ZAMBIA: IBITEKEREZO MU GUKORA UBUKERARUGENDO BURAMBYE
Tariki ya 14- 24 Kanama 2018 I Livingstone mu mujyi w’ubukerarugendo wa Zambia habereye amasomo yo kwigisha abantu bakora mu kubungabunga imirage baturutse mu bihugu bigera 17 bya Afurika aribyo Zambia, Zimbambwe, Cote d’Ivoire, Nigeria, Rwanda, South Africa,...
Amagambo y’indirimbo: Umurunga w’iminsi ya Alexis Kagame
Burya gusaza ni ugusahurwa, Kuko iyo tujya ni habi, Nariye iminsi ndayiyongeza, Nsigara nyitera inyoni ziguruka None iranze iranyigabije Iranyiganzuye yogapfusha Cyo rero Kibondo cyanjye Igira hino nkurage intwaro Nitwaje iki gihe cyose Ibihe bibi byose nkabyirenza...
Amagambo y’indirimbo “Habibi” ya The Ben
Habibi, Come close sweet yo nkubwire Ese war’uziko wanzonze mammy Ni ukuri sinkiriho Hoya sinibuka Uko nabagaho ntarakumenya Taliki yari nk’iyi ngiyi Ubwo imitima yahuraga HOYA HOYA NTACYAKUNTWARA SINSHAKA NO KUBITEKEREZA KUBA NAKUBURA BABY Y’RE MY LIFE WEWE BARAKA...
Impamvu 5 zo kuba I kigali ku munsi wa Noheli
Umunsi mukuru wa Noheli, ni byiza kumenya ukuntu wakwizihiza uwo munsi kuba wemera hamwe n’inshuti n’abavandimwe babo. Dore impamvu eshanu ugomba kuba uri I Kigali: 1.Amasengesho yo ku munsi mukuru Abanyarwanda bakunda gusenga, ku munsi mukuru wa Noheli, ni byiza...
Ibintu 10 byo gukora mu gihe cy’iminsi mikuru #FestiveSeason
Ni byiza gufata umwaka wo gutekereza ku bintu byo gukora muri iki gihe cy’iminsi mikuru, igihe cyigizwe no gusoza mwaka no gutangira. Dore ibintu 10 wakora muri iki gihe: 1.Kureba uko umwaka uragiye wagenze Iki ni igihe cyiza cyo gutekereza uko umwaka urangiye...
Impamvu 1 yo kuba I kigali mu ijoro ry’ubunani
Umwaka iyo urangiye ni byiza gutekereza ahantu uzawusoreza, n’ aho uzawutangirira undi. Biri mu bintu byiza cyane biba urwibutso mu buzima. Impamvu imwe ugomba kuba uri I Kigali, ni ukurangiza umwaka no gutangira umwaka mushya kuri Kigali Convention Center ni...
Inkomoko y’Urutare rwa Kamegeri
Kamegeri yari umutware ku ngoma ya Mibambwe II Sekarongoro II Gisanura yatwikiwe kuri uru rutare nyuma y’aho asabiye ko abari bagize nabi barujugunywa ho rumaze gucanirwa. Ruherereye mu karere ka Ruhango umurenge wa Ruhango munsi y’umuhanda hagati y’umujyi wa...
Inkomoko y’izina Gisozi
Kuva u Rwanda rwatangira kubaho n’impugu zarwo, hariho agace kitwaga “NTORA “kabarizwaga mu Ngoma y’ u Bwanacyambwe.Nyuma y’aho Umwami KIGELI I MUKOBANYA umuhungu wa Cyilima I Rugweagabye Igitero kibasiye Ingoma y’u Bwanacyambwe , ahasaga mu w’ 1378, kikigarurira...
Inkomoko y’izina Kinyaga
Umwami Rwabugiri yagiye kugaruza ibihugu ageze ku karwa kitwa Nkombo amasha umwambi ugwa ahantu ho mu cyika, bomotse umwambi barawubura kuko nta mwami wasubiraga inyuma. Ageze ku mugezi wa Kirimbi, arahindukira ati ‘Uri kinyaga’. Ni aho izina ‘Kinyaga’...
Inkomoko y’Izina Kigali
Iri zina ry’umurwa mukuru w’u Rwanda rikaba rikomoka ku musozi wa Kigali uzwi nka “Mont Kigali”hagati y’ikinyejana cya 14 na 15 ku ngoma y’umwami Kigeli Mukobanya.Umusozi wa Kigali ( “Mont Kigali”) hari ahu u Bugesera uwitwa Cyilima Rugwe yahatuye ashaka...
- Rwanda 2026, amarushanwa ya siporo ukwiriye kwitabira mu Rwanda.
- Abanyafurika bahembwe na Tusk muri uyu mwaka 2025
- Filimi nyarwanda; Minimals in a Titanic World yerekanywe muri European Film Festival 2025
- Umuganura, ibintu 22 ukwiriye kumenya ku mateka y’umuganura.
- Afurika 2025, imyaka 20 (2005-2025) ya African Parks
- Imyaka 20 (2005-2025) ya Eric Senderi mu muziki mu Rwanda
- Filimi,abanyarwanda 15 bagize komite ya OSCARS mu Rwanda
- Ibintu 12 wamenya ku gikomangomakazi Spéciose Mukabayojo
- Kiliziya 1990, Papa Jean Paul II mu Rwanda
- Kiliziya 2020, umukaridinali wa mbere w’umunyarwanda
- Kiliziya 1900, Misiyoni ya mbere mu Rwanda
- Kiliziya 1952, umwepisikopi wa mbere w’umunyarwanda
- UNESCO 2025, imijyi yashyizwe ku rutonde rwa Global Network of Learning Cities
- Kiliziya 1917 , abapadiri ba mbere b’abanyarwanda
- Igicumbi Magazine: A Memorable Summer in Rwanda 2025. Special cover 2025 #ISSUE6.
- Umuganura, ibintu 22 ukwiriye kumenya ku mateka y’umuganura.
- Unesco yabonye umuyobozi mushya 2025.
- Inama ku mushahara wawe.
- Kwita izina 2025, abise izina abana b’ingagi ku nshuro ya 20 (2005-2025)
- Imyaka 8 (2017-2025) , Audrey Azoulay ayobora UNESCO
ZAMBIA: IBITEKEREZO MU GUKORA UBUKERARUGENDO BURAMBYE
Tariki ya 14- 24 Kanama 2018 I Livingstone mu mujyi w’ubukerarugendo wa Zambia habereye amasomo yo kwigisha abantu bakora mu kubungabunga imirage baturutse mu bihugu bigera 17 bya Afurika aribyo Zambia, Zimbambwe, Cote d’Ivoire, Nigeria, Rwanda, South Africa,...
Amagambo y’indirimbo: Umurunga w’iminsi ya Alexis Kagame
Burya gusaza ni ugusahurwa, Kuko iyo tujya ni habi, Nariye iminsi ndayiyongeza, Nsigara nyitera inyoni ziguruka None iranze iranyigabije Iranyiganzuye yogapfusha Cyo rero Kibondo cyanjye Igira hino nkurage intwaro Nitwaje iki gihe cyose Ibihe bibi byose nkabyirenza...
Amagambo y’indirimbo “Habibi” ya The Ben
Habibi, Come close sweet yo nkubwire Ese war’uziko wanzonze mammy Ni ukuri sinkiriho Hoya sinibuka Uko nabagaho ntarakumenya Taliki yari nk’iyi ngiyi Ubwo imitima yahuraga HOYA HOYA NTACYAKUNTWARA SINSHAKA NO KUBITEKEREZA KUBA NAKUBURA BABY Y’RE MY LIFE WEWE BARAKA...
Impamvu 5 zo kuba I kigali ku munsi wa Noheli
Umunsi mukuru wa Noheli, ni byiza kumenya ukuntu wakwizihiza uwo munsi kuba wemera hamwe n’inshuti n’abavandimwe babo. Dore impamvu eshanu ugomba kuba uri I Kigali: 1.Amasengesho yo ku munsi mukuru Abanyarwanda bakunda gusenga, ku munsi mukuru wa Noheli, ni byiza...
Ibintu 10 byo gukora mu gihe cy’iminsi mikuru #FestiveSeason
Ni byiza gufata umwaka wo gutekereza ku bintu byo gukora muri iki gihe cy’iminsi mikuru, igihe cyigizwe no gusoza mwaka no gutangira. Dore ibintu 10 wakora muri iki gihe: 1.Kureba uko umwaka uragiye wagenze Iki ni igihe cyiza cyo gutekereza uko umwaka urangiye...
Impamvu 1 yo kuba I kigali mu ijoro ry’ubunani
Umwaka iyo urangiye ni byiza gutekereza ahantu uzawusoreza, n’ aho uzawutangirira undi. Biri mu bintu byiza cyane biba urwibutso mu buzima. Impamvu imwe ugomba kuba uri I Kigali, ni ukurangiza umwaka no gutangira umwaka mushya kuri Kigali Convention Center ni...
Inkomoko y’Urutare rwa Kamegeri
Kamegeri yari umutware ku ngoma ya Mibambwe II Sekarongoro II Gisanura yatwikiwe kuri uru rutare nyuma y’aho asabiye ko abari bagize nabi barujugunywa ho rumaze gucanirwa. Ruherereye mu karere ka Ruhango umurenge wa Ruhango munsi y’umuhanda hagati y’umujyi wa...
Inkomoko y’izina Gisozi
Kuva u Rwanda rwatangira kubaho n’impugu zarwo, hariho agace kitwaga “NTORA “kabarizwaga mu Ngoma y’ u Bwanacyambwe.Nyuma y’aho Umwami KIGELI I MUKOBANYA umuhungu wa Cyilima I Rugweagabye Igitero kibasiye Ingoma y’u Bwanacyambwe , ahasaga mu w’ 1378, kikigarurira...
Inkomoko y’izina Kinyaga
Umwami Rwabugiri yagiye kugaruza ibihugu ageze ku karwa kitwa Nkombo amasha umwambi ugwa ahantu ho mu cyika, bomotse umwambi barawubura kuko nta mwami wasubiraga inyuma. Ageze ku mugezi wa Kirimbi, arahindukira ati ‘Uri kinyaga’. Ni aho izina ‘Kinyaga’...
Inkomoko y’Izina Kigali
Iri zina ry’umurwa mukuru w’u Rwanda rikaba rikomoka ku musozi wa Kigali uzwi nka “Mont Kigali”hagati y’ikinyejana cya 14 na 15 ku ngoma y’umwami Kigeli Mukobanya.Umusozi wa Kigali ( “Mont Kigali”) hari ahu u Bugesera uwitwa Cyilima Rugwe yahatuye ashaka...

