Ifunguro rya kinyarwanda 100/% muri musanze

Ifunguro rya kinyarwanda 100/% muri musanze

Musanze ni akarere kari mu ntara y’amajyaruguru,ku birenge by’ibirunga,niko karere gakora cyane ku birunga.Gafite ibyiza byinshi kuko uretse ibyo birunga bicumbikiye ingagi,kagira ubuvumo bunini. Ni ahantu hihariye,haba amafunguro aranga ako karere k’ibirunga...

Ingagi zikomeje kubugwabugwa mu rwanda

Ingagi zikomeje kubugwabugwa mu rwanda

U Rwanda ni igihugu gikomeje kuba intangarugero mu kubungabuga ibikorwa by’ibidukikije harimo inyamaswa,amashyamba,imigezi n’ibindi. Ni muri urwo rwego,ingagi zo mu Rwanda ,ziba mu misozi mirermire,arizo zonyine zisigaye ku isi,zikomeje kwitabwaho zibugwabugwa muburyo...

Menya byinshi ku muhanzi maniraguha maurice

Menya byinshi ku muhanzi maniraguha maurice

Maniraguha Maurice, ni Umucuranzi w’Inanga ( igicurangisho cya gakondo cyakoreshwaga kera mu muziki, mu birori bitandukanye) .Izina ry’ubuhanzi akaba yitwa Umushakamba. Umushakamba ni umuhanzi ukiri muto wahisemo gucuranga akoresheje igikoresho cya...

Inkuru zigezweho

Ifunguro rya kinyarwanda 100/% muri musanze

Musanze ni akarere kari mu ntara y’amajyaruguru,ku birenge by’ibirunga,niko karere gakora cyane ku birunga.Gafite ibyiza byinshi kuko uretse ibyo birunga bicumbikiye ingagi,kagira ubuvumo bunini. Ni ahantu hihariye,haba amafunguro aranga ako karere k’ibirunga...

Ingagi zikomeje kubugwabugwa mu rwanda

U Rwanda ni igihugu gikomeje kuba intangarugero mu kubungabuga ibikorwa by’ibidukikije harimo inyamaswa,amashyamba,imigezi n’ibindi. Ni muri urwo rwego,ingagi zo mu Rwanda ,ziba mu misozi mirermire,arizo zonyine zisigaye ku isi,zikomeje kwitabwaho zibugwabugwa muburyo...

Menya byinshi ku muhanzi maniraguha maurice

Maniraguha Maurice, ni Umucuranzi w’Inanga ( igicurangisho cya gakondo cyakoreshwaga kera mu muziki, mu birori bitandukanye) .Izina ry’ubuhanzi akaba yitwa Umushakamba. Umushakamba ni umuhanzi ukiri muto wahisemo gucuranga akoresheje igikoresho cya...