

1917,abasaseridoti mu rwanda
Abanyarwanda ntibari barigeze baca iryera abasaseridoti kugeza mu kinyejana cya 20 ubwo abamisiyoneri babazaniye inkuru nziza y’umukiro mu Rwagasabo. Abasaseridoti batatu b’Abamisiyoneri b’Afurika(bazwi ku izina ry’Abapadiri bera),aribo nyuma biswe izina rya...

Abasirikare 15 b’umuryango w’abibumbye baguye mu rwanda mu gihe cya jenoside yakorewe abatutsi mu 1994

Ifunguro rya kinyarwanda 100/% muri musanze
Musanze ni akarere kari mu ntara y’amajyaruguru,ku birenge by’ibirunga,niko karere gakora cyane ku birunga.Gafite ibyiza byinshi kuko uretse ibyo birunga bicumbikiye ingagi,kagira ubuvumo bunini. Ni ahantu hihariye,haba amafunguro aranga ako karere k’ibirunga...

Ingagi zikomeje kubugwabugwa mu rwanda
U Rwanda ni igihugu gikomeje kuba intangarugero mu kubungabuga ibikorwa by’ibidukikije harimo inyamaswa,amashyamba,imigezi n’ibindi. Ni muri urwo rwego,ingagi zo mu Rwanda ,ziba mu misozi mirermire,arizo zonyine zisigaye ku isi,zikomeje kwitabwaho zibugwabugwa muburyo...

Uwimana Sylvie ni umunyarwandakazi warangije amashuri yisumbuye akora muri Restaurant Hello Fast Food iherereye I Nyamirambo.
Akunda gutembera, gusenga no gukora siporo yo kwiruka Ni hehe watembereye mu Rwanda? Natembereye I Nyanza mu majyepfo y’u Rwanda Ni uwuhe muntu cyangwa ikintu mu mateka y’u Rwanda ukunda cyangwa uzirikana? Mu mateka y’u Rwanda nkunda kuzirikana imihango yakorwaga iyo...

Ruzigana Jerome ni umusore w’umunyarwanda warangije amashuri ya Kaminuza mu ikoranabuhanga
Ruzigana Jerome ni umusore w’umunyarwanda warangije amashuri ya Kaminuza mu ikoranabuhanga(Computer Science) akaba akora mu kigo cya ISCO mu ishami ryo gutanga internet. Ruzigana akaba akunda gukora, agakunda umutuzo,kubaho afite amahoro nta muntu bafitanye...

Munyakazi Deo,umuhanzi nyarwanda ucurangisha Inanga,igicurangisho cya gakondo.
Watangiye gucuranga muri 2012,akaba amaze kumenyekana hano mu Rwanda, muri Afurika ndetse no kuyindi migabane y’isi.Akaba yararangije kaminuza aho yize indimi zigezweho (modern languages) mu ishami ry’Ubuhanzi n’Ubugeni(Arts and Creative industries)....

Mudacumura Filston ni umunyarwanda,umwanditsi,rwiyemezamirimo washinze Inzu itangazibitabo(Mudacumura Publishing House).
Yize muri kaminuza nkuru y’u Rwanda(Huye) mu ishami rya Book Publishing,amaze imyaka 4 muri uru ruganda rwo gutangaza ibitabo.Filston akunda amahoro n’urukundo. Dore ikiganiro yagiranye na igicumbi.com Ni hehe watembereye mu Rwanda? Natembereye muri Pariki y’ ibirunga...

Niyitegeka Isaie ni umunyarwanda ukora umwunga wo gutwara abagenzi kuri moto.
Akaba amaze imyaka 2 atwara abagenzi,arubatse kandi atuye muri Kigali. Mu bintu akunda harimo gukora siporo no gusenga. Dore ikiganiro yagiranye na igicumbi.com Ni hehe watembereye mu Rwanda? Natembereye I Rulindo aho bita ku kirenge cya Ruganzu. Ni uwuhe muntu...

Ahmed Twahirwa ni umunyarwanda ukora akazi k’uburezi mu kigo cy’amashuri cya Essi Nyamirambo(Ecole secondaire Scientifique Islamique.
Akunda imikino cyane ,akaba umufana wa Rayon Sport.Mu bantu bikitegererezo be harimo Intumwa y’Imana Muhamad ndetse na Thomas Sankara. Dore ikiganiro yagiranye na igicumbi.com: Ni hehe watembereye mu Rwanda? Natembereye ahantu henshi mu gihugu harimo...
- Umuhindo 2025, amaserukiramuco ugomba kwitabira
- Ibisubizo 15 bya Mukunzi Jean De Dieu ku bukerarugendo n’umuco
- Huye, Amasaha 10 I Sovu
- Umuganura 2025, abahanzi basurukije abitabiriye umuhango w’umuganura.
- Amafunguro ya Kigande I Kibeho
- Umuyobozi wungirije w’Intebe y’Inteko y’Umuco yasobanturiye abaturage akamaro ka hantu ndangamateka na ndangamuco.
- Gushyigikira ubukerarugendo buramye kuri Bungwe Queen’s Park
- Gusura imirima y’icyayi muri Nyaruguru
- Huye, Impamvu 5 ukwiriye gusura Bungwe Queen’s Park
- Umuganura 2025, gusura ahantu ndangamateka na ndangamuco
- Umuganura 2025, imihango ikomeye yizihijwe
- Kuzamuka umusozi wa Huye
- Gusura ibisi bya Huye kwa Nyagakecuru
- Ibintu 20 ukwiriye kumenya ku Bwami bwa Bungwe
- Igicumbi Magazine: Mata-Kamena 2025 #Issue3
- Igicumbi Magazine: Mutarama-Werurwe 2025 #Issue2
- Igicumbi Magazine: Nimero Idasanzwe 2024
- Gushyigikira ubukerarugendo burambye I Rwiri
- Gusura Ivubiro rya Huro
- Umuganura 2025, Umuganura ku rwego rw’Igihugu wizihirijwe I Musanze
1917,abasaseridoti mu rwanda
Abanyarwanda ntibari barigeze baca iryera abasaseridoti kugeza mu kinyejana cya 20 ubwo abamisiyoneri babazaniye inkuru nziza y’umukiro mu Rwagasabo. Abasaseridoti batatu b’Abamisiyoneri b’Afurika(bazwi ku izina ry’Abapadiri bera),aribo nyuma biswe izina rya...
Abasirikare 15 b’umuryango w’abibumbye baguye mu rwanda mu gihe cya jenoside yakorewe abatutsi mu 1994
Ifunguro rya kinyarwanda 100/% muri musanze
Musanze ni akarere kari mu ntara y’amajyaruguru,ku birenge by’ibirunga,niko karere gakora cyane ku birunga.Gafite ibyiza byinshi kuko uretse ibyo birunga bicumbikiye ingagi,kagira ubuvumo bunini. Ni ahantu hihariye,haba amafunguro aranga ako karere k’ibirunga...
Ingagi zikomeje kubugwabugwa mu rwanda
U Rwanda ni igihugu gikomeje kuba intangarugero mu kubungabuga ibikorwa by’ibidukikije harimo inyamaswa,amashyamba,imigezi n’ibindi. Ni muri urwo rwego,ingagi zo mu Rwanda ,ziba mu misozi mirermire,arizo zonyine zisigaye ku isi,zikomeje kwitabwaho zibugwabugwa muburyo...
Uwimana Sylvie ni umunyarwandakazi warangije amashuri yisumbuye akora muri Restaurant Hello Fast Food iherereye I Nyamirambo.
Akunda gutembera, gusenga no gukora siporo yo kwiruka Ni hehe watembereye mu Rwanda? Natembereye I Nyanza mu majyepfo y’u Rwanda Ni uwuhe muntu cyangwa ikintu mu mateka y’u Rwanda ukunda cyangwa uzirikana? Mu mateka y’u Rwanda nkunda kuzirikana imihango yakorwaga iyo...
Ruzigana Jerome ni umusore w’umunyarwanda warangije amashuri ya Kaminuza mu ikoranabuhanga
Ruzigana Jerome ni umusore w’umunyarwanda warangije amashuri ya Kaminuza mu ikoranabuhanga(Computer Science) akaba akora mu kigo cya ISCO mu ishami ryo gutanga internet. Ruzigana akaba akunda gukora, agakunda umutuzo,kubaho afite amahoro nta muntu bafitanye...
Munyakazi Deo,umuhanzi nyarwanda ucurangisha Inanga,igicurangisho cya gakondo.
Watangiye gucuranga muri 2012,akaba amaze kumenyekana hano mu Rwanda, muri Afurika ndetse no kuyindi migabane y’isi.Akaba yararangije kaminuza aho yize indimi zigezweho (modern languages) mu ishami ry’Ubuhanzi n’Ubugeni(Arts and Creative industries)....
Mudacumura Filston ni umunyarwanda,umwanditsi,rwiyemezamirimo washinze Inzu itangazibitabo(Mudacumura Publishing House).
Yize muri kaminuza nkuru y’u Rwanda(Huye) mu ishami rya Book Publishing,amaze imyaka 4 muri uru ruganda rwo gutangaza ibitabo.Filston akunda amahoro n’urukundo. Dore ikiganiro yagiranye na igicumbi.com Ni hehe watembereye mu Rwanda? Natembereye muri Pariki y’ ibirunga...
Niyitegeka Isaie ni umunyarwanda ukora umwunga wo gutwara abagenzi kuri moto.
Akaba amaze imyaka 2 atwara abagenzi,arubatse kandi atuye muri Kigali. Mu bintu akunda harimo gukora siporo no gusenga. Dore ikiganiro yagiranye na igicumbi.com Ni hehe watembereye mu Rwanda? Natembereye I Rulindo aho bita ku kirenge cya Ruganzu. Ni uwuhe muntu...
Ahmed Twahirwa ni umunyarwanda ukora akazi k’uburezi mu kigo cy’amashuri cya Essi Nyamirambo(Ecole secondaire Scientifique Islamique.
Akunda imikino cyane ,akaba umufana wa Rayon Sport.Mu bantu bikitegererezo be harimo Intumwa y’Imana Muhamad ndetse na Thomas Sankara. Dore ikiganiro yagiranye na igicumbi.com: Ni hehe watembereye mu Rwanda? Natembereye ahantu henshi mu gihugu harimo...