamo kuba uri cyangwa uzagera mu mujyi wa Kigali muri iyo minsi. Impamvu ukwiriye kuba uri I Kigali mu...
Inyuguti 24 z’Ikinyarwanda
Ikinyarwanda kigizwe n'inyuguti 24: a b c d e f g h i j k l m n o p r s t u v w y z Izi nyuguti 24 zirimo ibice 2: Inyajwi 5: a e i o u Ingombajwi (indagi) 19: b c d f g h j k l m n p r s t v w y z
Ingombajwi z’ikinyarwanda
Ingombajwi ni amajwi yitabaza inyajwi kugira ngo avugike neza/ku buryo bwatuye. Ingombajwi z’Ikinyarwanda ni izi zikurikira: b, c, d, f, g, h, j, k, l, m, n, p, r, s, t, v, w, y, z. Iyo zanditswe nk’inyuguti nkuru zandikwa zitya: B, C, D, F, G, H, J, K,...
Amazina bwite y’ikinyarwanda atangizwa n’inyuguti ya L
Libakare Libanje Liberakurora Liboneye Linganwa Linganwe Linguyeneza Liziki Lizinde Lugero Lyambabaje Lyamugwiza Lyamukuru Lyumugabe
Amazina bwite atangizwa n’inyuguti ya T
Taba Tabara Tabaro Tabaruka Tafari Tahaninka Tamba Tambineza Tangamahoro Tanganika Tangimbabazi Tangineza Tebuka Tega Teganeza Teganya Tegayombi Tegeko Tegera Tegereza Tegeri Tegibanze Tegineza Tegura Tegurugori Temahagari Terebula Tereraho Tereyaho Terimbere Tesi...

