

UBUTEGETSI BW’IBIHUGU-NKIKO BY’URWA GASABO
“u Rwanda Rwa Gasabo rwari rufite ibihugu birukikije” Iyo bavuze imitegekere y’ingoma iyi n’iyi,biba bishaka kuvuga amatwara n’imikorere y’iyo ngoma.Ibyo bikagendana n’imirongo migari ubutegetsi buba bwarihaye yo kugenderwaho. Iyo bavuze Ibihugu-Nkiko,baba bashatse...

Ibintu 16 wamenya kuri Prof. Laurent Nkusi
Umunyarwanda Nkusi Laurent ni umunyapolitiki, umwarimu, umunyamateka, umwanditsi w’ibitabo. Nkusi yari afite ubunararibonye mu byerekeranye n’umuco, amateka , politiki ndetse n’ itangazamakuru. Prof.Laurent Nkusi yari umuntu w’ikitegererezo mu buzima...

UDUCE TWARANGAGA U RWANDA RWA KERA
Kuva u Rwanda rwabaho, ahantu hatandukanye hagiye hagira amazina aharanga, umuntu iyo yava mu karere kamwe akajya mu kandi byafashaga abantu kumenya ako gace. Buri gace kabaga kazwi ibintu bikabonekamo haba ari ubuhinzi, umuco, amateka, imbyino, amashyamba n’ibindi....

IBINTU 17 WAMENYA KU MUNYAMAKURU KALINDA VIATEUR WOGEZAGA UMUPIRA KURI RADIO RWANDA .
Kalinda Viateur yari Umunyarwanda , umunyamakuru wakoraga kuri Radio Rwanda mu ishami ry’imikino. Yavutse mu 1953, avukira mu cyahoze ari Komini Rutare, Segiteri Murehe, ubu akaba ari akarere ka Gicumbi, Umurenge wa Ruvune. Amashuri abanza yayize ahantu hatandukanye...

Igihe cy’umuhindo, amaserukiramuco wakwitabira mu Rwanda
Mu Rwanda, mu igihe cy’umuhindo ni igihe kirangwa n’imvura cyane. Ni igihe cyiza kiberamo amaserukiramuco akomeye mu gihugu. Dore amaserukiramuco wakwitabira: 1.Iwacu Muzika Festival Iserukiramuco ryatangiye mu mwaka wa 2019, ryitabirwa n’abahanzi...

IBYIZA 10 BYO KUNYWA THÉ VERT
Thé Vert (Green Tea) ni icyayi cyizwi cyane I Nyamirambo, abantu bayikunda, bamenke ibyiza byayo baza kuyinywera I Nyamirambo, ahantu hazwiho ubuhanga mu kuyitegura. Ni icyayi kizwi n’uwakinyoye. Thé vert igizwe n’icyayi cyera mu butaka bw’u Rwanda, icyayi...

Afurika y’Uburasirazuba: Amafunguro yihariye yo kurya muri buri gihugu
Ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba (East Africa Community) ni ibihugu bifite amafunguro yihariye, amafunguro meza ateguye neza, amafunguro buri gihugu cyizwiho ko abanyagihugu bacyo bazi kuyategura. Gutembera muri kimwe muri ibi bihugu ni byiza...

Amasaha 9 mu mujyi wa Rubavu Rubavu ni umujyi w’ubukerarugendo mu Rwanda, umujyi ufite ibyiza byiza byo gusura ,ibyiza byinshi byo kureba, umujyi wo kwishimiramo. Ni byiza gupanga uko wasimbukira mu mujyi wa Rubavu, umunsi umwe muri Weekend , ukamenya uko wawutembera...

Nyamirambo, Murinjye Community Flydei buri wa Gatanu w’Umuganda muri OHODI
Buri wa Gatanu usoza ukwezi, Umuryango utegamiye kuri Leta OHODI (One Help One DirectionIhumure) utegura Murinjye Community Flydei, ijoro ry’ubusabane, kumenyana, gusangira, gutarama ku bantu bose. Ni ijoro rya FLYDEI ririmo kwidagadura, kwicara ku muriro abantu...

Impeshyi 2023, amaserukiramuco ukwiriye kwitabira mu Rwanda
Guhera mu mpera za Kamena kugeza muri Nzeri, aba ari igihe cy’impeshyi mu Rwanda, ni igihe haba ibirori bitandukanye, ibitaramo byinshi. Muri iki gihe, haba amaserukiramuco mu mpande zose s’igihugu.Ni byiza ku bantu bakunda imyidagaduro, kumenya amaserukiramuco...
- Igicumbi Magazine: Mata-Kamena 2025 #Issue3
- Igicumbi Magazine: Mutarama-Werurwe 2025 #Issue2
- Igicumbi Magazine: Nimero Idasanzwe 2024
- Gushyigikira ubukerarugendo burambye I Rwiri
- Gusura Ivubiro rya Huro
- Umuganura 2025, Umuganura ku rwego rw’Igihugu wizihirijwe I Musanze
- Wekendi y’umuganura, ibintu bizaba mu Rwanda
- Igicumbi Magazine: Ukwakira-Ukuboza 2024 #Issue1
- #Impeshyi2025, Icyumweru Cyose cy’iserukiramuco rya Ubumuntu Arts Festival
- Kwizihiza #Kwibohora31, Comedy Shows wakwitabira
- Huye, Kwizihiza #kwibohora31 muri South Bridge Motel
- Wekindi yo kwizihiza #Kwibohora31, ibitaramo bikomeye bizabera I Rubavu
- Mu Rwanda, tariki ya 1-6 Nyakanga 2025 hazaba iki?
- Kwizihiza Kwibohora, ibintu 8 wakora
- UNESCO, Ubukorerabushake mu mirage y’isi muri Afurika y’uburasirazuba.
- Kwibohora Trail, ibintu 7 wamenya kuri urugendo
- Impeshyi 2025, wekindi zo kuzirikana mu Rwanda.
- 2025, The 6 reasons to be in Rwanda this year
- Inzu zisohora ibitabo by’abana mu Rwanda wagana
- Indashyikirwa 2025; Itorero Inyamibwa rya UR-CST ryatwaye igihembo
UBUTEGETSI BW’IBIHUGU-NKIKO BY’URWA GASABO
“u Rwanda Rwa Gasabo rwari rufite ibihugu birukikije” Iyo bavuze imitegekere y’ingoma iyi n’iyi,biba bishaka kuvuga amatwara n’imikorere y’iyo ngoma.Ibyo bikagendana n’imirongo migari ubutegetsi buba bwarihaye yo kugenderwaho. Iyo bavuze Ibihugu-Nkiko,baba bashatse...
Ibintu 16 wamenya kuri Prof. Laurent Nkusi
Umunyarwanda Nkusi Laurent ni umunyapolitiki, umwarimu, umunyamateka, umwanditsi w’ibitabo. Nkusi yari afite ubunararibonye mu byerekeranye n’umuco, amateka , politiki ndetse n’ itangazamakuru. Prof.Laurent Nkusi yari umuntu w’ikitegererezo mu buzima...
UDUCE TWARANGAGA U RWANDA RWA KERA
Kuva u Rwanda rwabaho, ahantu hatandukanye hagiye hagira amazina aharanga, umuntu iyo yava mu karere kamwe akajya mu kandi byafashaga abantu kumenya ako gace. Buri gace kabaga kazwi ibintu bikabonekamo haba ari ubuhinzi, umuco, amateka, imbyino, amashyamba n’ibindi....
IBINTU 17 WAMENYA KU MUNYAMAKURU KALINDA VIATEUR WOGEZAGA UMUPIRA KURI RADIO RWANDA .
Kalinda Viateur yari Umunyarwanda , umunyamakuru wakoraga kuri Radio Rwanda mu ishami ry’imikino. Yavutse mu 1953, avukira mu cyahoze ari Komini Rutare, Segiteri Murehe, ubu akaba ari akarere ka Gicumbi, Umurenge wa Ruvune. Amashuri abanza yayize ahantu hatandukanye...
Igihe cy’umuhindo, amaserukiramuco wakwitabira mu Rwanda
Mu Rwanda, mu igihe cy’umuhindo ni igihe kirangwa n’imvura cyane. Ni igihe cyiza kiberamo amaserukiramuco akomeye mu gihugu. Dore amaserukiramuco wakwitabira: 1.Iwacu Muzika Festival Iserukiramuco ryatangiye mu mwaka wa 2019, ryitabirwa n’abahanzi...
IBYIZA 10 BYO KUNYWA THÉ VERT
Thé Vert (Green Tea) ni icyayi cyizwi cyane I Nyamirambo, abantu bayikunda, bamenke ibyiza byayo baza kuyinywera I Nyamirambo, ahantu hazwiho ubuhanga mu kuyitegura. Ni icyayi kizwi n’uwakinyoye. Thé vert igizwe n’icyayi cyera mu butaka bw’u Rwanda, icyayi...
Afurika y’Uburasirazuba: Amafunguro yihariye yo kurya muri buri gihugu
Ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba (East Africa Community) ni ibihugu bifite amafunguro yihariye, amafunguro meza ateguye neza, amafunguro buri gihugu cyizwiho ko abanyagihugu bacyo bazi kuyategura. Gutembera muri kimwe muri ibi bihugu ni byiza...
Amasaha 9 mu mujyi wa Rubavu Rubavu ni umujyi w’ubukerarugendo mu Rwanda, umujyi ufite ibyiza byiza byo gusura ,ibyiza byinshi byo kureba, umujyi wo kwishimiramo. Ni byiza gupanga uko wasimbukira mu mujyi wa Rubavu, umunsi umwe muri Weekend , ukamenya uko wawutembera...
Nyamirambo, Murinjye Community Flydei buri wa Gatanu w’Umuganda muri OHODI
Buri wa Gatanu usoza ukwezi, Umuryango utegamiye kuri Leta OHODI (One Help One DirectionIhumure) utegura Murinjye Community Flydei, ijoro ry’ubusabane, kumenyana, gusangira, gutarama ku bantu bose. Ni ijoro rya FLYDEI ririmo kwidagadura, kwicara ku muriro abantu...
Impeshyi 2023, amaserukiramuco ukwiriye kwitabira mu Rwanda
Guhera mu mpera za Kamena kugeza muri Nzeri, aba ari igihe cy’impeshyi mu Rwanda, ni igihe haba ibirori bitandukanye, ibitaramo byinshi. Muri iki gihe, haba amaserukiramuco mu mpande zose s’igihugu.Ni byiza ku bantu bakunda imyidagaduro, kumenya amaserukiramuco...