
UDUCE TWARANGAGA U RWANDA RWA KERA
Kuva u Rwanda rwabaho, ahantu hatandukanye hagiye hagira amazina aharanga, umuntu iyo yava mu karere kamwe akajya mu kandi byafashaga abantu kumenya ako gace. Buri gace kabaga kazwi ibintu bikabonekamo haba ari ubuhinzi, umuco, amateka, imbyino, amashyamba n’ibindi....

IBINTU 17 WAMENYA KU MUNYAMAKURU KALINDA VIATEUR WOGEZAGA UMUPIRA KURI RADIO RWANDA .
Kalinda Viateur yari Umunyarwanda , umunyamakuru wakoraga kuri Radio Rwanda mu ishami ry’imikino. Yavutse mu 1953, avukira mu cyahoze ari Komini Rutare, Segiteri Murehe, ubu akaba ari akarere ka Gicumbi, Umurenge wa Ruvune. Amashuri abanza yayize ahantu hatandukanye...

Igihe cy’umuhindo, amaserukiramuco wakwitabira mu Rwanda
Mu Rwanda, mu igihe cy’umuhindo ni igihe kirangwa n’imvura cyane. Ni igihe cyiza kiberamo amaserukiramuco akomeye mu gihugu. Dore amaserukiramuco wakwitabira: 1.Iwacu Muzika Festival Iserukiramuco ryatangiye mu mwaka wa 2019, ryitabirwa n’abahanzi...

IBYIZA 10 BYO KUNYWA THÉ VERT
Thé Vert (Green Tea) ni icyayi cyizwi cyane I Nyamirambo, abantu bayikunda, bamenke ibyiza byayo baza kuyinywera I Nyamirambo, ahantu hazwiho ubuhanga mu kuyitegura. Ni icyayi kizwi n’uwakinyoye. Thé vert igizwe n’icyayi cyera mu butaka bw’u Rwanda, icyayi...

Afurika y’Uburasirazuba: Amafunguro yihariye yo kurya muri buri gihugu
Ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba (East Africa Community) ni ibihugu bifite amafunguro yihariye, amafunguro meza ateguye neza, amafunguro buri gihugu cyizwiho ko abanyagihugu bacyo bazi kuyategura. Gutembera muri kimwe muri ibi bihugu ni byiza...

Amasaha 9 mu mujyi wa Rubavu Rubavu ni umujyi w’ubukerarugendo mu Rwanda, umujyi ufite ibyiza byiza byo gusura ,ibyiza byinshi byo kureba, umujyi wo kwishimiramo. Ni byiza gupanga uko wasimbukira mu mujyi wa Rubavu, umunsi umwe muri Weekend , ukamenya uko wawutembera...

Nyamirambo, Murinjye Community Flydei buri wa Gatanu w’Umuganda muri OHODI
Buri wa Gatanu usoza ukwezi, Umuryango utegamiye kuri Leta OHODI (One Help One DirectionIhumure) utegura Murinjye Community Flydei, ijoro ry’ubusabane, kumenyana, gusangira, gutarama ku bantu bose. Ni ijoro rya FLYDEI ririmo kwidagadura, kwicara ku muriro abantu...

Impeshyi 2023, amaserukiramuco ukwiriye kwitabira mu Rwanda
Guhera mu mpera za Kamena kugeza muri Nzeri, aba ari igihe cy’impeshyi mu Rwanda, ni igihe haba ibirori bitandukanye, ibitaramo byinshi. Muri iki gihe, haba amaserukiramuco mu mpande zose s’igihugu.Ni byiza ku bantu bakunda imyidagaduro, kumenya amaserukiramuco...

Kwita izina, amaserukiramuco ukwiriye kwitabira muri Musanze
Abantu benshi bamaze kumenyera ko mu kwezi kwa Nzeri buri mwaka haba umuhango wo kwita amazina abana b’ingagi. Mu karere ka Musanze haba hateguwe ibirori bitandukanye bituma abanyamusanze, abatemberamuri ako karere, abaje kwitabira uwo muhango bataza kwicwa n’irungu,...

Gusoza Impeshyi ya 2023, Amaserukiramuco wakwitabira mu Rwanda
Ukwezi kwa Nzeri kuba kwitezweho kurangira kw’ibihe by’izuba mu Rwanda, ni igihe haba hari amaserukiramuco atandukanye, umuntu ashobora kwitabira. Abakunzi b’ibikorwa ndangamuco, imbyino, gutembere, ukwezi kwa Nzeri niumwanya mwiza wo kwidagadura, kwishima. Ikirenga...
- Gusoma 2024, ibitabo byasomwe na Ndahimana Gilbert
- Umwaka mushya 2025, Igitabo gishya cyasohotse ; Le Concept de Safari: Un Cadre Africain Pour les Soins de Fin de Vie
- Ingamba 6 wafata kugirango mwaka mushya uzakubere mwiza.
- Umwaka 2024, Ibitabo byasomwe na Perezida Barack Obama
- Gusura Amasangano ya Nyabarongo na Mukungwa
- Muhanga, ibintu byo gusura mu misozi ya Ndiza
- Gusura ishyamba rya Busaga (Muhanga)
- Kigali, hazaba iki hagati ya 15-31 Mutarama 2025?
- Mutarama 2025, Amaserukiramuco atangije umwaka mushya
- Kwita izina, umuhango umaze imyaka 20 (2005-2024).
- Indashyikirwa 2024, Uwishema Olivier yahawe igihembo cya Diana Award mu buvuzi n’ubwami bw’ubwongereza
- Indashyikirwa 2024, amakipe ya KEPLER na POLICE muri Volleball zatwaye irushanwa ryo Kwizihiza imyaka 30 yo Kwibohora
- Indashyikirwa, Ikipe ya APR WVC yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2023-2024.
- Indashyikirwa, Ikipe ya APR Volleball yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2023-2024
- Indashyikirwa, Ikipe ya REG WBBC yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2024
- Indashyikirwa, Ikipe ya APR BBC yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2024
- Amagambo y ikinyarwanda yashyizwe mu Inkoranyamagambo ya Oxford
- 2024, Intore z’u Rwanda zashyizwe mu murage ndangamuco Udafatika ku isi
- 2024, imirage nyafurika itatu yashyizwe ku rutonde rw’imirage ndangamuco idafatika ku isi
- Iminsi Mikuru, gahunda yo gutega imodoka
UDUCE TWARANGAGA U RWANDA RWA KERA
Kuva u Rwanda rwabaho, ahantu hatandukanye hagiye hagira amazina aharanga, umuntu iyo yava mu karere kamwe akajya mu kandi byafashaga abantu kumenya ako gace. Buri gace kabaga kazwi ibintu bikabonekamo haba ari ubuhinzi, umuco, amateka, imbyino, amashyamba n’ibindi....
IBINTU 17 WAMENYA KU MUNYAMAKURU KALINDA VIATEUR WOGEZAGA UMUPIRA KURI RADIO RWANDA .
Kalinda Viateur yari Umunyarwanda , umunyamakuru wakoraga kuri Radio Rwanda mu ishami ry’imikino. Yavutse mu 1953, avukira mu cyahoze ari Komini Rutare, Segiteri Murehe, ubu akaba ari akarere ka Gicumbi, Umurenge wa Ruvune. Amashuri abanza yayize ahantu hatandukanye...
Igihe cy’umuhindo, amaserukiramuco wakwitabira mu Rwanda
Mu Rwanda, mu igihe cy’umuhindo ni igihe kirangwa n’imvura cyane. Ni igihe cyiza kiberamo amaserukiramuco akomeye mu gihugu. Dore amaserukiramuco wakwitabira: 1.Iwacu Muzika Festival Iserukiramuco ryatangiye mu mwaka wa 2019, ryitabirwa n’abahanzi...
IBYIZA 10 BYO KUNYWA THÉ VERT
Thé Vert (Green Tea) ni icyayi cyizwi cyane I Nyamirambo, abantu bayikunda, bamenke ibyiza byayo baza kuyinywera I Nyamirambo, ahantu hazwiho ubuhanga mu kuyitegura. Ni icyayi kizwi n’uwakinyoye. Thé vert igizwe n’icyayi cyera mu butaka bw’u Rwanda, icyayi...
Afurika y’Uburasirazuba: Amafunguro yihariye yo kurya muri buri gihugu
Ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba (East Africa Community) ni ibihugu bifite amafunguro yihariye, amafunguro meza ateguye neza, amafunguro buri gihugu cyizwiho ko abanyagihugu bacyo bazi kuyategura. Gutembera muri kimwe muri ibi bihugu ni byiza...
Amasaha 9 mu mujyi wa Rubavu Rubavu ni umujyi w’ubukerarugendo mu Rwanda, umujyi ufite ibyiza byiza byo gusura ,ibyiza byinshi byo kureba, umujyi wo kwishimiramo. Ni byiza gupanga uko wasimbukira mu mujyi wa Rubavu, umunsi umwe muri Weekend , ukamenya uko wawutembera...
Nyamirambo, Murinjye Community Flydei buri wa Gatanu w’Umuganda muri OHODI
Buri wa Gatanu usoza ukwezi, Umuryango utegamiye kuri Leta OHODI (One Help One DirectionIhumure) utegura Murinjye Community Flydei, ijoro ry’ubusabane, kumenyana, gusangira, gutarama ku bantu bose. Ni ijoro rya FLYDEI ririmo kwidagadura, kwicara ku muriro abantu...
Impeshyi 2023, amaserukiramuco ukwiriye kwitabira mu Rwanda
Guhera mu mpera za Kamena kugeza muri Nzeri, aba ari igihe cy’impeshyi mu Rwanda, ni igihe haba ibirori bitandukanye, ibitaramo byinshi. Muri iki gihe, haba amaserukiramuco mu mpande zose s’igihugu.Ni byiza ku bantu bakunda imyidagaduro, kumenya amaserukiramuco...
Kwita izina, amaserukiramuco ukwiriye kwitabira muri Musanze
Abantu benshi bamaze kumenyera ko mu kwezi kwa Nzeri buri mwaka haba umuhango wo kwita amazina abana b’ingagi. Mu karere ka Musanze haba hateguwe ibirori bitandukanye bituma abanyamusanze, abatemberamuri ako karere, abaje kwitabira uwo muhango bataza kwicwa n’irungu,...
Gusoza Impeshyi ya 2023, Amaserukiramuco wakwitabira mu Rwanda
Ukwezi kwa Nzeri kuba kwitezweho kurangira kw’ibihe by’izuba mu Rwanda, ni igihe haba hari amaserukiramuco atandukanye, umuntu ashobora kwitabira. Abakunzi b’ibikorwa ndangamuco, imbyino, gutembere, ukwezi kwa Nzeri niumwanya mwiza wo kwidagadura, kwishima. Ikirenga...