UDUCE TWARANGAGA U RWANDA RWA KERA
Kuva u Rwanda rwabaho, ahantu hatandukanye hagiye hagira amazina aharanga, umuntu iyo yava mu karere kamwe akajya mu kandi byafashaga abantu kumenya ako gace. Buri gace kabaga kazwi ibintu bikabonekamo haba ari ubuhinzi, umuco, amateka, imbyino, amashyamba n’ibindi....
IBINTU 17 WAMENYA KU MUNYAMAKURU KALINDA VIATEUR WOGEZAGA UMUPIRA KURI RADIO RWANDA .
Kalinda Viateur yari Umunyarwanda , umunyamakuru wakoraga kuri Radio Rwanda mu ishami ry’imikino. Yavutse mu 1953, avukira mu cyahoze ari Komini Rutare, Segiteri Murehe, ubu akaba ari akarere ka Gicumbi, Umurenge wa Ruvune. Amashuri abanza yayize ahantu hatandukanye...
Igihe cy’umuhindo, amaserukiramuco wakwitabira mu Rwanda
Mu Rwanda, mu igihe cy’umuhindo ni igihe kirangwa n’imvura cyane. Ni igihe cyiza kiberamo amaserukiramuco akomeye mu gihugu. Dore amaserukiramuco wakwitabira: 1.Iwacu Muzika Festival Iserukiramuco ryatangiye mu mwaka wa 2019, ryitabirwa n’abahanzi...
IBYIZA 10 BYO KUNYWA THÉ VERT
Thé Vert (Green Tea) ni icyayi cyizwi cyane I Nyamirambo, abantu bayikunda, bamenke ibyiza byayo baza kuyinywera I Nyamirambo, ahantu hazwiho ubuhanga mu kuyitegura. Ni icyayi kizwi n’uwakinyoye. Thé vert igizwe n’icyayi cyera mu butaka bw’u Rwanda, icyayi...
Afurika y’Uburasirazuba: Amafunguro yihariye yo kurya muri buri gihugu
Ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba (East Africa Community) ni ibihugu bifite amafunguro yihariye, amafunguro meza ateguye neza, amafunguro buri gihugu cyizwiho ko abanyagihugu bacyo bazi kuyategura. Gutembera muri kimwe muri ibi bihugu ni byiza...
Amasaha 9 mu mujyi wa Rubavu Rubavu ni umujyi w’ubukerarugendo mu Rwanda, umujyi ufite ibyiza byiza byo gusura ,ibyiza byinshi byo kureba, umujyi wo kwishimiramo. Ni byiza gupanga uko wasimbukira mu mujyi wa Rubavu, umunsi umwe muri Weekend , ukamenya uko wawutembera...
Nyamirambo, Murinjye Community Flydei buri wa Gatanu w’Umuganda muri OHODI
Buri wa Gatanu usoza ukwezi, Umuryango utegamiye kuri Leta OHODI (One Help One DirectionIhumure) utegura Murinjye Community Flydei, ijoro ry’ubusabane, kumenyana, gusangira, gutarama ku bantu bose. Ni ijoro rya FLYDEI ririmo kwidagadura, kwicara ku muriro abantu...
Impeshyi 2023, amaserukiramuco ukwiriye kwitabira mu Rwanda
Guhera mu mpera za Kamena kugeza muri Nzeri, aba ari igihe cy’impeshyi mu Rwanda, ni igihe haba ibirori bitandukanye, ibitaramo byinshi. Muri iki gihe, haba amaserukiramuco mu mpande zose s’igihugu.Ni byiza ku bantu bakunda imyidagaduro, kumenya amaserukiramuco...
Kwita izina, amaserukiramuco ukwiriye kwitabira muri Musanze
Abantu benshi bamaze kumenyera ko mu kwezi kwa Nzeri buri mwaka haba umuhango wo kwita amazina abana b’ingagi. Mu karere ka Musanze haba hateguwe ibirori bitandukanye bituma abanyamusanze, abatemberamuri ako karere, abaje kwitabira uwo muhango bataza kwicwa n’irungu,...
Gusoza Impeshyi ya 2023, Amaserukiramuco wakwitabira mu Rwanda
Ukwezi kwa Nzeri kuba kwitezweho kurangira kw’ibihe by’izuba mu Rwanda, ni igihe haba hari amaserukiramuco atandukanye, umuntu ashobora kwitabira. Abakunzi b’ibikorwa ndangamuco, imbyino, gutembere, ukwezi kwa Nzeri niumwanya mwiza wo kwidagadura, kwishima. Ikirenga...
- Rwanda 2026, amarushanwa ya siporo ukwiriye kwitabira mu Rwanda.
- Abanyafurika bahembwe na Tusk muri uyu mwaka 2025
- Filimi nyarwanda; Minimals in a Titanic World yerekanywe muri European Film Festival 2025
- Umuganura, ibintu 22 ukwiriye kumenya ku mateka y’umuganura.
- Afurika 2025, imyaka 20 (2005-2025) ya African Parks
- Imyaka 20 (2005-2025) ya Eric Senderi mu muziki mu Rwanda
- Filimi,abanyarwanda 15 bagize komite ya OSCARS mu Rwanda
- Ibintu 12 wamenya ku gikomangomakazi Spéciose Mukabayojo
- Kiliziya 1990, Papa Jean Paul II mu Rwanda
- Kiliziya 2020, umukaridinali wa mbere w’umunyarwanda
- Kiliziya 1900, Misiyoni ya mbere mu Rwanda
- Kiliziya 1952, umwepisikopi wa mbere w’umunyarwanda
- UNESCO 2025, imijyi yashyizwe ku rutonde rwa Global Network of Learning Cities
- Kiliziya 1917 , abapadiri ba mbere b’abanyarwanda
- Igicumbi Magazine: A Memorable Summer in Rwanda 2025. Special cover 2025 #ISSUE6.
- Umuganura, ibintu 22 ukwiriye kumenya ku mateka y’umuganura.
- Unesco yabonye umuyobozi mushya 2025.
- Inama ku mushahara wawe.
- Kwita izina 2025, abise izina abana b’ingagi ku nshuro ya 20 (2005-2025)
- Imyaka 8 (2017-2025) , Audrey Azoulay ayobora UNESCO
UDUCE TWARANGAGA U RWANDA RWA KERA
Kuva u Rwanda rwabaho, ahantu hatandukanye hagiye hagira amazina aharanga, umuntu iyo yava mu karere kamwe akajya mu kandi byafashaga abantu kumenya ako gace. Buri gace kabaga kazwi ibintu bikabonekamo haba ari ubuhinzi, umuco, amateka, imbyino, amashyamba n’ibindi....
IBINTU 17 WAMENYA KU MUNYAMAKURU KALINDA VIATEUR WOGEZAGA UMUPIRA KURI RADIO RWANDA .
Kalinda Viateur yari Umunyarwanda , umunyamakuru wakoraga kuri Radio Rwanda mu ishami ry’imikino. Yavutse mu 1953, avukira mu cyahoze ari Komini Rutare, Segiteri Murehe, ubu akaba ari akarere ka Gicumbi, Umurenge wa Ruvune. Amashuri abanza yayize ahantu hatandukanye...
Igihe cy’umuhindo, amaserukiramuco wakwitabira mu Rwanda
Mu Rwanda, mu igihe cy’umuhindo ni igihe kirangwa n’imvura cyane. Ni igihe cyiza kiberamo amaserukiramuco akomeye mu gihugu. Dore amaserukiramuco wakwitabira: 1.Iwacu Muzika Festival Iserukiramuco ryatangiye mu mwaka wa 2019, ryitabirwa n’abahanzi...
IBYIZA 10 BYO KUNYWA THÉ VERT
Thé Vert (Green Tea) ni icyayi cyizwi cyane I Nyamirambo, abantu bayikunda, bamenke ibyiza byayo baza kuyinywera I Nyamirambo, ahantu hazwiho ubuhanga mu kuyitegura. Ni icyayi kizwi n’uwakinyoye. Thé vert igizwe n’icyayi cyera mu butaka bw’u Rwanda, icyayi...
Afurika y’Uburasirazuba: Amafunguro yihariye yo kurya muri buri gihugu
Ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba (East Africa Community) ni ibihugu bifite amafunguro yihariye, amafunguro meza ateguye neza, amafunguro buri gihugu cyizwiho ko abanyagihugu bacyo bazi kuyategura. Gutembera muri kimwe muri ibi bihugu ni byiza...
Amasaha 9 mu mujyi wa Rubavu Rubavu ni umujyi w’ubukerarugendo mu Rwanda, umujyi ufite ibyiza byiza byo gusura ,ibyiza byinshi byo kureba, umujyi wo kwishimiramo. Ni byiza gupanga uko wasimbukira mu mujyi wa Rubavu, umunsi umwe muri Weekend , ukamenya uko wawutembera...
Nyamirambo, Murinjye Community Flydei buri wa Gatanu w’Umuganda muri OHODI
Buri wa Gatanu usoza ukwezi, Umuryango utegamiye kuri Leta OHODI (One Help One DirectionIhumure) utegura Murinjye Community Flydei, ijoro ry’ubusabane, kumenyana, gusangira, gutarama ku bantu bose. Ni ijoro rya FLYDEI ririmo kwidagadura, kwicara ku muriro abantu...
Impeshyi 2023, amaserukiramuco ukwiriye kwitabira mu Rwanda
Guhera mu mpera za Kamena kugeza muri Nzeri, aba ari igihe cy’impeshyi mu Rwanda, ni igihe haba ibirori bitandukanye, ibitaramo byinshi. Muri iki gihe, haba amaserukiramuco mu mpande zose s’igihugu.Ni byiza ku bantu bakunda imyidagaduro, kumenya amaserukiramuco...
Kwita izina, amaserukiramuco ukwiriye kwitabira muri Musanze
Abantu benshi bamaze kumenyera ko mu kwezi kwa Nzeri buri mwaka haba umuhango wo kwita amazina abana b’ingagi. Mu karere ka Musanze haba hateguwe ibirori bitandukanye bituma abanyamusanze, abatemberamuri ako karere, abaje kwitabira uwo muhango bataza kwicwa n’irungu,...
Gusoza Impeshyi ya 2023, Amaserukiramuco wakwitabira mu Rwanda
Ukwezi kwa Nzeri kuba kwitezweho kurangira kw’ibihe by’izuba mu Rwanda, ni igihe haba hari amaserukiramuco atandukanye, umuntu ashobora kwitabira. Abakunzi b’ibikorwa ndangamuco, imbyino, gutembere, ukwezi kwa Nzeri niumwanya mwiza wo kwidagadura, kwishima. Ikirenga...

