

Musanze, Isomero ry’Agati
Agati Library ni isomero ryashinzwe n’abantu batandukanye, bashaka gufasha abana kubona ahantu hogusomera, kungukira ubumenyi, kwigira, kuganira ku gitabo wasomye, kwandika inkuru, kunguka inshuti zikunda gusoma no kwandika. Ni isomero ryakira abantu bose, barigana...

Nyuma yo kwita izina abana b’ingagi, ibintu wakora I Musanze.
Umuntu wakwitabira umuhango wo Kwita Izina abana b’ingagi I Musanze, hari ibintu byinshi yakora nyuma y’uyu muhango. Ni byiza gukomeza kwishimira ibyiza biboneka muri aka karere kari mu majyaruguru y’u Rwanda. Dore bimwe mu byo ukwiriye gukora: Gusura ibyiza...

Kwita Izina 2022, Amazina y’abana b’Ingagi
Kuva mu mwaka wa 2005, mu Rwanda haba igikorwa cyo kwita amazina abana b’ingagi baba baravutse. Ni amazina bitwa n’abantu batandukanye bavuye impande zose z’isi bakora mu bikorwa bitandukanye; iby’ubukerarugendo, ubushakashatsi, ibyamamare muripolitiki, imikino no mu...

Kwita Izina 2023, Amazina y’abana 23 b’ibangi
Kuva mu mwaka wa 2005, mu Rwanda haba igikorwa cyo kwita amazina abana b’ingagi baba baravutse. Ni amazina bitwa n’abantu batandukanye bavuye impande zose z’isi bakora mu bikorwabitandukanye; iby’ubukerarugendo, ubushakashatsi, ibyamamare muri politiki, imikino no mu...

Tariki ya 15-19 Ugushyingo 2023, I Kigali hazaba iki?
Hagati yaya matariki, 15-19 Ugushyingo 2023, I Kigali hateganyijwe ibirori bitandukanye. Ni byiza kumenya aho umuntu ashobora kujya wenyine cyangwa, kujyana n’inshuti, gushyigikira umuhanzi ukunda, kujya guhaha ibintu by’ubugeni, kureba filimi n’ibindi A star Is Born...

Dore ibintu 5 wakora mu kwizihiza umunsi wo Kwibohora
Umunsi mukuru wo kwibohora ni umunsi ukomeye mu Rwanda, kuva tariki ya 1-tariki ya 4/Nyakanga aba ari iminsi ikomeye, aba ari iminsi y’ikiruhuko mu gihugu, aho usanga abantu baba bayishimiye. Ni iminsi umunyarwanda wese akwiriye kuzirikana, ifite amateka...

Ibyiza 5 byo gutembera wenyine
Abantu benshi bumva ko iyo watembereye wenyine utabasha kwishima cyangwa ngo uryoherwe. Abantu bakunda gutembera bonyine ( Solo Travels) bagaragaza ko hari ibintu byinshi bishobora kugushimisha wagiye wenyine. Dore ibyiza 5 byo gutembera wenyine. 1.Wunguka...

Ahantu 15 Ndangamuco ukwiriye gusura muri 2024 mu Rwanda.
U Rwanda ni igihugu gifite ahantu ndangamuco henshi hirya no hino mu gihugu kandi heza, habumbatiye amateka y’abanyarwanda n’u Rwanda muri rusange. Ni byiza kuhasura ukamenya ibintu bitandukanye biri mu muco wacu. Uyu mwaka ni umwaka umuntu wese azakoramo ingendo...

Ingoma –ngabe,ikirango cy’u rwanda rwo hambere
“ Mu Rwanda rwo hambere,ikirango cy’igihugu cyari Ingoma-Ngabe” Ingoma-Ngabe ni yo yari Ibendera ry’igihugu,akaba ari na yo yari Nkuru imbere y’umwami n’Umugabekazi.Umurimo wayo ukaba wari uwo kwimika Abami no guhuza Umwami na Rubanda.Icyo twakwibutsa ahangaha,ni...

Abanyamihango b’Ibwami
“I Bwami habaga imihango myinshi ,buri mihango yagiranga abayishizwe” Imirimo yo ku rurembo yabaga ari myinshi,ari na yo bitaga “Imihango”mu mvugo y’ubwiru,ariko iy’ingenzi yajyanaga n’ubwiru,n’ubutegetsi,imanza,itabaro,imibanire y’abagaragu nab a Shebuja,ndetse...
- Gushyigikira ubukerarugendo burambye I Rwiri
- Gusura Ivubiro rya Huro
- Umuganura 2025, Umuganura ku rwego rw’Igihugu wizihirijwe I Musanze
- Wekendi y’umuganura, ibintu bizaba mu Rwanda
- 2024 MTN Iwacu Muzika Festival
- #Impeshyi2025, Icyumweru Cyose cy’iserukiramuco rya Ubumuntu Arts Festival
- Kwizihiza #Kwibohora31, Comedy Shows wakwitabira
- Huye, Kwizihiza #kwibohora31 muri South Bridge Motel
- Wekindi yo kwizihiza #Kwibohora31, ibitaramo bikomeye bizabera I Rubavu
- Mu Rwanda, tariki ya 1-6 Nyakanga 2025 hazaba iki?
- Kwizihiza Kwibohora, ibintu 8 wakora
- UNESCO, Ubukorerabushake mu mirage y’isi muri Afurika y’uburasirazuba.
- Kwibohora Trail, ibintu 7 wamenya kuri urugendo
- Impeshyi 2025, wekindi zo kuzirikana mu Rwanda.
- 2025, The 6 reasons to be in Rwanda this year
- Inzu zisohora ibitabo by’abana mu Rwanda wagana
- Indashyikirwa 2025; Itorero Inyamibwa rya UR-CST ryatwaye igihembo
- Itorero Indangamirwa rya UR-CST ryatwaye irushanwa ry’imbyino Gakondo mu Rwanda
- Indashyikirwa 2025, uturere 5 twahize utundi mu Urugerero rw’Inkomezabigwi
- Indashyikirwa 2025, abahembwe mu guteza imbere umuco nyarwanda
Musanze, Isomero ry’Agati
Agati Library ni isomero ryashinzwe n’abantu batandukanye, bashaka gufasha abana kubona ahantu hogusomera, kungukira ubumenyi, kwigira, kuganira ku gitabo wasomye, kwandika inkuru, kunguka inshuti zikunda gusoma no kwandika. Ni isomero ryakira abantu bose, barigana...
Nyuma yo kwita izina abana b’ingagi, ibintu wakora I Musanze.
Umuntu wakwitabira umuhango wo Kwita Izina abana b’ingagi I Musanze, hari ibintu byinshi yakora nyuma y’uyu muhango. Ni byiza gukomeza kwishimira ibyiza biboneka muri aka karere kari mu majyaruguru y’u Rwanda. Dore bimwe mu byo ukwiriye gukora: Gusura ibyiza...
Kwita Izina 2022, Amazina y’abana b’Ingagi
Kuva mu mwaka wa 2005, mu Rwanda haba igikorwa cyo kwita amazina abana b’ingagi baba baravutse. Ni amazina bitwa n’abantu batandukanye bavuye impande zose z’isi bakora mu bikorwa bitandukanye; iby’ubukerarugendo, ubushakashatsi, ibyamamare muripolitiki, imikino no mu...
Kwita Izina 2023, Amazina y’abana 23 b’ibangi
Kuva mu mwaka wa 2005, mu Rwanda haba igikorwa cyo kwita amazina abana b’ingagi baba baravutse. Ni amazina bitwa n’abantu batandukanye bavuye impande zose z’isi bakora mu bikorwabitandukanye; iby’ubukerarugendo, ubushakashatsi, ibyamamare muri politiki, imikino no mu...
Tariki ya 15-19 Ugushyingo 2023, I Kigali hazaba iki?
Hagati yaya matariki, 15-19 Ugushyingo 2023, I Kigali hateganyijwe ibirori bitandukanye. Ni byiza kumenya aho umuntu ashobora kujya wenyine cyangwa, kujyana n’inshuti, gushyigikira umuhanzi ukunda, kujya guhaha ibintu by’ubugeni, kureba filimi n’ibindi A star Is Born...
Dore ibintu 5 wakora mu kwizihiza umunsi wo Kwibohora
Umunsi mukuru wo kwibohora ni umunsi ukomeye mu Rwanda, kuva tariki ya 1-tariki ya 4/Nyakanga aba ari iminsi ikomeye, aba ari iminsi y’ikiruhuko mu gihugu, aho usanga abantu baba bayishimiye. Ni iminsi umunyarwanda wese akwiriye kuzirikana, ifite amateka...
Ibyiza 5 byo gutembera wenyine
Abantu benshi bumva ko iyo watembereye wenyine utabasha kwishima cyangwa ngo uryoherwe. Abantu bakunda gutembera bonyine ( Solo Travels) bagaragaza ko hari ibintu byinshi bishobora kugushimisha wagiye wenyine. Dore ibyiza 5 byo gutembera wenyine. 1.Wunguka...
Ahantu 15 Ndangamuco ukwiriye gusura muri 2024 mu Rwanda.
U Rwanda ni igihugu gifite ahantu ndangamuco henshi hirya no hino mu gihugu kandi heza, habumbatiye amateka y’abanyarwanda n’u Rwanda muri rusange. Ni byiza kuhasura ukamenya ibintu bitandukanye biri mu muco wacu. Uyu mwaka ni umwaka umuntu wese azakoramo ingendo...
Ingoma –ngabe,ikirango cy’u rwanda rwo hambere
“ Mu Rwanda rwo hambere,ikirango cy’igihugu cyari Ingoma-Ngabe” Ingoma-Ngabe ni yo yari Ibendera ry’igihugu,akaba ari na yo yari Nkuru imbere y’umwami n’Umugabekazi.Umurimo wayo ukaba wari uwo kwimika Abami no guhuza Umwami na Rubanda.Icyo twakwibutsa ahangaha,ni...
Abanyamihango b’Ibwami
“I Bwami habaga imihango myinshi ,buri mihango yagiranga abayishizwe” Imirimo yo ku rurembo yabaga ari myinshi,ari na yo bitaga “Imihango”mu mvugo y’ubwiru,ariko iy’ingenzi yajyanaga n’ubwiru,n’ubutegetsi,imanza,itabaro,imibanire y’abagaragu nab a Shebuja,ndetse...