Gusura ishyamba rya Busaga (Muhanga)
Ni ishyamba kimeza rifite ubuso bwa Hegitare 154, riherereye mu karere ka muhanga, mu ntara y’amajyepfo, riri mu murenge wa Rongi. Ni ishyamba rizwi kuba rivamo ibiti by'imiti ivura abantu n'amatungo, inyoni, inzoka, ibihunyira, inkima n'imondo, ingunzu n'izindi. Mu...
Kigali, hazaba iki hagati ya 15-31 Mutarama 2025?
Intangiro z’umwaka, iminsi mikuru irangiye, ni byiza kumenya ibintu bizaba mu minsi ya nyuma y’ukwezi kwa mbere! 1.Stand Up Comedy by Bareth 15/1/2025 Rooftop Ikawa Café Ticket 5k. at www.eventsbash.rw 2. 1984 One Man show Ecrit et Mis en scène par Hervé Kimenyi...
Mutarama 2025, Amaserukiramuco atangije umwaka mushya
Abantu bakunda amaserukiramuco ni byiza gutangira umwaka wa 2025 uzi amaserukiramuco azaba muri uku kwezi kwa mbere. Ni amaserukiramuco azagufasha gukomeza gutangira umwaka mushya wishimye, ubyina, utembera, uhura n’abandi, ushyigikira abahanzi. Kigali Youth Festival...
Kwita izina, umuhango umaze imyaka 20 (2005-2024).
Umwaka wa 2024, usobanura byinshi mu muhango wo Kwita Izina abana b’ingangi. Ni umuhango umaze imyaka 20, hakaba hamaze kwitwa abana b’ingagi 395. Mu muco nyarwanda, umwana uvutse ahabwa izina, guha izi nyamaswa ni ukuziha agaciro, no kuzirinda kugirango zidacika....
Indashyikirwa 2024, Uwishema Olivier yahawe igihembo cya Diana Award mu buvuzi n’ubwami bw’ubwongereza
Uwishema Olivier ni umunyarwanda w’urubyiruko, umuhanga mu bushakashatsi buteza imbere ubuvuzi, yahawe iki gihembo kubera imirimo akora mu guteza imbere urwego rw’ubuvuzi binyuze mu kigo yashinze.. Igihembo cyizwi nka Diana Award (cyitiriwe igikomangomakazi...
Indashyikirwa 2024, amakipe ya KEPLER na POLICE muri Volleball zatwaye irushanwa ryo Kwizihiza imyaka 30 yo Kwibohora
Ikipe ya KEPLER y’abagabo n’ikipe ya Police y’abagore nizo zatwaye igikombe cyo kwizihiza imyaka 30 yo Kwibohora. Ni ku nshuro ya kabiri iri rushanwa mu mukino wa Volleball ryari ribaye muri uyu mwaka wa 2024. KELPLER yatsinze ikipe ya POLICE VC, iyitsinda seti 3-1...
Indashyikirwa, Ikipe ya APR WVC yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2023-2024.
Umwaka wa 2023-2024,Shampiyona y’umukino w’amaboko wa Volleball yatwawe n’ikipe y APR Volleball itsinze ikipe ya Police Volleball. Ni umukino warangiye ari amaseti ane ( 27-25, 26-24, 14-25, 29-27).
Indashyikirwa, Ikipe ya APR Volleball yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2023-2024
Umwaka wa 2023-2024,Shampiyona y’umukino w’amaboko wa Volleball yatwawe n’ikipe y APR Volleball itsinze ikipe ya Gisagara Volleball. Ni umukino warangiye ari amaseti (29-27)
Indashyikirwa, Ikipe ya REG WBBC yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2024
Shampiyona y’umukino w’amaboko ugizwe n’amakipe 6 y’abagore. Ikipe ya REG WBBC yatwaye igikombe cya shampiyona y’umwaka wa 2023-2024 itsinze ikiye ya APR WBBC. Ni umukino warangiye ari amanota 71-63.
Indashyikirwa, Ikipe ya APR BBC yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2024
Shampiyona y’umukino w’amaboko wa Basketball ugizwe n’amakipe 14 y’abagabo. Ikipe ya APR BBC y’abagabo yatwaye igikombe cya shampiyona y’umwaka wa 2023-2024 itsinze ikiye ya Patriots BBC. Ni umukino warangiye ari amanota 74-70 (4-2).
- Gusura ishyamba rya Busaga (Muhanga)
- Kigali, hazaba iki hagati ya 15-31 Mutarama 2025?
- Mutarama 2025, Amaserukiramuco atangije umwaka mushya
- Kwita izina, umuhango umaze imyaka 20 (2005-2024).
- Indashyikirwa 2024, Uwishema Olivier yahawe igihembo cya Diana Award mu buvuzi n’ubwami bw’ubwongereza
- Indashyikirwa 2024, amakipe ya KEPLER na POLICE muri Volleball zatwaye irushanwa ryo Kwizihiza imyaka 30 yo Kwibohora
- Indashyikirwa, Ikipe ya APR WVC yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2023-2024.
- Indashyikirwa, Ikipe ya APR Volleball yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2023-2024
- Indashyikirwa, Ikipe ya REG WBBC yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2024
- Indashyikirwa, Ikipe ya APR BBC yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2024
- Amagambo y ikinyarwanda yashyizwe mu Inkoranyamagambo ya Oxford
- 2024, Intore z’u Rwanda zashyizwe mu murage ndangamuco Udafatika ku isi
- 2024, imirage nyafurika itatu yashyizwe ku rutonde rw’imirage ndangamuco idafatika ku isi
- Iminsi Mikuru, gahunda yo gutega imodoka
- Gusura ikiyaga cya Malawi
- Mali-Niger-BurkinaFaso, imirage y’isi wasura muri ibi bihugu
- Gusura Ikibumbano Hand mu mujyi wa Kigali
- Rwanda-Uganda-Kenya: Imirage Kamere y’isi wasura muri ibi bihugu
- Ikiyaga cya Malawi, umurage Kamere w’isi.
- Afurika, ibibumbabano bifite ibisobanuro bikomeye muri Afurika (11-20)
Rubanda ni abahanya
Gusura ishyamba rya Busaga (Muhanga)
Ni ishyamba kimeza rifite ubuso bwa Hegitare 154, riherereye mu karere ka muhanga, mu ntara y’amajyepfo, riri mu murenge wa Rongi. Ni ishyamba rizwi kuba rivamo ibiti by'imiti ivura abantu n'amatungo, inyoni, inzoka, ibihunyira, inkima n'imondo, ingunzu n'izindi. Mu...
Kigali, hazaba iki hagati ya 15-31 Mutarama 2025?
Intangiro z’umwaka, iminsi mikuru irangiye, ni byiza kumenya ibintu bizaba mu minsi ya nyuma y’ukwezi kwa mbere! 1.Stand Up Comedy by Bareth 15/1/2025 Rooftop Ikawa Café Ticket 5k. at www.eventsbash.rw 2. 1984 One Man show Ecrit et Mis en scène par Hervé Kimenyi...
Mutarama 2025, Amaserukiramuco atangije umwaka mushya
Abantu bakunda amaserukiramuco ni byiza gutangira umwaka wa 2025 uzi amaserukiramuco azaba muri uku kwezi kwa mbere. Ni amaserukiramuco azagufasha gukomeza gutangira umwaka mushya wishimye, ubyina, utembera, uhura n’abandi, ushyigikira abahanzi. Kigali Youth Festival...
Kwita izina, umuhango umaze imyaka 20 (2005-2024).
Umwaka wa 2024, usobanura byinshi mu muhango wo Kwita Izina abana b’ingangi. Ni umuhango umaze imyaka 20, hakaba hamaze kwitwa abana b’ingagi 395. Mu muco nyarwanda, umwana uvutse ahabwa izina, guha izi nyamaswa ni ukuziha agaciro, no kuzirinda kugirango zidacika....
Indashyikirwa 2024, Uwishema Olivier yahawe igihembo cya Diana Award mu buvuzi n’ubwami bw’ubwongereza
Uwishema Olivier ni umunyarwanda w’urubyiruko, umuhanga mu bushakashatsi buteza imbere ubuvuzi, yahawe iki gihembo kubera imirimo akora mu guteza imbere urwego rw’ubuvuzi binyuze mu kigo yashinze.. Igihembo cyizwi nka Diana Award (cyitiriwe igikomangomakazi...
Indashyikirwa 2024, amakipe ya KEPLER na POLICE muri Volleball zatwaye irushanwa ryo Kwizihiza imyaka 30 yo Kwibohora
Ikipe ya KEPLER y’abagabo n’ikipe ya Police y’abagore nizo zatwaye igikombe cyo kwizihiza imyaka 30 yo Kwibohora. Ni ku nshuro ya kabiri iri rushanwa mu mukino wa Volleball ryari ribaye muri uyu mwaka wa 2024. KELPLER yatsinze ikipe ya POLICE VC, iyitsinda seti 3-1...
Indashyikirwa, Ikipe ya APR WVC yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2023-2024.
Umwaka wa 2023-2024,Shampiyona y’umukino w’amaboko wa Volleball yatwawe n’ikipe y APR Volleball itsinze ikipe ya Police Volleball. Ni umukino warangiye ari amaseti ane ( 27-25, 26-24, 14-25, 29-27).
Indashyikirwa, Ikipe ya APR Volleball yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2023-2024
Umwaka wa 2023-2024,Shampiyona y’umukino w’amaboko wa Volleball yatwawe n’ikipe y APR Volleball itsinze ikipe ya Gisagara Volleball. Ni umukino warangiye ari amaseti (29-27)
Indashyikirwa, Ikipe ya REG WBBC yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2024
Shampiyona y’umukino w’amaboko ugizwe n’amakipe 6 y’abagore. Ikipe ya REG WBBC yatwaye igikombe cya shampiyona y’umwaka wa 2023-2024 itsinze ikiye ya APR WBBC. Ni umukino warangiye ari amanota 71-63.
Indashyikirwa, Ikipe ya APR BBC yatwaye shampiyona y’umwaka wa 2024
Shampiyona y’umukino w’amaboko wa Basketball ugizwe n’amakipe 14 y’abagabo. Ikipe ya APR BBC y’abagabo yatwaye igikombe cya shampiyona y’umwaka wa 2023-2024 itsinze ikiye ya Patriots BBC. Ni umukino warangiye ari amanota 74-70 (4-2).