
IBINTU 17 WAMENYA KU MUNYAMAKURU KALINDA VIATEUR WOGEZAGA UMUPIRA KURI RADIO RWANDA .
Kalinda Viateur yari Umunyarwanda , umunyamakuru wakoraga kuri Radio Rwanda mu ishami ry’imikino. Yavutse mu 1953, avukira mu cyahoze ari Komini Rutare, Segiteri Murehe, ubu akaba ari akarere ka Gicumbi, Umurenge wa Ruvune. Amashuri abanza yayize ahantu hatandukanye...

Igihe cy’umuhindo, amaserukiramuco wakwitabira mu Rwanda
Mu Rwanda, mu igihe cy’umuhindo ni igihe kirangwa n’imvura cyane. Ni igihe cyiza kiberamo amaserukiramuco akomeye mu gihugu. Dore amaserukiramuco wakwitabira: 1.Iwacu Muzika Festival Iserukiramuco ryatangiye mu mwaka wa 2019, ryitabirwa n’abahanzi...

IBYIZA 10 BYO KUNYWA THÉ VERT
Thé Vert (Green Tea) ni icyayi cyizwi cyane I Nyamirambo, abantu bayikunda, bamenke ibyiza byayo baza kuyinywera I Nyamirambo, ahantu hazwiho ubuhanga mu kuyitegura. Ni icyayi kizwi n’uwakinyoye. Thé vert igizwe n’icyayi cyera mu butaka bw’u Rwanda, icyayi...

Afurika y’Uburasirazuba: Amafunguro yihariye yo kurya muri buri gihugu
Ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba (East Africa Community) ni ibihugu bifite amafunguro yihariye, amafunguro meza ateguye neza, amafunguro buri gihugu cyizwiho ko abanyagihugu bacyo bazi kuyategura. Gutembera muri kimwe muri ibi bihugu ni byiza...

Amasaha 9 mu mujyi wa Rubavu Rubavu ni umujyi w’ubukerarugendo mu Rwanda, umujyi ufite ibyiza byiza byo gusura ,ibyiza byinshi byo kureba, umujyi wo kwishimiramo. Ni byiza gupanga uko wasimbukira mu mujyi wa Rubavu, umunsi umwe muri Weekend , ukamenya uko wawutembera...

Nyamirambo, Murinjye Community Flydei buri wa Gatanu w’Umuganda muri OHODI
Buri wa Gatanu usoza ukwezi, Umuryango utegamiye kuri Leta OHODI (One Help One DirectionIhumure) utegura Murinjye Community Flydei, ijoro ry’ubusabane, kumenyana, gusangira, gutarama ku bantu bose. Ni ijoro rya FLYDEI ririmo kwidagadura, kwicara ku muriro abantu...

Impeshyi 2023, amaserukiramuco ukwiriye kwitabira mu Rwanda
Guhera mu mpera za Kamena kugeza muri Nzeri, aba ari igihe cy’impeshyi mu Rwanda, ni igihe haba ibirori bitandukanye, ibitaramo byinshi. Muri iki gihe, haba amaserukiramuco mu mpande zose s’igihugu.Ni byiza ku bantu bakunda imyidagaduro, kumenya amaserukiramuco...

Kwita izina, amaserukiramuco ukwiriye kwitabira muri Musanze
Abantu benshi bamaze kumenyera ko mu kwezi kwa Nzeri buri mwaka haba umuhango wo kwita amazina abana b’ingagi. Mu karere ka Musanze haba hateguwe ibirori bitandukanye bituma abanyamusanze, abatemberamuri ako karere, abaje kwitabira uwo muhango bataza kwicwa n’irungu,...

Gusoza Impeshyi ya 2023, Amaserukiramuco wakwitabira mu Rwanda
Ukwezi kwa Nzeri kuba kwitezweho kurangira kw’ibihe by’izuba mu Rwanda, ni igihe haba hari amaserukiramuco atandukanye, umuntu ashobora kwitabira. Abakunzi b’ibikorwa ndangamuco, imbyino, gutembere, ukwezi kwa Nzeri niumwanya mwiza wo kwidagadura, kwishima. Ikirenga...

Weekend yo Kwita Izina, impamvu 5 ukwiriye kuba uri I Musanze
Mu gihe cyo Kwita Izina abana b’ingagi, umujyi wa Musanze no mu nkengero zawo haba hashyushye,hari abantu benshi. Ni ahantu haba hahuriye abantu batandukanye; abanyamusanze cyangwaabahatembereye.Hari mpamvu abantu bakwiriye kumenya ibintu bakora muri iyo minsi....
- IBINTU 17 WAMENYA KU MUNYAMAKURU KALINDA VIATEUR WOGEZAGA UMUPIRA KURI RADIO RWANDA .
- Igihe cy’umuhindo, amaserukiramuco wakwitabira mu Rwanda
- IBYIZA 10 BYO KUNYWA THÉ VERT
- Afurika y’Uburasirazuba: Amafunguro yihariye yo kurya muri buri gihugu
- Nyamirambo, Murinjye Community Flydei buri wa Gatanu w’Umuganda muri OHODI
- Impeshyi 2023, amaserukiramuco ukwiriye kwitabira mu Rwanda
- Kwita izina, amaserukiramuco ukwiriye kwitabira muri Musanze
- Gusoza Impeshyi ya 2023, Amaserukiramuco wakwitabira mu Rwanda
- Weekend yo Kwita Izina, impamvu 5 ukwiriye kuba uri I Musanze
- Musanze, Isomero ry’Agati
- Nyuma yo kwita izina abana b’ingagi, ibintu wakora I Musanze.
- Kwita Izina 2022, Amazina y’abana b’Ingagi
- Kwita Izina 2023, Amazina y’abana 23 b’ibangi
- Tariki ya 15-19 Ugushyingo 2023, I Kigali hazaba iki?
- Dore ibintu 5 wakora mu kwizihiza umunsi wo Kwibohora
- Ibyiza 5 byo gutembera wenyine
- Ahantu 15 Ndangamuco ukwiriye gusura muri 2023 mu Rwanda.
- Ingoma –ngabe,ikirango cy’u rwanda rwo hambere
- Abanyamihango b’Ibwami
Rubanda ni abahanya
IBINTU 17 WAMENYA KU MUNYAMAKURU KALINDA VIATEUR WOGEZAGA UMUPIRA KURI RADIO RWANDA .
Kalinda Viateur yari Umunyarwanda , umunyamakuru wakoraga kuri Radio Rwanda mu ishami ry’imikino. Yavutse mu 1953, avukira mu cyahoze ari Komini Rutare, Segiteri Murehe, ubu akaba ari akarere ka Gicumbi, Umurenge wa Ruvune. Amashuri abanza yayize ahantu hatandukanye...
Igihe cy’umuhindo, amaserukiramuco wakwitabira mu Rwanda
Mu Rwanda, mu igihe cy’umuhindo ni igihe kirangwa n’imvura cyane. Ni igihe cyiza kiberamo amaserukiramuco akomeye mu gihugu. Dore amaserukiramuco wakwitabira: 1.Iwacu Muzika Festival Iserukiramuco ryatangiye mu mwaka wa 2019, ryitabirwa n’abahanzi...
IBYIZA 10 BYO KUNYWA THÉ VERT
Thé Vert (Green Tea) ni icyayi cyizwi cyane I Nyamirambo, abantu bayikunda, bamenke ibyiza byayo baza kuyinywera I Nyamirambo, ahantu hazwiho ubuhanga mu kuyitegura. Ni icyayi kizwi n’uwakinyoye. Thé vert igizwe n’icyayi cyera mu butaka bw’u Rwanda, icyayi...
Afurika y’Uburasirazuba: Amafunguro yihariye yo kurya muri buri gihugu
Ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba (East Africa Community) ni ibihugu bifite amafunguro yihariye, amafunguro meza ateguye neza, amafunguro buri gihugu cyizwiho ko abanyagihugu bacyo bazi kuyategura. Gutembera muri kimwe muri ibi bihugu ni byiza...
Amasaha 9 mu mujyi wa Rubavu Rubavu ni umujyi w’ubukerarugendo mu Rwanda, umujyi ufite ibyiza byiza byo gusura ,ibyiza byinshi byo kureba, umujyi wo kwishimiramo. Ni byiza gupanga uko wasimbukira mu mujyi wa Rubavu, umunsi umwe muri Weekend , ukamenya uko wawutembera...
Nyamirambo, Murinjye Community Flydei buri wa Gatanu w’Umuganda muri OHODI
Buri wa Gatanu usoza ukwezi, Umuryango utegamiye kuri Leta OHODI (One Help One DirectionIhumure) utegura Murinjye Community Flydei, ijoro ry’ubusabane, kumenyana, gusangira, gutarama ku bantu bose. Ni ijoro rya FLYDEI ririmo kwidagadura, kwicara ku muriro abantu...
Impeshyi 2023, amaserukiramuco ukwiriye kwitabira mu Rwanda
Guhera mu mpera za Kamena kugeza muri Nzeri, aba ari igihe cy’impeshyi mu Rwanda, ni igihe haba ibirori bitandukanye, ibitaramo byinshi. Muri iki gihe, haba amaserukiramuco mu mpande zose s’igihugu.Ni byiza ku bantu bakunda imyidagaduro, kumenya amaserukiramuco...
Kwita izina, amaserukiramuco ukwiriye kwitabira muri Musanze
Abantu benshi bamaze kumenyera ko mu kwezi kwa Nzeri buri mwaka haba umuhango wo kwita amazina abana b’ingagi. Mu karere ka Musanze haba hateguwe ibirori bitandukanye bituma abanyamusanze, abatemberamuri ako karere, abaje kwitabira uwo muhango bataza kwicwa n’irungu,...
Gusoza Impeshyi ya 2023, Amaserukiramuco wakwitabira mu Rwanda
Ukwezi kwa Nzeri kuba kwitezweho kurangira kw’ibihe by’izuba mu Rwanda, ni igihe haba hari amaserukiramuco atandukanye, umuntu ashobora kwitabira. Abakunzi b’ibikorwa ndangamuco, imbyino, gutembere, ukwezi kwa Nzeri niumwanya mwiza wo kwidagadura, kwishima. Ikirenga...
Weekend yo Kwita Izina, impamvu 5 ukwiriye kuba uri I Musanze
Mu gihe cyo Kwita Izina abana b’ingagi, umujyi wa Musanze no mu nkengero zawo haba hashyushye,hari abantu benshi. Ni ahantu haba hahuriye abantu batandukanye; abanyamusanze cyangwaabahatembereye.Hari mpamvu abantu bakwiriye kumenya ibintu bakora muri iyo minsi....