Ibyiza 5 byo gutembera wenyine

Ibyiza 5 byo gutembera wenyine

Abantu benshi bumva ko iyo  watembereye wenyine utabasha kwishima cyangwa ngo uryoherwe. Abantu bakunda  gutembera bonyine ( Solo Travels) bagaragaza ko hari ibintu byinshi bishobora kugushimisha wagiye wenyine. Dore ibyiza 5 byo gutembera wenyine. 1.Wunguka...

Abanyamihango b’Ibwami

Abanyamihango b’Ibwami

“I Bwami habaga imihango myinshi ,buri mihango yagiranga abayishizwe” Imirimo yo ku rurembo yabaga ari myinshi,ari na yo bitaga “Imihango”mu mvugo y’ubwiru,ariko iy’ingenzi yajyanaga n’ubwiru,n’ubutegetsi,imanza,itabaro,imibanire y’abagaragu nab a Shebuja,ndetse...

Imwe mu mirwa mikuru y’abami b’u rwanda

Imwe mu mirwa mikuru y’abami b’u rwanda

Abami b’u Rwanda,bagiraga imirwa mikuru y’igihugu cyabo,ariko iyo mirwa yagendaga ihindagurika,bitewe n’uburyo bagendaga bagaba ibitero byo kwagura igihugu,aho bafashe,hagatuma bimura icyicaro cy’ingoma. Imwe mu mirwa mikuru y’Abami b’u Rwanda,ni iyi ikrikira:...

1917,abasaseridoti mu rwanda

1917,abasaseridoti mu rwanda

Abanyarwanda ntibari barigeze baca iryera abasaseridoti kugeza mu kinyejana cya 20 ubwo abamisiyoneri babazaniye inkuru nziza y’umukiro mu Rwagasabo. Abasaseridoti batatu b’Abamisiyoneri b’Afurika(bazwi ku izina ry’Abapadiri bera),aribo nyuma biswe izina rya...

Ifunguro rya kinyarwanda 100/% muri musanze

Ifunguro rya kinyarwanda 100/% muri musanze

Musanze ni akarere kari mu ntara y’amajyaruguru,ku birenge by’ibirunga,niko karere gakora cyane ku birunga.Gafite ibyiza byinshi kuko uretse ibyo birunga bicumbikiye ingagi,kagira ubuvumo bunini. Ni ahantu hihariye,haba amafunguro aranga ako karere k’ibirunga...

Inkuru zigezweho

Ibyiza 5 byo gutembera wenyine

Abantu benshi bumva ko iyo  watembereye wenyine utabasha kwishima cyangwa ngo uryoherwe. Abantu bakunda  gutembera bonyine ( Solo Travels) bagaragaza ko hari ibintu byinshi bishobora kugushimisha wagiye wenyine. Dore ibyiza 5 byo gutembera wenyine. 1.Wunguka...

Abanyamihango b’Ibwami

“I Bwami habaga imihango myinshi ,buri mihango yagiranga abayishizwe” Imirimo yo ku rurembo yabaga ari myinshi,ari na yo bitaga “Imihango”mu mvugo y’ubwiru,ariko iy’ingenzi yajyanaga n’ubwiru,n’ubutegetsi,imanza,itabaro,imibanire y’abagaragu nab a Shebuja,ndetse...

Imwe mu mirwa mikuru y’abami b’u rwanda

Abami b’u Rwanda,bagiraga imirwa mikuru y’igihugu cyabo,ariko iyo mirwa yagendaga ihindagurika,bitewe n’uburyo bagendaga bagaba ibitero byo kwagura igihugu,aho bafashe,hagatuma bimura icyicaro cy’ingoma. Imwe mu mirwa mikuru y’Abami b’u Rwanda,ni iyi ikrikira:...

1917,abasaseridoti mu rwanda

Abanyarwanda ntibari barigeze baca iryera abasaseridoti kugeza mu kinyejana cya 20 ubwo abamisiyoneri babazaniye inkuru nziza y’umukiro mu Rwagasabo. Abasaseridoti batatu b’Abamisiyoneri b’Afurika(bazwi ku izina ry’Abapadiri bera),aribo nyuma biswe izina rya...

Ifunguro rya kinyarwanda 100/% muri musanze

Musanze ni akarere kari mu ntara y’amajyaruguru,ku birenge by’ibirunga,niko karere gakora cyane ku birunga.Gafite ibyiza byinshi kuko uretse ibyo birunga bicumbikiye ingagi,kagira ubuvumo bunini. Ni ahantu hihariye,haba amafunguro aranga ako karere k’ibirunga...