Kwibuka 30, abaminisitiri b’intebe b’ibihugu baje mu muhango wo kwibuka Jenoside Yakorewe abatutsi muri Mata 1994.
Tariki ya 7 Mata 1994-Tariki ya 7 Mata 2024. Imyaka 30 irashize mu Rwanda habaye jenoside yakorewe abatutsi. Dore abaminisitiri b’intebe baje bahagarariye ibihugu byabo mu kwifatanya n’abanyarwanda. Minisitiri w’Intebe Abiy Ahmed (Ethiopie) Minisitiri w’Intebe Raymond...
Kwibuka 30, abakuru b’ibihugu baje mu muhango wo kwibuka Jenoside Yakorewe abatutsi muri Mata 1994.
Tariki ya 7 Mata 1994 -Tariki ya 7 Mata 2024. Imyaka 30 irashize mu Rwanda habaye jenoside yakorewe abatutsi. Dore abakuru b’ibihugu baje kwifatanya n’abanyarwanda. 1.Mohamed Ould Ghazouani (Mauritanie) 2.Andry Nirina Rajoelina (Madagascar) 3. Cyril Ramaphosa (South...
#Kwibuka30, ijambo Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze mu muhango wo kwibuka imyaka 30 ishize habaye Jenoside Yakorewe Abatutsi Muri Mata 1994.
Today, our hearts are filled with grief and gratitude in equal measure. We remember our dead, and are also grateful for what Rwanda has become. To the survivors among us, we are in your debt. We asked you to do the impossible by carrying the burden of reconciliation...
1978-1980! Imirage 21 y’Isi ya Mbere muri Afurika
Mu mwaka wa 1977, nibwo habaye inama ya mbere ya Komite Ishinzwe Gushyira Imirage ku rwego rw’Isi (World Heritage Committee). Nyuma yaho hagiye haba inama buri mwaka zo kwiga, gushyira imirage ku rwego rw’isi, kuyisigasira, kuyirinda aho iherereye hirya no hino ku...
UMUGANI WA” NGOMA YA SACYEGA”
Sacyega yari umuhannyi w'ibwami, akagira abagore babiri. Umugore muto abyara abakobwa gusa, umukuru abyara umwana umwe w'umuhungu witwa Ngoma. Sacyega yatoneshaga umugore wabyaye abakobwa, ntiyite kuri nyina wa Ngoma kandi uwo muhungu ari we waragiraga inka za se...
Ibintu 15 utari Uzi ku muhanzi Lucky Dube
Lucky Philip Dube yabaye umuhanzi wamamaye cyane munjyana ya League, akaba yarakunzwe cyane kuko indirimbo ze zari ziganjemo ubutumwa bw'amahoro no kurwanya ivangura rishingiye kuruhu rya korerwaga abanyafurika mu myaka ya 1980. Nkuko tubikesha urubuga rwa murandasi...
IBINTU 5 UKWIRIYE GUKORA MURI RUBAVU
Rubavu ni umujyi wahoze witwa Gisenyi, uherereye mu burengerazuba bw’u Rwanda ukaba uhana imbibi n’umujyi wa Goma muri RDC. Uvuye i Kigali hareshya ni ibirometero 144, bihwanye n’amasaha 3 ukaba uca mu turere twa Rulindo-Gakenke-Musanze-Nyabihu .Ukaba...
Kigali, Ibintu 13 by’ingenzi byo gukora mu mujyi rwagati
Hazwi nk’I Nyarugenge, I Nyarurembo, mu marembo y’u Rwanda, mu mujyi rwa gati hari ahantu henshi heza; ahantu ho kuruhukira, gusura, gutemberera, gukinira, kwigira, kuganirira n’ibindi. Ni ahantu umuntu wese akwiriye kumenya, mu gihe uje mu mujyi ufite akanya, ushaka...
Afurika! Imirage 12 y’isi ya mbere muri Afurika
Mu mwaka wa 1977, nibwo habaye inama ya mbere ya Komite Ishinzwe Gushyira Imirage ku rwego rw’Isi (World Heritage Committee). Hagiye haba inama buri mwaka zo kwiga, gushyira imirage ku rwego rw’isi, kuyisigasira, kuyirinda aho iherereye hirya no hino ku isi....
1978, Imirage y’Afurika Yagiye mu Mirage y’Isi
Mu nama ya kabiri yabaye 5-8 Nzeri 1978 I Washington (USA ) Komite Ishinzwe Gushyira Imirage y’Ibihugu ku Rwego rw’Isi (World Heritage Committee), yashyize imirage itatu yo muri afurika ku rwego rw’isi. 1. Ikirwa cya Gorée (île de Gorée-Senegal) Ikirwa cya...
- Rwanda 2026, amarushanwa ya siporo ukwiriye kwitabira mu Rwanda.
- Abanyafurika bahembwe na Tusk muri uyu mwaka 2025
- Filimi nyarwanda; Minimals in a Titanic World yerekanywe muri European Film Festival 2025
- Umuganura, ibintu 22 ukwiriye kumenya ku mateka y’umuganura.
- Afurika 2025, imyaka 20 (2005-2025) ya African Parks
- Imyaka 20 (2005-2025) ya Eric Senderi mu muziki mu Rwanda
- Filimi,abanyarwanda 15 bagize komite ya OSCARS mu Rwanda
- Ibintu 12 wamenya ku gikomangomakazi Spéciose Mukabayojo
- Kiliziya 1990, Papa Jean Paul II mu Rwanda
- Kiliziya 2020, umukaridinali wa mbere w’umunyarwanda
- Kiliziya 1900, Misiyoni ya mbere mu Rwanda
- Kiliziya 1952, umwepisikopi wa mbere w’umunyarwanda
- UNESCO 2025, imijyi yashyizwe ku rutonde rwa Global Network of Learning Cities
- Kiliziya 1917 , abapadiri ba mbere b’abanyarwanda
- Igicumbi Magazine: A Memorable Summer in Rwanda 2025. Special cover 2025 #ISSUE6.
- Umuganura, ibintu 22 ukwiriye kumenya ku mateka y’umuganura.
- Unesco yabonye umuyobozi mushya 2025.
- Inama ku mushahara wawe.
- Kwita izina 2025, abise izina abana b’ingagi ku nshuro ya 20 (2005-2025)
- Imyaka 8 (2017-2025) , Audrey Azoulay ayobora UNESCO
Kwibuka 30, abaminisitiri b’intebe b’ibihugu baje mu muhango wo kwibuka Jenoside Yakorewe abatutsi muri Mata 1994.
Tariki ya 7 Mata 1994-Tariki ya 7 Mata 2024. Imyaka 30 irashize mu Rwanda habaye jenoside yakorewe abatutsi. Dore abaminisitiri b’intebe baje bahagarariye ibihugu byabo mu kwifatanya n’abanyarwanda. Minisitiri w’Intebe Abiy Ahmed (Ethiopie) Minisitiri w’Intebe Raymond...
Kwibuka 30, abakuru b’ibihugu baje mu muhango wo kwibuka Jenoside Yakorewe abatutsi muri Mata 1994.
Tariki ya 7 Mata 1994 -Tariki ya 7 Mata 2024. Imyaka 30 irashize mu Rwanda habaye jenoside yakorewe abatutsi. Dore abakuru b’ibihugu baje kwifatanya n’abanyarwanda. 1.Mohamed Ould Ghazouani (Mauritanie) 2.Andry Nirina Rajoelina (Madagascar) 3. Cyril Ramaphosa (South...
#Kwibuka30, ijambo Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze mu muhango wo kwibuka imyaka 30 ishize habaye Jenoside Yakorewe Abatutsi Muri Mata 1994.
Today, our hearts are filled with grief and gratitude in equal measure. We remember our dead, and are also grateful for what Rwanda has become. To the survivors among us, we are in your debt. We asked you to do the impossible by carrying the burden of reconciliation...
1978-1980! Imirage 21 y’Isi ya Mbere muri Afurika
Mu mwaka wa 1977, nibwo habaye inama ya mbere ya Komite Ishinzwe Gushyira Imirage ku rwego rw’Isi (World Heritage Committee). Nyuma yaho hagiye haba inama buri mwaka zo kwiga, gushyira imirage ku rwego rw’isi, kuyisigasira, kuyirinda aho iherereye hirya no hino ku...
UMUGANI WA” NGOMA YA SACYEGA”
Sacyega yari umuhannyi w'ibwami, akagira abagore babiri. Umugore muto abyara abakobwa gusa, umukuru abyara umwana umwe w'umuhungu witwa Ngoma. Sacyega yatoneshaga umugore wabyaye abakobwa, ntiyite kuri nyina wa Ngoma kandi uwo muhungu ari we waragiraga inka za se...
Ibintu 15 utari Uzi ku muhanzi Lucky Dube
Lucky Philip Dube yabaye umuhanzi wamamaye cyane munjyana ya League, akaba yarakunzwe cyane kuko indirimbo ze zari ziganjemo ubutumwa bw'amahoro no kurwanya ivangura rishingiye kuruhu rya korerwaga abanyafurika mu myaka ya 1980. Nkuko tubikesha urubuga rwa murandasi...
IBINTU 5 UKWIRIYE GUKORA MURI RUBAVU
Rubavu ni umujyi wahoze witwa Gisenyi, uherereye mu burengerazuba bw’u Rwanda ukaba uhana imbibi n’umujyi wa Goma muri RDC. Uvuye i Kigali hareshya ni ibirometero 144, bihwanye n’amasaha 3 ukaba uca mu turere twa Rulindo-Gakenke-Musanze-Nyabihu .Ukaba...
Kigali, Ibintu 13 by’ingenzi byo gukora mu mujyi rwagati
Hazwi nk’I Nyarugenge, I Nyarurembo, mu marembo y’u Rwanda, mu mujyi rwa gati hari ahantu henshi heza; ahantu ho kuruhukira, gusura, gutemberera, gukinira, kwigira, kuganirira n’ibindi. Ni ahantu umuntu wese akwiriye kumenya, mu gihe uje mu mujyi ufite akanya, ushaka...
Afurika! Imirage 12 y’isi ya mbere muri Afurika
Mu mwaka wa 1977, nibwo habaye inama ya mbere ya Komite Ishinzwe Gushyira Imirage ku rwego rw’Isi (World Heritage Committee). Hagiye haba inama buri mwaka zo kwiga, gushyira imirage ku rwego rw’isi, kuyisigasira, kuyirinda aho iherereye hirya no hino ku isi....
1978, Imirage y’Afurika Yagiye mu Mirage y’Isi
Mu nama ya kabiri yabaye 5-8 Nzeri 1978 I Washington (USA ) Komite Ishinzwe Gushyira Imirage y’Ibihugu ku Rwego rw’Isi (World Heritage Committee), yashyize imirage itatu yo muri afurika ku rwego rw’isi. 1. Ikirwa cya Gorée (île de Gorée-Senegal) Ikirwa cya...

